Umunyamakuru Ismael Mwanafunzi uzwi mu gukora ibyegeranyo bicukumbye byigaruriye amatwi ya benshi mu Rwanda, agiye kurushinga na mugenzi we MAHORO Claudine wamenyekanye kuri TV10.
Bitangiye kumenyekana ko abahuje umwuga, cyane cyane mu itangazamakuru mu Rwanda ko bahitamo kubana nk’umugabo n’umugore.
Mu kiganiro kigufi Mwanafunzi yagiranye na PRIMO.RW yemeje amakuru y’ubukwe bwe na Mahoro Claudine, ashimangira ko bamaze igihe mu rukundo n’ubwo byari hagati yabo gusa n’izindi nshuti zabo (...)
Jean claude Ndayambaje
Perezida wa Ferwafa, Nizeyimana Olivier yahishuye ko vuba aha mu Rwanda harubakwa Stade mpuzahanga nini binyuze mu Mpuzamashyirahamwe y’umupira w’Amaguru muri Afurika "CAF"
Mu kiganiro “Kick-Off” cyatambutse kuri Televiziyo Rwanda kuri uyu wa Gatandatu, Umuyobozi w’ishyirahamwe ry’umupira w’Amaguru mu Rwanda (Ferwafa) Nizeyimana Olivier, yemeje ko CAFigiye kubaka Stade mu Rwanda.
Yagize ati “Twaganiriye n’abayobozi ba CAF, batwemerera ko bashobora kutwubakira indi stade (...)
Raoul Nshungu
Umufaransa ukinira ikipe ya Paris St Germain, Kylian Mbappe, yashyize ashyira ukuri hanze kuho yari ahagaze mu byo kuva muri iyi kipe mu isoko ry’igura n’igurishwa rishoje.
Ubwo umwaka w’imikino wa 2020-2021 wageraga ku musozo amakuru yacicikanaga avuga ku guhindura amakipe kw’abakinnyi b’ibihangange, uyu musore nawe yavugwagamo ndetse ko yagombaga kwerekeza mu ikipe ya Real Madrid yari yaragaraje ko imwifuza cyane.
Mbere y’uko kuri iki cyumweru ikipe ye ikina umukino (...)
Nubwo yihariye umupira iminota myinshi, Espagne yananiwe gutangira neza muri EURO 2020, inganya ubusa ku busa na Suède mu mukino w’umunsi wa mbere wo mu itsinda E wabereye mu mujyi wa Seville ku wa Mbere.
Ikipe y’umutoza Luis Enrique yihariye umupira kuva ku munota wa mbere ndetse yabonye uburyo bwinshi bugana mu izamu, gusa kubona igitego biranga.
Uburyo bwiza bwabonetse mu minota ya mbere ni umupira Marcus Danielson yananiwe gukuraho ari imbere y’izamu, ufatwa na Alvaro Morata wawuteye ku (...)
Mu gihe bisanzwe bimenyerewe ko ikirwa icyo ari cyo cyose kigomba kuba ari ubutaka buri rwaagati mu nyanjya cyangwa mu kiyaga, muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika ho sio ko bihora kuko ubu hamaze gufungurwa ikirwa cyo mu kirere abaturage batangiye gutembereramo no kwidagaduriramo.
Ni ikirwa kiswe "Little Island" cyubatswe mu Murwa mukuru wa New York muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika ku mugezi wa Hudson, Ikinyamakuru CNN cyo kikavuga ko ibijyanye n’intumbero yacyo kimwe n’akayabo cyatwaye bikiri (...)
Minisiteri ya Siporo yakomoreye ibikorwa bya siporo y’umupira w’amaguru, ishyiraho ibyo abanyamuryango bagomba kubahiriza mbere yo gusubukura ibikorwa.
Byatangajwe mu itangazo ryashyizwe hanze n’iyi minisiteri ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane, bavuze ko amashyirahamwe y’imikino agomba kubanza kwerekana uburyo abanyamuryango babo bazirinda Covid-19 hanyuma bakabona kubaha uburenganzira bwo gukina amarushanwa.
Muri iri tangazo kandi bavuze ko imyitozo yemerewe gusubukurwa ku bafite amarushanwa (...)
MUTUNGIREHE SAMUEL
Minisitiri wa Siporo Munyangaju AUrore Mimosa yavuze ko impinduka zabaye muri siporo zo guhagarika shampiyona y’igihugu y’umupira w’amaguru byatewe n’ibyo biboneye mu bugenzuzi bakoze, basanga hari abakinnyi bagiye mu kibuga baranduye COVI-19 ahandi batekenitse raporo ko abakinnyi ari bazima. Minisitiri Munyangaju Aurore ubanza ibumoso, ari kumwe n’abandi baminisitiri mu kiganiro n’itangazamakuru
Yabitangaje mu kiganiro n’itangazamakuru, tarikiya 16 Ukuboza 2020, cyahuriyemo (...)
Chadwick Aaron Boseman wamamaye nuri filime ya Black Panther nka T’Challa ari umwami wa Wakanda, yitabye Imana azize kanseri y’amara.
Itangazo ryacishijwe ku rukuta rwa Twitter rwe, ryavugaga ko yari amaze igihe kinini abana n’ubu burwayi. Riti “Indwanyi nyayo, Chadwick yakomeje kwihangana abinyuramo, ndetse anabaha filime mwakunze cyane. Kuva kuri ‘Marshall’ kugera kuri ‘Da 5 Bloods’ n’izindi’.
Rikomeza rivuga ko zose yagiye azikina afite ubu burwayi bwari bumumereye nabi, kuko yabaga ari (...)
By Imfurayabo Pierre
Simba SC iri ku mwanya wa mbere muri Shampiyona ya Tanzania ni yo ishobora kwegukana rutahizamu w’Umunya-Ghana, Michael Sarpong, uheruka kwirukanwa na Rayon Sports.
Michael Sarpong wari gusoza amasezerano ye mu mpeshyi, yirukanwe na Rayon Sports muri Mata kubera amagambo yavuze ku muyobozi wayo, Munyakazi Sadate, ko “nta bushobozi afite bwo kuyobora ikipe.”
Uyu mukinnyi w’imyaka 24 ukomoka muri Ghana, amaze iminsi yifuzwa n’amakipe yo muri Tanzania arimo Yanga SC na Simba (...)
By Imfurayabo Pierre
Ubwo yari mu kiganiro kuri ISIBO TV umuhanzi yvan buravan yavuzeko we na shaddyboo bakundana
Umwe mubakobwa bazwi cyane ku mbugankoranyambaga mu rwanda no kw’isi muri rusange shaddyboo ubwe yavuzeko mubahanzi akunda harimo na yvan buravan.
nyuma yuko uyu mukobwa atangajeko akunda yvan buravan, nyirubwite nawe YVAN BURAVAN yaje kubyemeza ubwo yari mukiganiro kuri televiziyo.
Abajijwe n’umunyamakuru Philpeter
umuhanzi Yvan Buravan yagize ati “shaddyboo ndamukunda, (...)
By Imfurayabo Pierre
Nsengiyumva François umaze kwamamara nka Igisupusupu, yashyize hanze indirimbo nshya yise ‘Isubireho’ ikebura abakobwa bakora umwuga wo kwicuruza. Iyi ndirimbo yagiye hanze kuri uyu wa Gatatu tariki 10 Kamena 2020, irimo ubutumwa bukebura abakobwa cyangwa se abahungu bishora mu ngeso mbi cyane cyane iz’ubusambanyi.
Ishushanya umukobwa uba warananiye iwabo akajya ararana n’abasore mu mahoteli, kugeza aho bamufashe ku ngufu bakamukoresha imibonano mpuzabitsina barenze umwe. (...)
Umuhanzi Chriss Easy yahamagajwe na RIB ku nshuro ya kabiri
20 February 2023Umuhanzi Celine Dion arembejwe n’indwara idakira
9 December 2022Abandi banyamakuru bakomeye bagiye kurushinga
22 May 2023Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.