Tuesday . 7 May 2024

INKURU ZIGEZWEHO

  • 7 May » Nyabihu: Hari abaturage babura uko bageza umusaruro wabo ku isoko – read more
  • 7 May » Perezida Kagame yagaragaje uko urubyiruko rwatera imbere – read more
  • 6 May » Rutsiro: Abahinzi ba kawa bavuga ko bashyirirwaho ibiciro mu buryo budasonutse – read more
  • 6 May » Nyabihu: Hari ishuri ritagira aho Abarimu bategurira amasomo – read more
  • 6 May » Burundi: Barindwi bakomerekejwe na Grenade zatewe mu Kamenge – read more

Nyuma y’imyaka 2 Afurika y’Epfo yohereje uyihagarariye mu Rwanda

Thursday 3 December 2020
    Yasomwe na

Nyuma y’Imyaka irenga ibiri igihugu cya Afurika y’epfo kivanye Ambasaderi wacyo mu Rwanda, uyu munsi tariki ya 3 Ukuboza 2020, cyohereje ugihagarariye ari we Designate Mandisi Bongani Mabuto Mpahlwa.

Kuva mu Kuboza 2018 ni bwo uwari uhagarariye Afurika y’epfo mu Rwanda, Goerge Twala yakuwe kuri izo nshingano kugeza ubu akaba ari nat wundi wari wamusimbura.

Designate Mandisi Bongani Mabuto Mpahlwa yagejeje impapuro zimusabira guhagararira Afurika y’Epfo mu Rwanda, azishyikiriza Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga w’u Rwanda, Dr. Biruta Vincent mu biro bye.

Iburyo ni Minisitiri Dr. Biruta Vincent yakira impapuro zisabira Designate Mandisi Bongani Mabuto, w’ibumoso, guhagararira u Rwanda/Foto Minafet

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga Dr. Biruta yavuze ko wabaye n’umwanya mwiza wo kiganira ku buryo bwo gushyira imbaraga mu mubano hagati y’ibihugu byombi wigeze kuzamo agatotsi.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is moderated before publication: your contribution will only appear after being validated by an administrator.

Who are you?
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru