Monday . 16 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 16 March » Trump arasaba ibihugu kumufasha kurinda inzira ya Strait of Hormuz – read more
  • 13 March » Donald Trump yatangaje ko yashimishijwe no kwica abayobozi ba Iran – read more
  • 12 March » Inkangu zahitanye abantu 60 muri Ethiopia – read more
  • 11 March » U Rwanda rwitabiriye PISA 2025 mu rwego rwo kunoza ireme ry’uburezi, ntabwo ari amarushanwa – read more
  • 11 March » M23 yemeje ko FARDC yarashe muri Goma – read more

ABAGORE IBIHUMBI 300 KU MWAKA BAPFA BARI KUBYARA

Friday 29 March 2019
    Yasomwe na

By Imfurayabo Pierre Romeo
Ubushakashatsi buherutse gusohoka bwerekanye ko abagore ibihumbi 300 kwisi hafi ya bose bava mu bihugu biri munzira y’amajyambere aribo bapfa mari kubyara
Ubwo bushakashatsi bwakozwe na kaminuza Queen Mary ry’i Londres mu gihugu cy’Ubwongereza, buzwi ko ari bwo bushakashatsi bukomeye butari bwigere bubaho kuri icyo kibazo.

Abashakashatsi bakoze ku bagore batwite bagera kuri miliyoni 12. Abashakashatsi batangaje ko umubare munini w’abagore bashobora gupfa bari kubyara arabao mu bihugu bikiri mu nzira y’amajyambere.

Ubu bushakashatsi kandi bwagaragaje ko umubare w’abagore bashobora guhitanwa n’inda mu gihe babyara umubare wabo wikubye ijana mu bihugu biri mu nzira y’amajyambere kurusha abagore bakomoka mu bihugu byateye imbere nk’ubwongereza.

Abakoze ubu bushakashatsi bagiriye inama abagore bageze mu bigehe cyo kubyara babazwe ko bajya basaba bakabagwa n’abaganga babifitiye ububasha kugira ngo babashe kurokora ubuzima bwabo nabo batwite.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru