Hon. Masozera wo mu ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije mu (Rwanda Green party of Rwanda) yasabye Abarwanashyaka ko bakwiye guhangana n’ibiyobyabwenge nk’abantu baturiye umupaka. Ibi yabigarutseho kuri iki Cyumweru ubwo yari yaje mu nama ikomatanyije n’amahugurwa y’Abarwanashyaka yabereye mu karere ka Gicumbi.
Dusengima Domithila n’umurwanashyaka wa Green Party avuga ko bagiye gukomeza kwigisha ndetse bagatangira amakuru ku gihe .
Ati”Guhangana n’ibiyobyabwenge (…)
Mutugirehe Samuel Kuri uyu wa Mbere tariki ya 20 Nzeri ni bwo is yose yarimo ikurkirana imikirize y’urubanza rwa Paul Rusesabagina n’abo bareganwa, bose hamwe bagera kuri 21.
Isomwa ry’urubanza ryarangiye Rusesabagina ahamwe n’ibyaha aregwa, ibyaha bifitanye isano n’ibikorwa by’iterabwoba wa MRCD/FLN akatirwa n’igihano cy’imyaka 25 mu gihe Nsabimana Callixte uzwi nka Sankara wari umuvugizi wawo yakatiwe imyaka 20.
Minisitiri w’Intebe wungirije w’Ububiligi, Sophie Wilmes, akibyumva (…)
Mutungirehe Samuel
Ishyirahamwe ry’Ibihugu byo ku mugabane w’Uburayi (EU) ryaraye rishyizeho uburyo bw’ikoranabuhanga bwa telefone ngendanwa bwemerera umuturage wo mu bihugu bigize uwo muryango ko yakingiwe inkingo zose za COVID-19.
Iryo koranabuhanga rizafasha abakingiwe kwemererwa kuva mu gihugu kimwe ajya mu kindi kuri uwo mugabane nk’uko byari bisanzwe mbere ya Covid.
Rije kandi ryiyongera ku kindi cyemezo cy’urupapuro rw’inzira umuryango EU wamaze gushyira hanze ruzatuma nta (…)
MUTUNGIREHE SAMUEL
Umutegetsi w’Ikirenga wa Koreya ya Ruguru, Kim Jong-un, yirukanye abayobozi bakuru mu butegetsi bwe ku mpamvu atatangaje neza ariko zifite aho zihuriye n’icyorezo cya Coronavirusi.
Ubundi Koreya ya Ruguru yashishurije isi ko nta muturage wayo numwe wigeze yandura Coronavirusi ku butaka bwayo cyane ko gisa n’ikibera mu kirwa kuko imipaka ihora ifunze nta winjira cyangwa ngo asohoke byoroshye.
Ubu burakari bwafashwe na benshi ko ibintu byaba bitoroshye ku ndwara ya (…)
Ubushinjacyaha bwasabiye Paul Rusesabagina igifungo cya burundu ku byaha akurikiranyweho bifitanye isano n’iterabwoba byakozwe binyuze mu mutwe wa FLN yari mu bayobozi bawo ukagaba ibitero mu Rwanda.
Ubushinjacyaha bwasabiye Paul Rusesabagina igifungo cya burundu ku byaha akurikiranyweho bifitanye isano n’iterabwoba byakozwe binyuze mu mutwe wa FLN yari mu bayobozi bawo ukagaba ibitero mu Rwanda.
Ubushinjacyaha bwavuze ko busanga ibyaha Rusesabagina akurikiranyweho bigize impurirane (…)
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Dr Vincent Biruta, yatangaje ko Dr Monique Nsanzabaganwa usanzwe ari Visi Guverineri wa Banki Nkuru y’Igihugu (BNR), yatanzwe nk’umukandida w’u Rwanda ku mwanya w’Umuyobozi wungirije wa Komisiyo y’Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe.
Dr. Nsanzabaganwa yari mu muhango wo kwakira abahagarariye ibihugu byabo mu Rwanda
Minisitiri yabitangaje ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane, tariki ya 3 Ukuboza 2020, ubwo Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Dr Vincent Biruta, (…)
Umuryango Equality Now uharanira uburenganzira bw’abagore, wareze Leta Zunze bumwe bwa Tanzania mu rukiko rw’Afurika rw’uburenganzira bwa muntu kubera kubuza abakobwa batwite kwiga.
Mu itangazo uyu muryango wasohoye, wavuze ko kwiyambaza urukiko ari bwo buryo bwa nyuma wari usigaranye, nyuma y’imyaka wari umaze ugerageza gutuma leta ya Tanzania yisubiraho kuri icyo cyemezo.
Leta ya Tanzania kugeza ubu iyobowe na Dr. Pombe Magufuli ntabwo irasubiza ku mugaragaro kuri uko kujyanwa mu (…)
Inkuru ducyesha Igihe .com
Perezida Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, yasabye abitegura kuba abofisiye batorezwa mu Ishuri rya Gisirikare riherereye i Gako mu Karere ka Bugesera, kwitegurira urugendo bagiye gutangira rwo kurinda inyungu rusange n’ubusugire by’igihugu.
Umukuru w’Igihugu waserutse yambaye impuzankano ya Gisirikare yasuye aba banyeshuri basaga 1000 bamaze igihe bahabwa amahugurwa n’inyigisho zitandukanye i Gako kuri uyu wa Kane, tariki ya 29 (…)
MUTUNGIREHE SAMUEL
Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga w’u Rwanda, Dr Biruta Vicent, yijeje mugenzi we w’u Burundi, Albert Shingiro, ushinzwe ushinzwe ububanyi n’amahanga n’ubutwererane mu iterambere w’u Burundi, ko u Rwanda rwiteguye gutanga umusanzu warwo mu gutuma umubano w’ibihugu byombi ugaruka ku murongo.
Yabitangaje mu mu biganiro byahuje abahagarariye ibihugu byombi, byabereye ku mupaka wa Nemba mu karere ka Bugesera, tariki ya 20 Ukwakira 2020, nyuma yo kubanza guhana ikaze ku (…)
Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yasubiye ku kazi ndetse akoresha inama zitandukanye mu biro bye, nyuma y’icyumweru bamusanzemo coronavirus.
Hashize amasaha arenga 24 Bwana Trump atagaragaza ibimenyetso bya Covid-19, ndetse amaze iminsi irenga ine adahinda umuriro, nkuko byavuzwe na muganga we bwite Dr Sean Conley.
Raporo ku buzima bwa Trump yatangajwe na Dr Conley igira iti: "Ibizamini by’ubuzima, birimo n’ingano ya oxygen n’igipimo cy’uburyo ahumeka, byose byagumye (…)
MUTUNGIREHE Samuel
Uyu munsi tariki ya 7 Ukwakira 2020, mu mateka y’igihugu cya Leta zunze ubumwe z’Amerika, USA, baribuka urugamba rw’intambara igihugu cyatangije yo kurwanya iterabwoba na n’ubu itarahagarara ikaba imaze kugwamo no gukomerekeramo abarenga ibihumbi 800 hirya no hino ku isi utabariyemo abo imaze kugira impunzi.
Tariki ya 11 Nzeri mu 2001 ni bwo ibyihebe byo mu mutwe w’iterabwoba wa Al-Qaida biyobowe na Osama Bin Laden byagabye ibitero bitazibagirana kuri Leta Zune Ubumwe (…)
Gasabo na Nyarugenge babonye ababahagariye bashya muri Green Party
14 December 2025, by Valens NzabonimanaMushikiwabo nk’umukandida uzahagarira u Rwanda ku buyobozi bwa OIF
13 January 2026, by Valens Nzabonimana
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.























