Tuesday . 3 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Gicumbi: Abarwanashyaka ba Green Party basabwe guhangana n'ibiyobyabwenge

Hon. Masozera wo mu ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije mu (Rwanda Green party of Rwanda) yasabye Abarwanashyaka ko bakwiye guhangana n’ibiyobyabwenge nk’abantu baturiye umupaka. Ibi yabigarutseho kuri iki Cyumweru ubwo yari yaje mu nama ikomatanyije n’amahugurwa y’Abarwanashyaka yabereye mu karere ka Gicumbi.
Dusengima Domithila n’umurwanashyaka wa Green Party avuga ko bagiye gukomeza kwigisha ndetse bagatangira amakuru ku gihe .
Ati”Guhangana n’ibiyobyabwenge (…)

Ambasaderi Rugwabiza yahawe umwanya muri Loni
Ambasaderi Rugwabiza yahawe umwanya muri Loni

Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye (L’ONU) Antonio Guterres yahaye Amb. Valentine Rugwabiza inshingano zo kuyobora ubutumwa bw’uyu muryango muri Centrafrique biswe MINUSCA.
Amb. Rugwabiza azatangira inshingano nshya mu mpera z’uku kwezi, asimbuye Mankeur Ndiaye wayobora Ubutumwa bwa MINUSCA guhera mu mwaka wa 2019.
Bisa n’ibihuriranye nuko Perezida Kagame amusimbuje Amb. Claver Gatete wari usanzwe ari Minisitiri w’ibikorwa remezo mu Rwanda.
United Nations Multidimensional (…)

424 Shares 4 Comments
Guinea-Bissau: Abantu 'benshi' bishwe nyuma y'igerageza ryo guhirika ubutegetsi
Guinea-Bissau: Abantu ’benshi’ bishwe nyuma y’igerageza ryo guhirika ubutegetsi

Perezida wa Guinée-Bissau avuga ko igerageza ryo guhirika ubutegetsi muri iki gihugu cyo muri Afurika y’uburengerazuba ryiciwemo abashinzwe umutekano benshi.
Umaro Sissoco Embaló yavuze ko ibintu byasubiye mu buryo, anavuga ko ibyabaye ari "igitero cyapfubye cyagabwe kuri demokarasi". Nkuko tubikesha BBC
Ku wa kabiri, amasasu yumvikanye hafi y’inyubako ya leta mu murwa mukuru Bissau, aho amakuru avuga ko Perezida yari mu nama n’abaminisitiri.
Abasirikare bivugwa ko bafunze Perezida (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Biravungwa ko U Bufaransa bushobora kuvana ingabo zabwo muri Mali nyuma yo kwirukana Ambasaderi wabwo
Biravungwa ko U Bufaransa bushobora kuvana ingabo zabwo muri Mali nyuma yo kwirukana Ambasaderi wabwo

U Bufaransa bwatangaje ko bugiye kwiga ku kuvana ingabo zabwo muri Mali, nyuma y’uko ambasaderi wabwo muri icyo gihugu ahawe amasaha 72 ngo abe yasubiye iwabo.
Ambasaderi Joel Meyer yirukanywe ku wa Mbere nyuma y’amagambo yavuzwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Jean Yves Le Drian, akarakaza ubutegetsi bwa Mali.
Le Drian yavuze ko ubutegetsi bwa gisirikare buyoboye Mali butemewe kuko bwishyizeho. Ni amagambo yavuzwe nyuma y’iminsi u Bufaransa budacana uwaka n’icyo gihugu cyo mu (…)

424 Shares 4 Comments
Uganda yarekuye abandi Banyarwanda 58 bamaze igihe bafunzwe mu buryo butemewe n'amategeko
Uganda yarekuye abandi Banyarwanda 58 bamaze igihe bafunzwe mu buryo butemewe n’amategeko

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kane tariki ya 27 Mutarama 2022, Uganda yaherereje Abanyarwanda 58 barimo abagabo 47, abagore batandatu n’abana batanu, hakiyongeraho n’undi muntu umwe ukomoka mu Burundi, bari bamaze igihe bafungiwe muri icyo gihugu mu buryo butemewe n’amategeko, bakiriwe ku mupaka wa Kagitumba.
Nubwo iki gihugu cyari gisanzwe kirekura buhoro buhoro Abanyarwanda cyafungiyeyo ku mpamvu zitarasobanuka neza ariko kuri ubu ibihugu byombi biri kugerageza kuzahura umubano umaze (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
U Rwanda rugiye kwakira inama y'Ihuriro Nyafurika ry'Abagaba b'ingabo zirwanira mu kirere
U Rwanda rugiye kwakira inama y’Ihuriro Nyafurika ry’Abagaba b’ingabo zirwanira mu kirere

U Rwanda rwiteguye kwakira inama ya 11 y’Ihuriro Nyafurika ry’Abagaba b’ingabo zirwanira mu kirere (African Air Chiefs Symposium: AACS) izabera i Kigali kuva ku wa 24 kugeza ku wa 28 Mutarama 2022.
Byatangajwe na Minisiteri y’Ingabo z’u Rwanda ku rukuta rwayo rwa Twitter, rivuga ko abagera ku 160 bavuye mu bihugu 40 bigize ihuriro ry’imitwe y’ingabo zirwanira mu kirere muri Afurika (Association of African Air Forces: AAAF) ari bo bazitabira iyo nama aho bazaganira ku ngamba zo kugeza ku (…)

424 Shares 4 Comments
Umurwa Mukuru wa Indonesia ugiye kwimurirwa Nusantara
Umurwa Mukuru wa Indonesia ugiye kwimurirwa Nusantara

Kuri uyu wa Kabiri Abadepite bagize Inteko Ishinga Amategeko ya Indonesia batoye itegeko ryimurira Umurwa Mukuru mu Mujyi wa Nusantara muri Kalimantan, aho kuba Jakarta nk’uko byari bisanzwe.
Kalimantan iherereye mu Burasirazuba bw’ikirwa cya Borneo. Izina rishya ry’Umurwa Mukuru risobanuye ‘umwigimbakirwa’ mu rurimi rwo muri icyo gihugu.
Nusantara ahateganyijwe kwimurirwa Ingoro y’Umukuru w’Igihugu
Jakarta ahasanzwe Umurwa Mukuru wa Indonesia
Kwimura Jakarta, byatewe n’ibibazo (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
DRC: Visi Perezida w'Inteko Ishinga amategeko yanze agasuzuguro aregura
DRC: Visi Perezida w’Inteko Ishinga amategeko yanze agasuzuguro aregura

Visi-Perezida wa Mbere w’Inteko Ishinga Amategeko ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Jean-Marc KABUND-A-KABUND, yeguye ku nshingano ze kubera ko abamurinda baherutse gusuzugurwa baranakubitwa.
Kabund yatangaje ko afashe iki cyemezo nyuma y’uko abapolisi bamurinda bakubiswe n’abasirikare barinda Perezida wa Repubulika.
Byatangiye ubwo abapolisi barinda KABUND-A-KABUND bafata umwe mu basirikare barinda Umukuru w’igihugu n’abagize umuryango we, la Garde Républicaine, wari uri mu (…)

424 Shares 4 Comments
Koreya ya Ruguru igiye kugerageza igisasu Karundura cya Gatatu
Koreya ya Ruguru igiye kugerageza igisasu Karundura cya Gatatu

Umutegetsi w’Ikirenga wa Koreya ya Ruguru, Kim Jong Un, yategetse abahanga be mu byo gucura ibisasu kirimbuzi kugira vuba na bwangu bagacura Misile karundura ya Gatatu, bagakaza ubwirinzi bw’igihugu cye, mu cyo yise Gukaza imbaraga za Gisirikare.
Yabitangaje kuri uyu wa Gatatu ubwo yagaragaye yitegereza aho imirimo yo kwitegura kugerageza igisasu cyo mu bwoko bw’ibyitwa "Hypersonic", bifite umuvuduko ukubye kabiri uw’ijwi.
Uyu mutegetsi udakangwa n’ibihano igihugu cye gishyirirwaho (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Inkundura y'uzasimbura Perezida Buhali yatangiye
Inkundura y’uzasimbura Perezida Buhali yatangiye

Inkundura yo gushaka uzasimbura Perezida Muhammadu Buhari wa Nigeria yatangiye, ku ikubitiro abagabo babiri, David Umahi na Bola Ahmed Tinubu Adekunle Asiwaju bigaragaje ko buri umwe ashaka kwicara ku ntebe isumba izindi muri iki gihugu Kiri my bikize ku mugabane w’Afurika.
Uyu David Umahi asanzwe ari guverineri wa Leta ya Ebonyi, mu gihe Tinubu ari umuyobozi w’ishyaka riri ku butegetsi All Progressive Congress akaba yarigeze no kuyobora Umurwa Mukuru Legos kuva 1999 kugeza 2007. (…)

424 Shares 4 Comments
19 bishwe n'igisasu cyatewe mu ntara ya Tigray
19 bishwe n’igisasu cyatewe mu ntara ya Tigray

Mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere, abantu 19 bahitanwe n’igisasu cyaturikiye mu Majyepfo y’intara ya Tigray ishyamiranye na Leta ya Ethiopia.
Ni igisasu cyaturikiye mu mujyi wa Mai Tsebri aho 17 bahise bahasiga ubuzima nk’uko byatangajwe n’umukozi uri mu bikorwa by’ubutabazi muri ako gace.
Icyo gisasu gituritse mu gihe hashize iminsi mike Perezida wa Amerika Joe Biden azamuye ijwi ku bitero nk’ibyo birimo gukorwa na Minisitiri w’intebe wa Ethiopia, Dr. Abiy Ahmed.
Uwo mutangabuhamya (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru