Ibiro bya Papa Francis byatangaje ko azasura Repubulika ya Demukarasi ya Congo hatari y’Italiki 31, Mutarama n’Italiki 3, Gashyantare, 2023.
Byatangajwe n’Umuvugizi w’Ibiro bya Papa, Mgr Ettore Balestrero mu kiganiro yagiranye na Perezida wa DRC, Felix Tshisekedi, cyabaye kuri uyu wa Kane Taliki 01, Ukuboza, 2022.
Kuri gahunda y’ingendo za Papa Francis handitseho ko nava muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo azakomereza muri Sudani y’Epfo nk’uko byari bipanze na mbere ubwo gahunda yasubikwaga (...)
Ibiro bya Papa Francis byatangaje ko azasura Repubulika ya Demukarasi ya Congo hatari y’Italiki 31, Mutarama n’Italiki 3, Gashyantare, 2023.
Byatangajwe n’Umuvugizi w’Ibiro bya Papa, Mgr Ettore Balestrero mu kiganiro yagiranye na Perezida wa DRC, Felix Tshisekedi, cyabaye kuri uyu wa Kane Taliki 01, Ukuboza, 2022.
Kuri gahunda y’ingendo za Papa Francis handitseho ko nava muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo azakomereza muri Sudani y’Epfo nk’uko byari bipanze na mbere ubwo gahunda yasubikwaga (...)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Abitabiriye ihuriro ryigaga ku iyobokamana n’ubucuruzi rimaze iminsi 3 ribera mu karere ka Musanze basabwe kuba umusemburo wo kwamamaza ubutumwa bw’Imana bufatanyije n’ubucuruzi bwuguka ariko birinda igisa na ruswa.
Mu kiganiro cyatanzwe na Rev. Pasiteri Dorian wrigley waje aturutse muri Afurika yepfo, yavuze ko muri iki gihe abantu benshi basaritswe n’ubujura ndetse na ruswa aho gukorera Imana mu bucuruzi bwabo.
Yagize ati: "Abantu bakwiye gushyira (...)

Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Uwiduhaye Micheline wo mu Karere ka Rubavu usanzwe uzwi mu kwigisha gucuranga gitari, yatangiye urugendo rwo gukora umuziki nk’umuhanzi wigenga.
Uwiduhaye Micheline ni umunyempano mushya, indirimbo ye ya mbere yasohoye yayise “Ngomorera.’’
Impano ya Uwiduhaye yatangiye kugaragara cyane ubwo yifataga amashusho asubiramo indirimbo z’abandi yifashishije gitari.
Nyuma yo kubona uko acuranga neza akanabyigisha abandi, Uwiduhaye avuga ko yahise agira igitekerezo cyo (...)
Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Abantu bitwaje intwaro batwitse Kiliziya yitiriwe Bikiramaliya wa Nchang muri Cameroun banashimuta abagera ku munani, barimo abapadiri 5, umubikira 1 n’abakirirsitu 2.
Gusa kugeza magingo ntawe urigamba ubu bugizi bwa nabi bwabereye hariya.
Iki gikorwa cy’ubugizi bwa nabi cyabaye kuri uyu wa 18 Nzeri, nyuma yuko abandi bagizi ba nabi baje bagatwika kiliziya.
Iyi kiliziya yatwitswe ku wa 16 Nzeri, nabwo bigakorwa n’abantu batigeze bamenyekana.
Icyakora, nkuko (...)

Yanditswe NIMUGIRE Fidelia
Umushumba Mukuru wa Kiliziya Gatulia ku Isi, Papa Francis yateje igihuha nyuma yaho asubitse uruzinduko yari kugirira muri ku mugabane w’Afurika ndetse n’inama yari guhuriramo n’aba Karidinari iagsubikwa igitaraganya,gusa abahanga bavuze ko bica amarenga ko haba harimo gutegurwa iyegura ry’uyu mutegetsi.
Kubera uburibwe bwinshi afite mu ivi byatumye ategekwa agendera mu kagare k’abafite ubumuga guhera ibyumweru bishize.
Papa Francis w’imyaka 85 yasubitse (...)
Umukobwa Furaha Florence, ukomoka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo wendaga guhabwa Ububikira mu kigo cyabo cyo mu Karere ka Ngoma wari uherutse kwandika ibaruwa iteye urujiji yarangiza akaburirwa irengero yishyikirije RIB ya Kigali.
Inkuru y’ibura ryo uyu mukobwa Furaha yabonetse tariki 11 Gicurasi 2022, aho inzego z’ibanze zavugaga ko uyu mubikira yabuze tariki 08 Gicurasi.
Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), Dr Murangira B. Thierry yatangaje ko uyu mukobwa (...)

Umuvugabutumwa muri Nigeria ari mu mazi abira nyuma yo kubwira abantu ko azi irembo ryabageza mu ijuru riri mu Majyepfo ashyira Iburengerazuba bw’icyo gihugu, ariko agashyiraho ko babanza gutanga amafaranga.
Pasitori Ade Abraham yarezwe muri polisi n’umwe mu nshuti ze za hafi, avuga ko uyo mu pasitoro yamuciye amafaranga 310.000 by’amanaira (amafaranga yo muri Nigeria), angana n’amadorari y’abanyamerika 750, kugira ngo bashobore kubona iryo rembo avuga ko riri mu mugi wa Araromi-Ugbeshi, mu (...)
Ku mbuga ngari y’Ikibaya cy’Amahoro hazwi nko "Kwa Yezu Nyirimpuhwe" mu Karere ka Ruhango hagiye kubakwa Ingoro y’Amahoro nini izuzura itwaye akayabo ka Miliyari 2 z’amafaranga y’u Rwanda.
Ubusanzwe Kwa Yezu Nyirimpuhwe hamenyekanye cyane kubera abahasengera bavuga ko bahakiriye indwara zitandukanye, habera amateraniro manini buri cyumweru cya mbere cy’ukwezi, hagahurira Abanyarwanda baturutse hirya no hino mu gihugu ndetse n’abanyamahanga bavuye impande zose z’Isi.
Ubwo Minisitiri w’Ubutegetsi (...)

Yanditswe na Mutungirehe Samuel
Pasiteri Ekuma Uche Philips wo muri Benin yabiciye arabicikiriza ku mbuga nkoranyambuga, akwirakwiza amafoto yise aya Malayika, ko yafashwe na Camera zo mu rusengero mu kiswe Croisade muri icyo gihugu.
Ku rubuga rwa Facebook Dynastie Jonsaïque, Pasiteri Ekuma yanditse avuga ko abonye ibitangaza inshuro ebyiri aho malayika yabasuye batabizi.
Yagize ati "Mu by’ukuri ni igitangaza kikubye kabiri kuba Umumalayika yafashwe amafoto na za Camera mu gihe (...)
Antoine Cardinal Kambanda yahawe inshingano nshya na Papa Francis, amushinga Iyogezabutumwa rya Kiliziya Gatulika ku Isi, akazibanda cyane cyane ku mu bihugu birimo amahame atoroheye kiliziya nk’ibiri mu nzira y’Amajyambere.
Uyu ni umwanya ukomeye cyane muri Kiliziya Gatulika kuko uwuhawe aba ashyizwe mu cyo umuntu wagereranya na Minisiteri ishinzwe iyogezabutumwa ku isi.
Umuntu wese ubaye Cardinal agira aho ashyirwa muri Guverinoma ya Papa ni yo mpamvu ku wa 16 Ukuboza Papa Francis (...)










Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.