Thursday . 12 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 12 March » Inkangu zahitanye abantu 60 muri Ethiopia – read more
  • 11 March » U Rwanda rwitabiriye PISA 2025 mu rwego rwo kunoza ireme ry’uburezi, ntabwo ari amarushanwa – read more
  • 11 March » M23 yemeje ko FARDC yarashe muri Goma – read more
  • 10 March » Ibiciro byazamutseho 9.2 muri Gashyantare – read more
  • 10 March » Iran yongeye kugaba ibitero mu kigobe cy’abapersi – read more

Umwamikazi w’Ubwongereza Elizabeth II akeneye umusimbura ku buyobozi bwa Commonwealth

Sunday 22 April 2018
    Yasomwe na

Ubwo Umwamikazi w’Ubwongereza Elizabeth II yagezaga ijambo ku bitabiriye inama ya Commonwelth iri kubera I London mu Bwongereza yasabye ko yasimbuzwa igikomangoma cyo muri Wales kugira ngo uyu muryango bakomeze kuwongerera imbaraga mu gihe kiri imbere.

Elizabeth II yagize ati, “Mbikuye ku mutima ndifuza ko Commonwealth yagira imbaraga mu minsi y’ahazaza, twifuje ko umunsi umwe uyu muryango wazayoborwa n’Igikomangoma giturutse muri Wales kugira ngo cyongerere imbaraga uyu muryango watangijwe na data mu 1949.”

Umwanzuro wo kwemeza niba koko Igikomangoma cya Wales,Charles aza guhabwa uyu mwanya wo kuyobora Commonwealth byitezwe ko bizemezwa n’abakuru b’ibihugu ku munsi w’ejo ubwo bazaba bari gusoza iyi nama nkuko bbc ibitangaza.

Mu bihugu 53 biri muri uyu muryango, 19 bituruka muri Africa bikaba ari ibya koronijwe n’Abangereza ukuyemo u Rwanda na Mozambique byinjiyemo vuba, mu gihe igihugu nka Zimbabwe cyavuye muri uyu muryango muri 2003 kubera amatora ataranyuze mu mucyo.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru