Sunday . 30 March 2025

INKURU ZIGEZWEHO

Burera: Ubukarabiro bwahindutse ikimoteri

Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Burera, Mu Murenge wa Rugarama barasaba ubuyobozi kwita ku bukarabiro bwo kunoza isuku bwahindutse ikimoteri.
Aba baturage babitangarije umunyamakuru wa Mamaurwagasabo TV ubwo yageraga ku isoko rya Rugarama ahubatse ubu bukarabiro asanga busigaye bujugunywaho imyanda.
Umwe mu baturage witwa Niyomwungeri yagize ati: "Ubu bukarabiro bwahindutse nk’ingarani, basigaye babwihagarika impande, twasaba ubuyobozi ko bwashyiramo imbaraga bakabwitaho bukagira isuku" (...)

Burera: Ubukarabiro bwahindutse ikimoteri
Burera: Ubukarabiro bwahindutse ikimoteri

Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Burera, Mu Murenge wa Rugarama barasaba ubuyobozi kwita ku bukarabiro bwo kunoza isuku bwahindutse ikimoteri.
Aba baturage babitangarije umunyamakuru wa Mamaurwagasabo TV ubwo yageraga ku isoko rya Rugarama ahubatse ubu bukarabiro asanga busigaye bujugunywaho imyanda.
Umwe mu baturage witwa Niyomwungeri yagize ati: "Ubu bukarabiro bwahindutse nk’ingarani, basigaye babwihagarika impande, twasaba ubuyobozi ko bwashyiramo imbaraga bakabwitaho bukagira isuku" (...)

424 Shares 4 Comments
Kicukiro batangije ibikorwa bizasiga isuku ibaye umuco mu baturage
Kicukiro batangije ibikorwa bizasiga isuku ibaye umuco mu baturage

Akarere ka Kicukiro katangije ubukangurambaga buzafasha abaturage kwimakaza isuku n’umutekano bugasiga isuku ibaye umuco mu baturage hagamijwe imibereho myiza.
Ni ubukangurambaga bwatangirijwe mu murenge wa Kigarama kuri uyu wa bwibanda ku mazi, isuku n’isukura, bukazamara amezi ane ari imbere.
Ubukangurambaga bwaranzwe n’ibikorwa by’isuku n’isukura byahuriwemo n’ubuyobozi bw’akarere ka Kicukiro n’abafatanyabikorwa bako "waterforpeople" hamwe n’abaturage; batoraguye imyanda ndetse bashyiraho (...)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Menya amoko 13 y'ibisabantu na 85 y'inyamabere zibarizwa muri Pariki ya Nyungwe
Menya amoko 13 y’ibisabantu na 85 y’inyamabere zibarizwa muri Pariki ya Nyungwe

Pariki y’igihugu ya Nyungwe ni ishyamba cyimeza ribarizwa mu burengerazuba bw’amajyepfo y’u Rwanda, rikaba rifite umwihariko udasanzwe mu gukurura ba mukerarugendo cyane ko ubu iyi Pariki yamaze gushyirwa mu murage w’Isi (UNESCO).
Mu Ishyamba rya Nyungwe harimo amoko 13 y’ibisabantu (primates), (inyamanswa zifite imisusire ijya gusa n’iya muntu, harimo amoko arenga 85 y’inyamabere, habarizwamo kandi amoko 1250 y’ibimera bitandukanye, harimo amoko 50 y’ibishihe, amoko 133 ya ‘Orchidées’ (indabo (...)

424 Shares 4 Comments
ABAHINZI BIJEJWE UBUVUGIZI KU MBOGAMIZI ZIKIGARAGARA MU KUHIRA
ABAHINZI BIJEJWE UBUVUGIZI KU MBOGAMIZI ZIKIGARAGARA MU KUHIRA

Abakora ubuhinzi bijejwe gukorerwa ubuvuguzi hagakemurwa ibibazo byugarije gahunda yo kuhira imyaka, birimo igiciro cy’umuriro gihanitse kigenda ku mashini zizamura amazi.
Mu nama Nyungurabitekerezo yabaye ku wa 21 Kamena 2024, yateguwe n’Ihuriro ry’imiryango nyarwanda itegamiye kuri Leta ishyigikiye ibikorwa by’amajyambere y’ibanze CCOAIB(Conseil de Concertation des Organisations d’Appui aux Initiatives de Base) ku bufatanye na Never Again Rwanda ku nkunga y’Ikigo Nterankunga cy’Ubusuwisi, (...)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Urubyiruko rw'u Rwanda rwiyemeje gushyira akadomo ku iyangirika ry'ibidukikije
Urubyiruko rw’u Rwanda rwiyemeje gushyira akadomo ku iyangirika ry’ibidukikije

Urubyiruko rwa bamwe mu basore n’inkumi, kimwe n’abandi batandukanye batangije umuryango uharanira kurengera ibidukikije, African Youth Environment Protection, (AYEPI) bakizera ko bagiye gutanga umusanzu waburaga mu kugira Isi nziza.
Uhagarariye uyu muryango mu mategeko, (Legal Representative) Papy Moise Abayisenga, yavuze ko basanze mu rubyiruko kurengera ibidukikije biriho bidashimishije kandi urwo ruhare rutangirira ku bakiri bato.
Yakomeje avuga ko ajya gufatanya na bagenzi be gushinga (...)

424 Shares 4 Comments
Kuki umuturage ategekwa kwishyura inganda zishaka ibikoresho by'ibanze?
Kuki umuturage ategekwa kwishyura inganda zishaka ibikoresho by’ibanze?

Ubusanzwe inganda zigomba kwishakira ibikoresho by’ibanze zikoramo ibikoresho byazo bya nyuma zishyira ku isoko bigakundwa, bikagurwa n’abaturage. Mu Rwanda siko bimeze iyo bigeze ku nganda zitunganya umwanda w’ibituruka mu ngo z’abaturage zijya kubibyazamo umusaruro, (recycling).
Umuturage wese utuye cyangwa ukora ubuvuruzi ku butaka bw’u Rwanda asabwa kwishyura igiciro cy’amafaranga runaka, akenshi atari na make, yo guha kompanyi zitwara imyanda ziyijyana ahateganyijwe n’akarere cyangwa Umujyi (...)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Abakora isuku y'Umujyi wa Musanze bamaze amezi atatu badahembwa
Abakora isuku y’Umujyi wa Musanze bamaze amezi atatu badahembwa

Abaturage bakora isuku mu mihanda yo mu mujyi wa Musanze baravuga ko bamaze amezi atatu badahembwa, mu gihe abakoresha babo bavuze ko habaye ikibazo cy’ikorababuhanga.
Aba baturage biganjemo abagore babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yabasanganga mu mujyi wa Musanze barimo kwijujuta, basaba guhembwa amafaranga yabo.
Mu mvugo zuje amaganya bagiraga bati, "Uyu munsi nibataduhemba ejo sinzagaruka mu kazi, ubu se wamara amezi kumwe, abiri, ntafaranga ukumva unezerewe? Cyakoze (...)

424 Shares 4 Comments
Rubavu: Impungenge ku kiraro kiri guhitana abantu abandi bagakomereka
Rubavu: Impungenge ku kiraro kiri guhitana abantu abandi bagakomereka

Bamwe mu baturage bo mu kagari ka Busoro, mu murenge wa Nyamyumba mu karere ka Rubavu, bafite impungenge zikomeye nyuma yaho ikiraro bakoreshaga gisenyutse ntigisanzwe none cyatangiye guhitana ubuzima bw’abaturage abandi bakahakomerekera.
Hashize iminsi mike iki kiraro gisenyutse ariko ntabwo kirasanwa, mu gihe nyamara hari abagikoresha inzira yacyo, bagenda bakikira iruhande rwaho cyasenyukiye, barimo n’abana b’abanyeshuri baba bagiye ku ishuri, ibi bikarushaho gutera impungenge.
Umwe mubo (...)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Umuntu n'ibidukikije bihanganye n'ingaruka z'imyuka ihumanya ikirere
Umuntu n’ibidukikije bihanganye n’ingaruka z’imyuka ihumanya ikirere

Impuguke mu bumenyi bw’ikirere n’ubuzima bwa muntu baratanga impuruza ko niba nta gikozwe mu kugabanya ibyuka bisohorwa n’ibinyabiziga n’imashini bifite za moteri, abantu bazakomeza guhura n’ingaruka zo kurwara indwara z’ubuhumekero mu buryo budasanzwe no kugira imihindagurikire y’ibihe idasanzwe.
Impuguke zibivuga zihereye ku bigaragara muri ibi bihe, aho indwara z’ubuhumekero ziyongereye mu bantu cyane muri Afurika n’u Rwanda rutavuyemo. Ngo impamvu zibitera ziracyari nyinshi, zirimo n’ibyuka (...)

424 Shares 4 Comments
Pariki ya Nyungwe yanditswe mu murage w'Isi
Pariki ya Nyungwe yanditswe mu murage w’Isi

Yanditswe na Samuel Mutungirehe
Nyuma y’igihe kitari gito u Rwanda rusabye ko imwe mu mitungo yarwo irimo na Pariki ya Nyungwe ishyirwa mu murage w’Isi, Ishami rya UNESCO, kuri uyu wa Kabiri inzozi zabaye impamo.
Pariki y’Igihugu ya Nyungwe iherereye mu Majyepfo no mu Burengerazuba bw’u Rwanda, yabaye site ya mbere yo mu Rwanda yashyizwe na UNESCO mu Murage w’Isi.
Ni ubusabe u Rwanda rwakoze burimo iyi pariki hamwe n’inzibutso 4 za Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho nazo ziza gutangarizwa (...)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru