Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Burera, Mu Murenge wa Rugarama barasaba ubuyobozi kwita ku bukarabiro bwo kunoza isuku bwahindutse ikimoteri.
Aba baturage babitangarije umunyamakuru wa Mamaurwagasabo TV ubwo yageraga ku isoko rya Rugarama ahubatse ubu bukarabiro asanga busigaye bujugunywaho imyanda.
Umwe mu baturage witwa Niyomwungeri yagize ati: "Ubu bukarabiro bwahindutse nk’ingarani, basigaye babwihagarika impande, twasaba ubuyobozi ko bwashyiramo imbaraga bakabwitaho bukagira isuku" (...)
Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Burera, Mu Murenge wa Rugarama barasaba ubuyobozi kwita ku bukarabiro bwo kunoza isuku bwahindutse ikimoteri.
Aba baturage babitangarije umunyamakuru wa Mamaurwagasabo TV ubwo yageraga ku isoko rya Rugarama ahubatse ubu bukarabiro asanga busigaye bujugunywaho imyanda.
Umwe mu baturage witwa Niyomwungeri yagize ati: "Ubu bukarabiro bwahindutse nk’ingarani, basigaye babwihagarika impande, twasaba ubuyobozi ko bwashyiramo imbaraga bakabwitaho bukagira isuku" (...)
Akarere ka Kicukiro katangije ubukangurambaga buzafasha abaturage kwimakaza isuku n’umutekano bugasiga isuku ibaye umuco mu baturage hagamijwe imibereho myiza.
Ni ubukangurambaga bwatangirijwe mu murenge wa Kigarama kuri uyu wa bwibanda ku mazi, isuku n’isukura, bukazamara amezi ane ari imbere.
Ubukangurambaga bwaranzwe n’ibikorwa by’isuku n’isukura byahuriwemo n’ubuyobozi bw’akarere ka Kicukiro n’abafatanyabikorwa bako "waterforpeople" hamwe n’abaturage; batoraguye imyanda ndetse bashyiraho (...)

Pariki y’igihugu ya Nyungwe ni ishyamba cyimeza ribarizwa mu burengerazuba bw’amajyepfo y’u Rwanda, rikaba rifite umwihariko udasanzwe mu gukurura ba mukerarugendo cyane ko ubu iyi Pariki yamaze gushyirwa mu murage w’Isi (UNESCO).
Mu Ishyamba rya Nyungwe harimo amoko 13 y’ibisabantu (primates), (inyamanswa zifite imisusire ijya gusa n’iya muntu, harimo amoko arenga 85 y’inyamabere, habarizwamo kandi amoko 1250 y’ibimera bitandukanye, harimo amoko 50 y’ibishihe, amoko 133 ya ‘Orchidées’ (indabo (...)
Abakora ubuhinzi bijejwe gukorerwa ubuvuguzi hagakemurwa ibibazo byugarije gahunda yo kuhira imyaka, birimo igiciro cy’umuriro gihanitse kigenda ku mashini zizamura amazi.
Mu nama Nyungurabitekerezo yabaye ku wa 21 Kamena 2024, yateguwe n’Ihuriro ry’imiryango nyarwanda itegamiye kuri Leta ishyigikiye ibikorwa by’amajyambere y’ibanze CCOAIB(Conseil de Concertation des Organisations d’Appui aux Initiatives de Base) ku bufatanye na Never Again Rwanda ku nkunga y’Ikigo Nterankunga cy’Ubusuwisi, (...)

Urubyiruko rwa bamwe mu basore n’inkumi, kimwe n’abandi batandukanye batangije umuryango uharanira kurengera ibidukikije, African Youth Environment Protection, (AYEPI) bakizera ko bagiye gutanga umusanzu waburaga mu kugira Isi nziza.
Uhagarariye uyu muryango mu mategeko, (Legal Representative) Papy Moise Abayisenga, yavuze ko basanze mu rubyiruko kurengera ibidukikije biriho bidashimishije kandi urwo ruhare rutangirira ku bakiri bato.
Yakomeje avuga ko ajya gufatanya na bagenzi be gushinga (...)
Ubusanzwe inganda zigomba kwishakira ibikoresho by’ibanze zikoramo ibikoresho byazo bya nyuma zishyira ku isoko bigakundwa, bikagurwa n’abaturage. Mu Rwanda siko bimeze iyo bigeze ku nganda zitunganya umwanda w’ibituruka mu ngo z’abaturage zijya kubibyazamo umusaruro, (recycling).
Umuturage wese utuye cyangwa ukora ubuvuruzi ku butaka bw’u Rwanda asabwa kwishyura igiciro cy’amafaranga runaka, akenshi atari na make, yo guha kompanyi zitwara imyanda ziyijyana ahateganyijwe n’akarere cyangwa Umujyi (...)

Abaturage bakora isuku mu mihanda yo mu mujyi wa Musanze baravuga ko bamaze amezi atatu badahembwa, mu gihe abakoresha babo bavuze ko habaye ikibazo cy’ikorababuhanga.
Aba baturage biganjemo abagore babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yabasanganga mu mujyi wa Musanze barimo kwijujuta, basaba guhembwa amafaranga yabo.
Mu mvugo zuje amaganya bagiraga bati, "Uyu munsi nibataduhemba ejo sinzagaruka mu kazi, ubu se wamara amezi kumwe, abiri, ntafaranga ukumva unezerewe? Cyakoze (...)
Bamwe mu baturage bo mu kagari ka Busoro, mu murenge wa Nyamyumba mu karere ka Rubavu, bafite impungenge zikomeye nyuma yaho ikiraro bakoreshaga gisenyutse ntigisanzwe none cyatangiye guhitana ubuzima bw’abaturage abandi bakahakomerekera.
Hashize iminsi mike iki kiraro gisenyutse ariko ntabwo kirasanwa, mu gihe nyamara hari abagikoresha inzira yacyo, bagenda bakikira iruhande rwaho cyasenyukiye, barimo n’abana b’abanyeshuri baba bagiye ku ishuri, ibi bikarushaho gutera impungenge.
Umwe mubo (...)

Impuguke mu bumenyi bw’ikirere n’ubuzima bwa muntu baratanga impuruza ko niba nta gikozwe mu kugabanya ibyuka bisohorwa n’ibinyabiziga n’imashini bifite za moteri, abantu bazakomeza guhura n’ingaruka zo kurwara indwara z’ubuhumekero mu buryo budasanzwe no kugira imihindagurikire y’ibihe idasanzwe.
Impuguke zibivuga zihereye ku bigaragara muri ibi bihe, aho indwara z’ubuhumekero ziyongereye mu bantu cyane muri Afurika n’u Rwanda rutavuyemo. Ngo impamvu zibitera ziracyari nyinshi, zirimo n’ibyuka (...)
Yanditswe na Samuel Mutungirehe
Nyuma y’igihe kitari gito u Rwanda rusabye ko imwe mu mitungo yarwo irimo na Pariki ya Nyungwe ishyirwa mu murage w’Isi, Ishami rya UNESCO, kuri uyu wa Kabiri inzozi zabaye impamo.
Pariki y’Igihugu ya Nyungwe iherereye mu Majyepfo no mu Burengerazuba bw’u Rwanda, yabaye site ya mbere yo mu Rwanda yashyizwe na UNESCO mu Murage w’Isi.
Ni ubusabe u Rwanda rwakoze burimo iyi pariki hamwe n’inzibutso 4 za Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho nazo ziza gutangarizwa (...)

Kicukiro batangije ibikorwa bizasiga isuku ibaye umuco mu baturage
10 September 2024Pariki ya Nyungwe yanditswe mu murage w’Isi
20 September 2023Burera: Ubukarabiro bwahindutse ikimoteri
16 January 2025








Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.