Mu ijoro ryo kuya 26 umugabo witwa Ntakirutimana utuye mu murenge wa Rwimiyaga akarere ka Nyagatare yafashwe na polisi ndetse n’abakozi be bagera kuri batanu barafungwa bikaba byari kunshuro ya Kabiri ibi bibaye kandi ntacyaha bababonyeho.
Ibyo umugore we yise akarengane gakomeye akavuga ko birigukorwa n’umusirikare witwa Kagame Amos ngo kuko yamubwiye ko amufiteho ububasha.
Mu kababaro kenshi yagize ati ‘’ twaguze ubutaka n’umugabo witwa Mubirigi ariko ngo hari umuhungu we (…)
Mu ijoro ryo kuya 26 umugabo witwa Ntakirutimana utuye mu murenge wa Rwimiyaga akarere ka Nyagatare yafashwe na polisi ndetse n’abakozi be bagera kuri batanu barafungwa bikaba byari kunshuro ya Kabiri ibi bibaye kandi ntacyaha bababonyeho.
Ibyo umugore we yise akarengane gakomeye akavuga ko birigukorwa n’umusirikare witwa Kagame Amos ngo kuko yamubwiye ko amufiteho ububasha.
Mu kababaro kenshi yagize ati ‘’ twaguze ubutaka n’umugabo witwa Mubirigi ariko ngo hari umuhungu we (…)
Hari umuturage wo Mu karere ka Huye witwa Murebwayire M.Claire arishinganisha avuga ko amaze igihe kinini akorerwa akarengane n’abaturanyi be aho baherutse kumukubita bakamukoretsa.
Murebwayire M.Claire ni umuturage wo mu karere ka Huye umurenge wa Tumba akagari ka Cyarwa umudugudu wa Mukoni arishinganisha ku buyobozi ni nyuma yuko amaze igihe kinini akorerwa akarengane n’abaturanyi be aho baherutse no ku mubita bakamukoretsa.
Yagize ati “Akarengane nkakorerwa n’abaturanyi bange, umugabo (…)
Ni umuturage Witwa Mukayiranga Jacqueline utuye mu murenge wa Tabagwe uvuga ko yagurishirijwe isambu bikozwe n’umugabo we bakaza kumukura mu butaka bwe nyamara atazi iyo byakorewe.
Yagize ati ‘’nabonye kashe mpuruza ingezeho mpagarika ubutaka bw’abana bange nagiye kubona mbona kashe mpuruza ingezeho, kashempuruza yasabaga ko mva mubutaka’’.
Aherako agasaba ko yafashwa akarenganurwa ati ‘’nasanze yaragurishije hegitari ebyiri izo ndazireka kuko n’ubundi twari dufite enye mbaruza izo enye (…)
Niyigaba Jean Claude arasaba kurenganurwa ni nyuma yaho atenzwe nabo avuga ko ari abanyerondo bakamukoretsa bikomeye.
Niyigaba Jean Claude ukorera mu karere ka Huye umurenge wa Tumba akagari ka Cyarwa umudugudu w’Agateme mu ijoro ryo kuri uyu wa mbere yatezwe nabo avuga ko ari abanyerondo baramukomeretsa bikomeye.
Ati “Narindi mu nzira ndimo gutaha mpura n’abanyerondo batonze umurongo bambaye n’impuzankano ngizengo ndakata mu nzira nyuramo ntaha baba baranyatatse batangira kumbaza (…)
Hari abakecuru batishoboye bo mu karere ka Huye bavuga ko bambuwe na Ozuma Chicken yabaguriraga inkoko mu mushinga bari barakoze wo kwikura mu bukene.
Ni abakecuru batishoboye bibumbiye mu itsinda ryitwa Twungubumwe mu karere ka Huye umurenge wa Tumba akagari ka Cyarwa Umudugudu wa Mukoni bahawe amafaranga asaga Milliyoni 3 na Leta, bakora umushinga w’ubworozi bw’inkoko kugira ngo bikure mu bukene. None baravuga ko umushinga wa Ozima Chiken barangiwe n’ubuyobozi ngo uzajye ubagurira (…)
Ni umuturage Witwa Mukagatare Francoise utuye mu mudugudu wa Ramba, akagari ka Nyagasenyi mu murenge wa Kigabiro mu karere ka Rwamagana uvuga ko yasenyewe inzu ndetse akirukanwa mu isambuye abwirwa ko umutungo we waguzwe na RSSB nyuma akaza kumenya ko umutungo wose utaguzwe none n’umutungo wasigaye umugabo aka yarawunyazwe n’umugabo nyamara ariwo wari buzamutunge n’abana be. Uyu muturage yagize ati’’Ubuyobozi bwaraje buransenyera ibintu byarimo hano babijugunya kure aho bashakaga (…)
Abaturage batuye mu murenge wa Gisenyi, mu Karere ka Rubavu, barinubura imyitwarire ya bamwe mu banyerondo bagaragaza ko babahohotera ngo nkaho babakubita. Abaturage bo mudugudu wa Nyabagobe mu Kagari ka Nengo, baganiriye na Mama Urwagasabo bagaragaje ko babangamiwe ni myitwarire ya bamwe mu bakora irondo ry’umwuga bazwi ku izina ry’abamutekano.
Umwe mu baturage utatinye kwivuga amazina nk’uko bandi banze kubivuga yitwa Mwiseneza Ernest, utuye mu Mudugudu wa Nyabagobe, mu Kagari ka (…)
Urukiko rukuru rwa Gisirikare rwa Kanombe rwaburanishije urubanza rwubujurire rukomoka kumafaranga yibwe mu mwaka wa 2016 mu ruganda rwa LEAF TOBACO rwa Rujugiro miliyoni 2 zirenga z’amadorali y’amerika.
Ruregwamo umusiviri Rwasamanzi Emile na mukuru we CPL Ngabonziza Ephrem. Baregwa na Thierry Kanabayire wari umucungamutungo.
Ni urubanza rwaranzwe n’impaka hagati y’abunganizi, ubushinjabyaha n’inteko iburanisha.
Ku isaha ya 9h00 CPL Ngabonziza Ephrem mu (…)
Abaturage batuye mu murenge wa Nyagatare mu kagari ka Barija bavuga ko bishyuye amafaranga ngo babarurirwe ubutaka ariko kugeza magingo aya bakaba batarahabwa ibyangombwa ndetse n’amafaranga bishyuye ntibayasubizwa ubu hakaba hashize imyaka itandatu bagisiragizwa. Ni imiryango igera kuri mirongo ine yaguze ubutaka bagashaka serivisi yo kubabarurira, aho bishyuye umuseveya ngo abafashe ariko bakaba barategereje nanubu amaso akaba yaraheze mu kirere.
Uwitwa Ntanuro Jean ati’’ubu butaka (…)
Abaturage batuye mu kagari ka Kabungo mu murenge wa Kiyombe bavuga ko bahangayikishijwe n’umunyamabanga nshingabikorwa w’aka kagari ubaka amafaranga kugira ngo bahabwe serivisi bemerewe, aho ayo mafaranga bakwa yitwa ko ari aya Ejo heza nyamara ntibahabwe ubutumwa bugufi bubabwira ko bamaze kwizigamira.
Ni abaturage batuye mu kagari ka Kabungo mu murenge wa Kiyombe mu karere ka Nyagatare, bavuga ko bazengerejwe n’umunyamabanga nshingwabikorwa w’aka kagari ubasaba amafaranga ya Ejo heza ngo (…)
Bigoranye hamenyekanye ibihano Twahirwa na Basabose bakatiwe
22 December 2023
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.























