Mu rwego rwo gukomeza kunoza no kwihutisha serivisi z’ubuvuzi, Guverinoma y’u Rwanda yatangiye kugerageza porogaramu (application) ikoresha Ubwenge Buhangano (Artificial Intelligence – AI) izajya ifasha abaganga n’abaforomo gusuzuma abarwayi no gufata ibyemezo byihuse ku miti igomba gutangwa.
Iryo gerageza riri gukorwa binyuze mu mushinga wiswe Horizon 1000, uhuriyemo Guverinoma y’u Rwanda, Bill & Melinda Gates Foundation ndetse na OpenAI. U Rwanda ni rwo rwatoranyijwe nk’igihugu (…)
Mu rwego rwo gukomeza kunoza no kwihutisha serivisi z’ubuvuzi, Guverinoma y’u Rwanda yatangiye kugerageza porogaramu (application) ikoresha Ubwenge Buhangano (Artificial Intelligence – AI) izajya ifasha abaganga n’abaforomo gusuzuma abarwayi no gufata ibyemezo byihuse ku miti igomba gutangwa.
Iryo gerageza riri gukorwa binyuze mu mushinga wiswe Horizon 1000, uhuriyemo Guverinoma y’u Rwanda, Bill & Melinda Gates Foundation ndetse na OpenAI. U Rwanda ni rwo rwatoranyijwe nk’igihugu (…)
Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko imibare y’abagana ibigo by’ubuvuzi bahuye n’ihohoterwa rishingiye ku gitsina mu Rwanda yiyongereye cyane mu myaka itanu ishize, aho hiyongereyeho abarenga ibihumbi 10, ibi bikaba impamvu igaragaza ko iki ari kibazo gihangayikishije igihugu.
Ibi byatangajwe n’Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuzima, Dr. Yvan Butera, ubwo yaganiraga n’Abadepite bagize Komisiyo y’Imiyoborere, Uburinganire n’Ubwuzuzanye bw’Abagabo n’Abagore mu Nteko Ishinga (…)
Ni bamwe mu baturage barerera mu kigo cyita kubafite ubumuga gikorera mu murenge wa Ngarama akarere ka Gatsibo maze bagaruka kungorane nahuye nazo mu miryango yabo harimo gutabwa nabo bashakanye nabo guhatirwa inshingano ndetse n’ibindi nyuma yo kwibaruka abana bakavukana ubumuga.
Mukashyaka Alphonsina akaba umwe mu barerera aha yagize ati "Muri macye iyo umwana avutse afite ikibazo n’umuryango nawo uhita ugira ikibazo bigatera amakimbirane, mabukwe yagerageje kubimbwira ariko ntabwo (…)
Bamwe mu batuye mu mujyi wa Kigali,bavuga ko kwihanganira umuntu ugize ikibazo cyo kuruka mu modoka bikwiye kuba umuco ,ariko nawe agasabwa kwitwararika bigamije kudateza abandi ikibazo.
Hari abavuga ko bitangira ubona Ibiti biba ngo byiruka ,abandi amazu akagenda abakurikiye. Ni bimwe mu bimenyetso abahura n’ikibazo cyo kuruka mu modoka bagaragaza ku ikubitiro. Mu kigo gitegerwamo imodoka cya Nyabugogo ,bamwe mu bagenzi baganiye na Mama Urwagasabo Tv; bavuga (…)
Ubushakashatsi bwa karindwi ku mibereho n’ubuzima bw’abaturage (RDHS7) bwakozwe n’Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Ibarurishamibare (NISR) bugaragaza ko igwingira ry’abana mu Rwanda rikomeje kugabanuka, nubwo rikiri ikibazo gikomeye ku iterambere ry’igihugu. Raporo ya RDHS7 igaragaza ko 27% by’abana bari munsi y’imyaka itanu bagwingira, ugereranyije na 33% byagaragaye mu bushakashatsi bwa DHS 2019/2020. Iri gabanuka rifatwa nk’intambwe ishimishije, rigaragaza ko politiki n’ingamba Leta yashyizeho (…)
Ni abatuye ahari ahahariwe icyanya cy’inganda bavuga ko babangamiwe n’uruganda rutunganya ibirimbwa by’amatungo kubera umunuko utekurwa n’uru ruganda.
Emmanuel Nayituriki ni umugabo usanzwe atuye aha mu magambo ye yagize ati"izi nganda usanga harimo izirekura imyuka mibi cyane, urugero nka ruriya rutunganya ibiryo by’amatungo hamye n’urutunganya ibyuma usanga iyo imvura iguye amazi ahindura ibara kubera ibyuka birekurwa n’izo nganda kandi nanone ugasanga ziduteza umunuko aho dutuye’’. (…)
Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango Uwimana Consolée, asanga isuku ikwiye gutangirira mu bakiri bato ikaba umuco. Ibi yabigarutse ubwo hatangizwaga ubukangurambaga bwiswe FresheriKuIshuri aho yasabye abanyeshuri n’abarezi kwita ku isuku yo ku mubiri mu ngo n’aho banyura mu rwego rwo kurushaho kwimakaza isuku. Minisitiri Uwimana ubwo yifatanyaga nabo kuri Centre Scolaire Notre Dame de Fatima ku rwego rw’Intara y’Amajyaruguru, kuri uyu wa 12 Mutarama 2026.
Ati”Turifuza ko (…)
Umunyamabanga uhoraho muri Ministeri y’Ubuzima Mr. Jean Marie Vianney Ndayizigiye yagaragaje ko intego ya Leta y’u Rwanda yo kwimakaza umuco w’isuku ku baturage izagerwaho bihereye mu bakiri bato. Muri gahunda ya Guverinoma yo kwihutisha iterambere icyiciro cya kabiri NST2 u Rwanda ruteganya ko izarangira rugeze ku nteko 100% mu bikorwa byo kwimakaza isuku n’isukura ariko ngo ntibyagerwaho bidahereye mu bakiri bato nkuko Umunyamabanga uhoraho muri Ministeri y’ubuzima Jean Marie Vianney (…)
Isoko rya Gihengeri riherereye mu murenge wa Mukama mu karere ka Nyagatare aho abacururiza muri iri soko bavuga ko kuba ntabwiherero iri soko rigira ari ikibazo kibakomereye.
Mukandayisenga Amina avuga ko bagorwa no kubona aho biherera yagize ati"Usanga nyine abantu bari kujya hirya mu bisambu kubera ko hano nta bwiherero dufite nyine urumva ko ari ikibazo’’.
Naho Mukamana Aline nawe usanzwe akorera muri iri soko yagize ati‘’Hano rwose ntabwiherero tugira pe mbese twiyambaza ubwiherero (…)
Musanze: Ba Dasso baremeye umuryango wa Ntibatsekeye wa mugariye ku ruganda
Abagize Urwego rwunganira mu gucunga umutekano, DASSO bo mu karere ka Musanze, baremeye Umuryango wa Ntibansekeye Félicien ugizwe n’abantu bamugariye ku rugamba wabaga mu kimeze nk’ikibuti. Ni umuryango utuye mu Mudugudu wa Mubuga mu Kagari ka Cyanya mu umurenge wa Cyuve w’AKarere ka Musanze.
Mu butumwa yatanze Umuhuzabikorwa wa DASSO wungirije mu Karere ka Musanze, Nshimiyimana Sosthene, yavuze ko ibikorwa (…)
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.























