Mu Rwanda, icyemezo cyo kubaka urugo ntikikiri igishingiye ku rukundo gusa, ahubwo kiragenda gihinduka icyemezo gishingiye ku bushobozi. Kuri ubu, urubyiruko rwinshi ruvuga ko gutinya gushaka no gushinga ingo biterwa ahanini n’ubukungu bukomeje kugora imibereho ya buri munsi.
Abasore benshi bavuga ko kubura akazi, umushahara muto, inkwano ihenze n’ibiciro by’ibanze bikomeje kuzamuka bituma bumva ko kubaka urugo ari umutwaro batabasha kwikorera. Naho inkumi, zimwe zivuga ko gutinya gushaka (…)
Mu Rwanda, icyemezo cyo kubaka urugo ntikikiri igishingiye ku rukundo gusa, ahubwo kiragenda gihinduka icyemezo gishingiye ku bushobozi. Kuri ubu, urubyiruko rwinshi ruvuga ko gutinya gushaka no gushinga ingo biterwa ahanini n’ubukungu bukomeje kugora imibereho ya buri munsi.
Abasore benshi bavuga ko kubura akazi, umushahara muto, inkwano ihenze n’ibiciro by’ibanze bikomeje kuzamuka bituma bumva ko kubaka urugo ari umutwaro batabasha kwikorera. Naho inkumi, zimwe zivuga ko gutinya gushaka (…)
Urubyiruko rwo mu Ntara y’Iburasirazuba ruvugako kuba hatariho amasomo yihariye ku mateka y’igihugu biri mu bituma ubumwe n’ubudaheranwa butagerwaho ijana ku ijana ibi babitangaje ubwo mu karere ka Nyagatare batangizaga ukwezi kwahariwe ubumwe n’ubudaheranwa mu banyarwanda. Ni bamwe mu batuye mu karere ka Nyagatare biganjemo abakiri bato bagaragaza ko kuba nta buryo bwagenwe nyuma y’ishuri bahabwamo amasomo ku mateka y’igihugu biri mu bituma ubumwe n’ubudaheranwa butagerwaho ijana ku (…)
Mu karere ka Huye umurenge wa Tumba akagari ka Mpare hari abaturage bavuga bahangayikishijwe n’isenyuka ryingo za bamwe rubyiruko zitamaze kabiri ngo ahanini biterwa no kuba barashakanye bataziranye kandi umwe akurikiye imitungo kuwundi.
Abanyarwanda bo hambere bajyaga gushyingiranwa imiryango iziranye kandi bose ntamakemwa kimwe mu byatumaga ingo za kera zishinga zigakomera ariko kuri ubu ngo siko bimeze kuko ubu umukobwa n’umuhungu basigaye bahura budakeye kabiri bagapanga ubukwe ejo (…)
Ikibazo cy’ubusinzi bukabije ni kimwe mu bibazo bikomeje gutiza umurindi amakimbirane mu miryango mu karere ka Musanze. Ibi byagarutsweho ubwo mu murenge wa Cyuve w’Akarere ka Musanze hatangizwaga icyumweru cyahariwe kwimakaza ihame ry’uburinganire mu Ntara y’Amajyaruguru. Mu biganiro byo gusasa inzobe bakabwizanya ukuri byahuje abaturage na Minisiteri w’uburinganire n’Iterambere ry’umuryango bagaragaje ko ubusinzi bukomeje kuba umuzi w’amakimbirane aho ngo n’abagore batagitinya kujya (…)
Bamwe mu baturage batuye mu Karere ka Rubavu, bavuga ko muri kano karere hakiri umuco mubi wo kudatabarana, aho umuntu ashobora guhura n’abagizi ba nabi bakarinda bamwica cyangwa bakamwambura ibyo afite agatabaza, ariko abari hafi aho bakabyumva bakaryumaho. Ntarundenga Raheli, utuye mu Murenge wa Cyanzarwe, ni umwe muri bano baturage bagaragaza kino kibazo ndetse atanga n’ingero. Ati"Hari umukobwa baherutse gutemera muri Haiti ( ashaka kuvuga kamwe mu gace ko muri Rubavu), baramutema, (…)
Abaturage batuye mu murenge wa Nasho barataka ikibazo cy’ubuharike bavuga ko cyamaze kuba nk’umuco muri uyu murenge.
Aba baturage bavuga ko ubu byamaze kwemerwa nk’umuco aho usanga buri mugabo afite undi bacuditse abazwi nka [Shushu B]nyuma y’uwo babyaranye ufatwa nka A. Anite Mukeshimana ni umwe mu babyeyi twaganuriye nawe, avuga ko iki kibazo bamaze kukimenyera ati "ubu buri mugabo afite Shushu B ahubwo biba ikibazo iyo umugore wa mbere atabyumvise ngo yiyakire niho usanga abana (…)
Abakobwa bo mu karere ka Nyamasheke mu Murenge wa Gitambi bavuga ko kugira ngo umukobwa yubake urugo bimusaba guha umusore ikimasa cyangwa akakigurisha akamuha amafaranga.
Abakobwa bo mu murenge wa Karambi mu Karere ka Nyamasheke, bahamya ko kugira umukobwa abone umugabo babana bimusaba korora ikimasa, kugira ngo azakigurishe abone amafaranga yo guha umusore umurambagiza mbere yo kumugira umugore.
Ababyeyi n’ubuyobozi bahuriza ku mpungenge baterwa n’uwo muco wo gutanga ibimasa kugira (…)
Ku wa Kabiri, mu murenge wa Gisenyi, mu Karere ka Rubavu hateraniye Inama Rusange y’ Inama y’Igihugu y’Abagore, yitabiriwe n’abagore baturutse mu mirenge itandukanye yo muri kano karere. Muri iyi nama kandi, hanasuzumiwemo ibyagezweho na ba Mutima w’urugo muri 2024-2025, ndetse no gusuzuma iyo mu mwaka ukurikiyeho wa 2025 - 2026.
Mu mwaka w’imihigo 2024-2025, akarere ka Rubavu, kasinye Imihigo ya ba Mutima w’urugo n’Inama y’Igihugu y’Abagore mu Karere ka Rubavu.
Iyi mihigo ikaba (…)
Hari abagore n’abakobwa bari mu miryango itandukanye iharanira iterambere no kurwanya ihohoterwa ry’umugore bavuga ko inkwano isigaye yarabaye kimwe mu bibazo abagore bamwe bahuriramo n’ihohoterwa rishingiye ku gitsina, aho umugabo wakoye yitwaza ko ’uwakoye akora aho ahaka’.
Ni ikibazo cyaganiriweho mu nama yahuje Abaharanira iterambere ry’umuryango, uburinganire n’ubwuzuzanye hagati y’abagabo n’abagore, yatumijwe n’Umuryango Rwanda Women Network kuri uyu wa Gatanu, barebera hamwe uko (…)
Umwanditsi
Ni gake wakumva ku Isi ko hari umuturage w’Intwari ukiriho ahanini bishingiye ko abantu bamenyereye kumva ko utaha intwari ukuriho, gusa u Rwanda ruracyafite Intwari zikiriho.
Bamwe mu Ntwari z’u Rwanda zikiriho barasaba abakuze gutoza abakiri bato umuco w’ubutwari mu byo kanyuramo mu buzima bwa buri munsi.
Sindayiheba Fanuel, Umuyobozi w’Umuryango w’izo Ntwari, zizwi nk’Abana b’i Nyange, Komeza Ubutwari, avuga ko abakuru bakwiye kwibuka ko ubutwari butozwa.
Agira ati: (…)
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.























