Bamwe mu batwara bisi mu mujyi wa Kigali, barasaba ko hari ibyanozwa mu buryo bushya bw’ingendo, inzira yabo bagenewe izwi nka Only Bus ikubahirizwa. Ni nyuma yuko hakigaragara abagenzi n’ibindi binyabiziga bibera inzitizi abo mugice cyahariwe Bisi gusa, rimwe na rimwe bikaba byatera impanuka.
Nyuma y’igihe gito hatangijwe uburyo bwo gutwara abagenzi mu buryo bwa rusange, bamwe mu bagenzi banyuzwe nabyo. Bavuga ko ingendo mu buryo bwa rusange zabagoraga, rimwe na (…)
Bamwe mu batwara bisi mu mujyi wa Kigali, barasaba ko hari ibyanozwa mu buryo bushya bw’ingendo, inzira yabo bagenewe izwi nka Only Bus ikubahirizwa. Ni nyuma yuko hakigaragara abagenzi n’ibindi binyabiziga bibera inzitizi abo mugice cyahariwe Bisi gusa, rimwe na rimwe bikaba byatera impanuka.
Nyuma y’igihe gito hatangijwe uburyo bwo gutwara abagenzi mu buryo bwa rusange, bamwe mu bagenzi banyuzwe nabyo. Bavuga ko ingendo mu buryo bwa rusange zabagoraga, rimwe na (…)
Ahagana saa 18h00’ z’umugoroba tariki ya 14 Mutarama 2026 nibwo abantu 8 muri 23 bari mu modoka ya Van ya polisi ibajyanye mu kigo banyuramo by’igihe gito (Transit ) basunitse urugi barasimbuka umwe ahita yitura hasi arapfa.
Kuri iki kibazo twavugishije umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’Amajyaruguru IP Ngirabakunzi Ignace atubwira uburyo byagenze.
Yagize ati”Nibyo aya makuru niyo bari abantu 23 bafatiwe mu bikorwa bihungabanya ituze n’umutekano by’abaturage aho bari bajyanywe (…)
Nyiranzarorimana Divine washyingiranwe na Niyinsenga Emmanuel byemewe n’amategeko yabyaye umwana habura umunsi umwe ngo asabwe anakobwe.
Ibi byabereye mu Kagari Burimba, ahazwi nk ku Mugera mu Murenge wa Shangi tariki ya 28 Gicurasi, ubwo Divine yafatwaga n’inda maze akajya kubyarira mu kigo nderabuzima cya Mugera gusa ntibyabujije ko imihango iba.
Umunyamabanga nshingwabikorwa w’Umurenge wa Shangi, Jeanne Mukamusabyimana yemereye umunyamakuru wa Mama urwagasabo TV ko ibi byabaye (…)
Abatuye ku kirwa cya Kirehe giherereye mu kiyaga cya Kivu mu Murenge wa Macuba ho mu Karere ka Nyamasheke, bavuga ko batajya begerwa n’ubuyobozi bw’akarere, kugeza ubu bakaba bavuga ko batazi nimba meya ari umugabo cyangwa umugore.
Ni ikirwa gito kiri mu kiyaga cya Kivu mu Kagari ka Rugari mu Murenge wa Macuba, gituwe n’abaturage basaga 1153 batuye mu ngo 168. Bamwe muri aba bahamya ko bafite ibibazo by’uruhuri mu buzima bwo ku kirwa, bagasanga impamvu bidakemuka ariko umuyobozi w’akarere (…)
Itangazo ryo guhinduza amazina
5 June 2024Ishuri Ines Ruhengeri ryabonye umuyobozi mushya
7 July 2022Itangazo ryo guhinduza amazina
20 June 2023Itangazo ryo guhinduza amazina
24 January 2025
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.























