Mu Rwanda, icyemezo cyo kubaka urugo ntikikiri igishingiye ku rukundo gusa, ahubwo kiragenda gihinduka icyemezo gishingiye ku bushobozi. Kuri ubu, urubyiruko rwinshi ruvuga ko gutinya gushaka no gushinga ingo biterwa ahanini n’ubukungu bukomeje kugora imibereho ya buri munsi.
Abasore benshi bavuga ko kubura akazi, umushahara muto, inkwano ihenze n’ibiciro by’ibanze bikomeje kuzamuka bituma bumva ko kubaka urugo ari umutwaro batabasha kwikorera. Naho inkumi, zimwe zivuga ko gutinya gushaka (…)
Umusaza w’ imyaka 84 wo mu Murenge wa Cyanika mu Karere ka Burera yasezeranye n’umugore w’imyaka 29 imbere y’amategeko kubera impungenge ko umugore we ashobora kuzamusiga akisangira abakiri bato no kugira ngo amushinganishe abahungu be batazamujujubya.
Semivumbi André na Nyirangoboka Vestine yasezeranye hasozwaga icyumweru cyahariwe irangamimerere ku rwego rw’igihugu.
Semivumbi yamanitse ikiganza asusumira avuga n’indahiro y’abasezerana imbere y’amategeko ubona afite imbaraga nke ariko (…)
Mu gitaramo cyo kwizihiza umuganura uba buri mwaka mu Rwanda, abanyeshuri bo ku kigo cy’Urwunge rw’amashuri Gatolike Kabuga basabwe kujya bagira imihigo kandi bagaharanira kuyesa kuko iyo uhize bigutera ishyaka, ishyaka rikagufasha kuba umunyabigwi, ibigwi bikagutera ishema mu buzima bwawe bwose.
Kuri uyu wa gatanu tariki ya 03 Kanama 2018, umunsi mukuru w’umuganura muri G.S Gatolike Kabuga wari witabiriwe n’abanyeshuri basaga ibihumbi 4 biga muri iki kigo bari kumwe n’ababyeyi babo. (…)
Minisiteri y’Umuco na Siporo yatangaje ko nubwo hari intambwe yatewe hashyirwaho Ikigo cy’Igihugu gishinzwe ishyinguranyandiko na serivisi z’Inkoranyabitabo (RALSA), haracyari byinshi bikeneye gukorwa kuko zimwe zibitswe mu buryo bw’akajari hakaba n’abataziha agaciro.
Kuba inyandiko zimwe na zimwe zishobora kuzimira byagaragajwe mu Kuboza 2017 ubwo Komisiyo y’Imibereho myiza y’Abaturage, Uburenganzira bwa Muntu n’Ibibazo by’Abaturage muri Sena yasohoraga raporo yakoze ku ishyirwa mu (…)
Abana bahagarariye abandi mu Mujyi wa Kigali basaba ababyeyi babo kubabera inshuti aho kubabera abanyamategeko. Babasaba kugira umwanya wo kumva ibitekekerezo byabo, bakababera abajyanama aho kubahatira kumva ibyo babategeka.
Ibi byagarutsweho mu nama yahuje abana bahagariye abandi mu karere ka Nyarugenge, banatumira abahagariye abandi mu tundi turere tw’Umujyi wa Kigali aho baganira uko hafatwa ingamba mu kwirinda ihohoterwa rishingiye ku gitsina cyane cyane inda mu bangavu.
Umwe mu (…)
Imyambarire y’Abakobwa biki gihe : ‘Kwica umuco, gucumuza abagabo babareba ,Abakobwa babivugaho iki?
Amajipo (jupe) magufi bakunze kwita ‘impenure’; amapantalo abahambiriye rimwe na rimwe kola (Colant) zigaragaza imiterere y’igice cyo hasi. Ni imwe mu myambarire igezweho mu rubyiruko rw’abakobwa.
Umuganura w’uyu mwaka wa 2016 uzizihizwa werekana ibyo u Rwanda rukora ariko uhuzwe n’Iserukiramuco Nyafurika ry’imbyino (FESPAD) mu rwego rwo kugaragaza umuco w’uyu mugabane.
Abaturage bo mu Karere ka Rusizi barasabwa guteza imbere umuco wihariye bafite ukomoka ku batuye Nkombo, udashobora kuboneka ahandi mu Rwanda.
Ishami rya Polisi y’u Rwanda rihuza ibikorwa bya Polisi Mpuzamahanga ku itariki 22 Ukuboza ryashyikirije umuturage wo muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo imodoka ye yo mu bwoko bwa Mitsubishi Fuso ifite nimero ziyiranga UAN 985 X yariganyijwe n’uwayimugurishije.
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.























