Monday . 2 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Urubyiruko rw'u Rwanda rutinya kubaka ingo kubera ubukungu n'inkwano ihenze

Mu Rwanda, icyemezo cyo kubaka urugo ntikikiri igishingiye ku rukundo gusa, ahubwo kiragenda gihinduka icyemezo gishingiye ku bushobozi. Kuri ubu, urubyiruko rwinshi ruvuga ko gutinya gushaka no gushinga ingo biterwa ahanini n’ubukungu bukomeje kugora imibereho ya buri munsi.
Abasore benshi bavuga ko kubura akazi, umushahara muto, inkwano ihenze n’ibiciro by’ibanze bikomeje kuzamuka bituma bumva ko kubaka urugo ari umutwaro batabasha kwikorera. Naho inkumi, zimwe zivuga ko gutinya gushaka (…)

Burera:Umugore w'imyaka 29 imbere y'amategeko,n'umusaza w'imyaka 89
Burera:Umugore w’imyaka 29 imbere y’amategeko,n’umusaza w’imyaka 89

Umusaza w’ imyaka 84 wo mu Murenge wa Cyanika mu Karere ka Burera yasezeranye n’umugore w’imyaka 29 imbere y’amategeko kubera impungenge ko umugore we ashobora kuzamusiga akisangira abakiri bato no kugira ngo amushinganishe abahungu be batazamujujubya.
Semivumbi André na Nyirangoboka Vestine yasezeranye hasozwaga icyumweru cyahariwe irangamimerere ku rwego rw’igihugu.
Semivumbi yamanitse ikiganza asusumira avuga n’indahiro y’abasezerana imbere y’amategeko ubona afite imbaraga nke ariko (…)

424 Shares 4 Comments
Abanyeshuri biga kuri, G.S Gatolike Kabuga, kugira umuco wo kwesa imihigo bakiri bato
Abanyeshuri biga kuri, G.S Gatolike Kabuga, kugira umuco wo kwesa imihigo bakiri bato

Mu gitaramo cyo kwizihiza umuganura uba buri mwaka mu Rwanda, abanyeshuri bo ku kigo cy’Urwunge rw’amashuri Gatolike Kabuga basabwe kujya bagira imihigo kandi bagaharanira kuyesa kuko iyo uhize bigutera ishyaka, ishyaka rikagufasha kuba umunyabigwi, ibigwi bikagutera ishema mu buzima bwawe bwose.
Kuri uyu wa gatanu tariki ya 03 Kanama 2018, umunsi mukuru w’umuganura muri G.S Gatolike Kabuga wari witabiriwe n’abanyeshuri basaga ibihumbi 4 biga muri iki kigo bari kumwe n’ababyeyi babo. (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Haracyari ikibazo mu kubika inyandiko za leta
Haracyari ikibazo mu kubika inyandiko za leta

Minisiteri y’Umuco na Siporo yatangaje ko nubwo hari intambwe yatewe hashyirwaho Ikigo cy’Igihugu gishinzwe ishyinguranyandiko na serivisi z’Inkoranyabitabo (RALSA), haracyari byinshi bikeneye gukorwa kuko zimwe zibitswe mu buryo bw’akajari hakaba n’abataziha agaciro.
Kuba inyandiko zimwe na zimwe zishobora kuzimira byagaragajwe mu Kuboza 2017 ubwo Komisiyo y’Imibereho myiza y’Abaturage, Uburenganzira bwa Muntu n’Ibibazo by’Abaturage muri Sena yasohoraga raporo yakoze ku ishyirwa mu (…)

424 Shares 4 Comments
Ababyeyi bakwiye kuba inshuti z'abana kurusha kuba abanyamategeko
Ababyeyi bakwiye kuba inshuti z’abana kurusha kuba abanyamategeko

Abana bahagarariye abandi mu Mujyi wa Kigali basaba ababyeyi babo kubabera inshuti aho kubabera abanyamategeko. Babasaba kugira umwanya wo kumva ibitekekerezo byabo, bakababera abajyanama aho kubahatira kumva ibyo babategeka.
Ibi byagarutsweho mu nama yahuje abana bahagariye abandi mu karere ka Nyarugenge, banatumira abahagariye abandi mu tundi turere tw’Umujyi wa Kigali aho baganira uko hafatwa ingamba mu kwirinda ihohoterwa rishingiye ku gitsina cyane cyane inda mu bangavu.
Umwe mu (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Imyambarire y'Abakobwa biki gihe : ‘Kwica umuco, gucumuza abagabo babareba ,Abakobwa babivugaho iki?
Imyambarire y’Abakobwa biki gihe : ‘Kwica umuco, gucumuza abagabo babareba ,Abakobwa babivugaho iki?

Amajipo (jupe) magufi bakunze kwita ‘impenure’; amapantalo abahambiriye rimwe na rimwe kola (Colant) zigaragaza imiterere y’igice cyo hasi. Ni imwe mu myambarire igezweho mu rubyiruko rw’abakobwa.

424 Shares 4 Comments
Umuganura 2016 uzahuza iby'i Rwanda n'Umuco Nyafurika
Umuganura 2016 uzahuza iby’i Rwanda n’Umuco Nyafurika

Umuganura w’uyu mwaka wa 2016 uzizihizwa werekana ibyo u Rwanda rukora ariko uhuzwe n’Iserukiramuco Nyafurika ry’imbyino (FESPAD) mu rwego rwo kugaragaza umuco w’uyu mugabane.

424 Shares 4 Comments
feature-top
Umuco wa Nkombo, umwihariko washimishije abitabiriye FESPAD
Umuco wa Nkombo, umwihariko washimishije abitabiriye FESPAD

Abaturage bo mu Karere ka Rusizi barasabwa guteza imbere umuco wihariye bafite ukomoka ku batuye Nkombo, udashobora kuboneka ahandi mu Rwanda.

424 Shares 4 Comments
Polisi y'u Rwanda yashyikirije Umucongomani imodoka ye yariganyijwe n'uwayimugurishije
Polisi y’u Rwanda yashyikirije Umucongomani imodoka ye yariganyijwe n’uwayimugurishije

Ishami rya Polisi y’u Rwanda rihuza ibikorwa bya Polisi Mpuzamahanga ku itariki 22 Ukuboza ryashyikirije umuturage wo muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo imodoka ye yo mu bwoko bwa Mitsubishi Fuso ifite nimero ziyiranga UAN 985 X yariganyijwe n’uwayimugurishije.

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru