Tuesday . 3 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Urubyiruko rw'u Rwanda rutinya kubaka ingo kubera ubukungu n'inkwano ihenze

Mu Rwanda, icyemezo cyo kubaka urugo ntikikiri igishingiye ku rukundo gusa, ahubwo kiragenda gihinduka icyemezo gishingiye ku bushobozi. Kuri ubu, urubyiruko rwinshi ruvuga ko gutinya gushaka no gushinga ingo biterwa ahanini n’ubukungu bukomeje kugora imibereho ya buri munsi.
Abasore benshi bavuga ko kubura akazi, umushahara muto, inkwano ihenze n’ibiciro by’ibanze bikomeje kuzamuka bituma bumva ko kubaka urugo ari umutwaro batabasha kwikorera. Naho inkumi, zimwe zivuga ko gutinya gushaka (…)

Ushobora kurenga guhabwa Impeta y'Ishimwe ukagirwa Intwali y'Igihugu-CHENO
Ushobora kurenga guhabwa Impeta y’Ishimwe ukagirwa Intwali y’Igihugu-CHENO

Umwanditsi
Urwego rw’Igihugu rushinzwe Intwari z’Igihugu, Imidari n’Impeta by’Ishimwe, CHENO rutangaza ko ibikorwa by’umuntu bishobora gutuma ahabwa ishimwe ry’Igihugu ariko bikarenha bikamugira Intwari y’igihugu.
Bisobanurwa n’Umushakashatsi muri uru rwego, Rwaka Nicolas, uvuga ko kugira ngo ibyo umuntu yakoze bimugire intwari y’igihugu bisaba ubushakashatsi bwimbitse kandi bisaba igihe kidahubukiwe.
Agira ati: "Reka mfate urugero, ushobora guhabwa impeta y’ishimwe wenda nk’urugero mu (…)

424 Shares 4 Comments
Uganda: Abacungagereza babujijwe gukorana Telephone
Uganda: Abacungagereza babujijwe gukorana Telephone

Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Muri iki gihe cy’igikombe cy’isi, abacunga gereza bo mu gihugu cya Uganda babujijwe kujyana Telephone zabo ngendanwa mu kazi, baburiwe ko abagororwa bashobora kwifashisha kurangarira ibibera muri iyi mikino bagatoroka.
Umuvugizi wa Komiseri mukuru ushinzwe amagereza, Frank Muyanja Baine, mu magambo ye yagize ati: “itangira ry’amarushanwa y’igikombe cy’isi cy’umupira w’amaguru ku wa 20 Ugushyingo 2022 n’ibyishimo byayo bishobora gutuma imfungwa zitoroka.” (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
 Minisitiri Gatabazi yafashe umwanya asobanurira abato ibikubiye mu Muco Nyarwanda bigishwa
Minisitiri Gatabazi yafashe umwanya asobanurira abato ibikubiye mu Muco Nyarwanda bigishwa

Yanditswe na Mutungirehe Samuel
Ubwo yatangizaga ukwezi k’umuco mu Rwunge rw’amashuri, G.S Karembure, Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Gatabazi Jean Marie Vianney, yibukiranyije n’abanyeshuri Indangagaciro na Kirazira zigize Umuco Nyarwanda, asaba abanyeshuri kwiga bashyizeho umwete bakazavamo abazasimbura abayobozi bariho none, abibutsa ko kugira umuco biri mu bituma umuntu agera ku ntego ye.
Ni mu biganiro yagiranye nabo kuri uyu wa Gatanu, tariki 4 Mutarama 2022, kuri iri shuri (…)

424 Shares 4 Comments
Afurika y'Epfo: Minisitiri yasabye abanyeshuri b'abakobwa 'gufungura ibitabo bagafunga amaguru'
Afurika y’Epfo: Minisitiri yasabye abanyeshuri b’abakobwa ’gufungura ibitabo bagafunga amaguru’

Minisitiri w’ubuzima w’akarere muri Afurika y’epfo, Phophi Ramathuba arimo kotswa igitutu bikomeye muri iki gihugu nyuma yuko abwiye abanyeshuri b’abakobwa gufungura ibitabo bakavoma ubwenge, bagafunga amaguru yabo.
Ramathuba yavuze ayo magambo mu ruzinduko yari yagiriye ku ishuri ryisumbuye mu rwego rwo kubashishikariza kwifata ku bijyanye n’imibonano mpuzabitsina no kugabanya ikigero cy’abatwara inda bakiri abangavu.
Abakoresha imbuga nkoranyambaga banenze amagambo ye, banibaza (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Hari abatekereza ko ihame ry'Uburinganire n'Ubwuzuzanye ryigishijwe nabi, ntekereza ko ari ukubivuga gusa-Pro Femmes Twese hamwe
Hari abatekereza ko ihame ry’Uburinganire n’Ubwuzuzanye ryigishijwe nabi, ntekereza ko ari ukubivuga gusa-Pro Femmes Twese hamwe

MUTUNGIREHE SAMUEL
Leta y’u Rwanda yiyemeje gushyiraho ihame ry’uburinganire n’ubwuzuzanye hagati y’umugabo n’umugore nyuma yo kubona ko hari byinshi umuryango n’igihugu muri rusange biri guhomba mu rugendo rw’iterambere ridaheza, rihuriweho n’ibitsina byombi. Ibi kandi bajyana n’uko mu itegeko nshinga ryo muri 2003 nk’uko ryavuguruwe muri 2015 rivuga ko rimwe mu mahame igihugu kigenderaho ari iry’uburinganire.
Umuyobozi w’Impuzamiryango Pro Femmes Twese hamwe, Kanakuze Jeanne d’Arc, (…)

424 Shares 4 Comments
Ubwiyongere bwa gatanya mu Rwanda: Imiryango igera ku bihumbi icyenda yaratanye mu 2019
Ubwiyongere bwa gatanya mu Rwanda: Imiryango igera ku bihumbi icyenda yaratanye mu 2019

By Imfurayabo Pierre
Umwaka wa 2019, imiryango 8941 mu Rwanda yemerewe n’inkiko gutandukana nk’uko byatangajwe muri raporo y’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibarurishamibare (NISR). Ni imibare yazamutse cyane kuko mu 2018 hari hatanzwe gatanya 1311, ni ukuvuga ko zikubye inshuro 6.8.
Umunyamabanga uhoraho muri Minisiteri y’Uburinganire n’Iterambere ry’umuryango (Migeprof), Ingabire Assumpta, yabwiye itangazamakuru ko hakwiriye kongerwa uburyo abagiye gushyingirwa bategurwa kugira ngo umubare (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Afurika yepfo : Itorero rya satani rya mbere muri Afurika ryamaze kwiyandikisha kumugaragaro
Afurika yepfo : Itorero rya satani rya mbere muri Afurika ryamaze kwiyandikisha kumugaragaro

By Imfurayabo Pierre
Itorero rya mbere rya satani ryatangijwe muri Gashyantare 2020 ubu ryamaze kwiyandikisha muri Afurika y’Epfo muri uku kwezi, Gicurasi 2020.
Inshingano z’iryo torero ngo ni ukubanza kwigisha abaturage ku nama nkuru y’idini rya Satani no gukemura imyumvire itari yo ku bijyanye n’imigenzo ya Satani ndetse n’ubwoba bwa Satani.
Umwe mu bashinze iri torero rya satani muri Afurika y’Epfo, Riaan Swiegelaar, avuga ko kugirango bashobore kwiyandikisha byatwaye imyaka 4 yose. (…)

424 Shares 4 Comments
Korea y'Epfo: Ikipe yashinjwe gushyira ibipupe byifashishwa mu mibonano mpuzabitsina mu myanya y'abafana
Korea y’Epfo: Ikipe yashinjwe gushyira ibipupe byifashishwa mu mibonano mpuzabitsina mu myanya y’abafana

By Imfurayabo Pierre Ikipe ya FC Seoul yo muri Korea y’Epfo, yasabye imbabazi nyuma yo gushinjwa gukoresha ibipupe byifashishwa mu mibonano mpuzabitsina, ikabishyira mu myanya y’abafana.
Ku Cyumweru nibwo FC Seoul yakiriye Gwangju FC ndetse amafoto yagaragaje ibibumbano “mannequins” byambitswe udupfukamunwa biri ahagenewe kwicara abantu mu gihe stade ya Seoul nta bafana yari yemerewe kwakira kuri uwo mukino.
Bimwe muri ibi bibumbano byari byampaye imipira iriho ikirango cya SoloS (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Ibikoresho byifashishwa n'abashaka ‘kwikinisha' muri Amerika biri gukosha kubera COVID-19
Ibikoresho byifashishwa n’abashaka ‘kwikinisha’ muri Amerika biri gukosha kubera COVID-19

By Imfurayabo Pierre Romeo
Ibikoresho byifashishwa n’abashaka ‘kwikinisha’ bizwi nka ‘sex toys’ biri kugurwa cyane ku isoko bitewe n’ingamba zafashwe n’ibihugu bitandukanye zirimo kutegerana mu kwirinda ikwirakwira rya COVID-19.
Ubusanzwe ’sex toy’ ni igikoresho kimeze nk’igitsina cy’umugabo cyangwa icy’umugore gishobora kwifashishwa n’abashaka kugera ku ndunduro y’ibyishimo bya nyuma bibonwa n’abakora imibonano mpuzabitsina.
Mu gihe Isi yugarijwe n’icyorezo cya COVID-19, hashyizweho (…)

424 Shares 4 Comments
Menya impamvu bidakwiye ko ibihe byiza biryoshya urukundo rwa babiri byarangirana n'umunsi wo gushyingiranwa.
Menya impamvu bidakwiye ko ibihe byiza biryoshya urukundo rwa babiri byarangirana n’umunsi wo gushyingiranwa.

By Imfurayabo Pierre Romeo
Menya impamvu bidakwiye ko ibihe byiza biryoshya urukundo rwa babiri byarangirana n’umunsi wo gushyingiranwa kwabo,bikibagirana burundu.
Urukundo rwa babiri rurangwa na byinshi,higanjemo ibihe byiza nko gusohokana kwa bombi,guhana impano,kugirirana impuhwe , kubitsanya amabanga no guhumurizanya aho bikwiye, ibi n’ibindi tutavuze bituma bamarana igihe kirekire bigatuma bagira byinshi bazimenyanaho bitakwibagirana.
Ibyo bihe byiza bya rwa rukundo rwa bombi (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru