Tuesday . 3 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 3 March » ISRAEL YEMEJE IBITERO MURI LIBAN NA IRAN ICYARIMWE – read more
  • 1 March » Gicumbi: Abarwanashyaka ba Green Party basabwe guhangana n’ibiyobyabwenge – read more
  • 24 February » Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w’igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani – read more
  • 24 February » Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica – read more
  • 23 February » Ubumwe bw’Uburayi (EU) yatangaje ko itazemera izamurwa ry’imisoro ku bicuruzwa byoherezwa muri Amerika nyuma y’icyemezo cy’Urukiko rw’Ikirenga – read more

Abakobwa b’impanga bashatse umugabo umwe ku munsi umwe

Tuesday 1 November 2022
    Yasomwe na

Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia

Umugabo washyingiranwe n’abakobwa babiri b’impanga muri Nigeria akomeje kuvugwa cyane ku mbuga nkoranyambaga.

Umunyamakuru, Sikiru Obarayese, watangaje aya makuru kuri Twitter, yavuze ko ubukwe bwabo uko ari batatu bwabaye ku wa gatandatu tariki ya 29 Ukwakira 2022.

Aba bose batuye mu gace kitwa Ede, mu ntara ya Osun nkuko ibinyamakuru byo muri Nigeria bibitangaza.

Icyakora nta byinshi byatangajwe ku bukwe bw’aba bantu ahubwo amafoto n’amashusho yabo niyo yatumye benshi bacika ururondogoro.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru