Sunday . 31 May 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 25 May » Rubavu: Abazahembwa muri Rubavu Music Awards and Talent Detection bamaze gutoranywa – read more
  • 12 May » Rwanda: Hazatangwa ibikombe 2 muri Shampiyona – read more
  • 9 May » Rubavu: Itorero EAR ryateguye igikorwa cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 – read more
  • 27 April » Rubavu: Rubavu Music Awards and Talent Detection igiye kongera kuba bwa kabiri – read more
  • 27 April » RDC: Hashyizweho umutwe ushinzwe kurinda ibirombe – read more

Abandi banyamakuru bakomeye bagiye kurushinga

Monday 22 May 2023
    Yasomwe na

Umunyamakuru Ismael Mwanafunzi uzwi mu gukora ibyegeranyo bicukumbye byigaruriye amatwi ya benshi mu Rwanda, agiye kurushinga na mugenzi we MAHORO Claudine wamenyekanye kuri TV10.

Bitangiye kumenyekana ko abahuje umwuga, cyane cyane mu itangazamakuru mu Rwanda ko bahitamo kubana nk’umugabo n’umugore.

Mu kiganiro kigufi Mwanafunzi yagiranye na PRIMO.RW yemeje amakuru y’ubukwe bwe na Mahoro Claudine, ashimangira ko bamaze igihe mu rukundo n’ubwo byari hagati yabo gusa n’izindi nshuti zabo nkeya.

Yavuze ko ubukwe bwabo buteganyijwe taliki 1 Nyakanga 2023, aho imihango yose Gusaba no Gukwa ndetse no Gusezerana imbere y’Imana bizabera i Butare.

Yagize ati “Nibyo koko ubu ndi kwitegura kurushinga n’uwo tumaze iminsi mu rukundo. Ni Mahoro Claudine. Ibirori bizabera mu Majyepfo y’u Rwanda mu Karere ka Huye. Imihango yose [Gusaba no gukwa ndetse no kwakira inshuti n’imiryango] izabera Musée Ethnographique iherereye i Huye.”

Mwanafunzi avuga ko imyiteguro y’ubukwe bwabo irimbanyije.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru