Tuesday . 3 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 1 March » Gicumbi: Abarwanashyaka ba Green Party basabwe guhangana n’ibiyobyabwenge – read more
  • 24 February » Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w’igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani – read more
  • 24 February » Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica – read more
  • 23 February » Ubumwe bw’Uburayi (EU) yatangaje ko itazemera izamurwa ry’imisoro ku bicuruzwa byoherezwa muri Amerika nyuma y’icyemezo cy’Urukiko rw’Ikirenga – read more
  • 23 February » Abantu babiri bishwe n’impanuka ku munsi wa mbere wa Tour du Rwanda – read more

Gakenke:Abakora isuku bamaze amezi arenga 3 badahembwa

Friday 10 October 2025
    Yasomwe na

Hari abaturage bakora amasukura mu mujyi wa Gakenke bavuga ko bagiye kumara amezi asaga ane badahembwa, kuri ubu barasaba gutabarwa.


Kuva mu kwezi kwa Gatandatu ntibarahembwa amafaranga bakoreye.

Aba baturage babitangarije umunyamakuru wa Mamaurwagasabo TV ubwo yarageze muri aka karere ka Gakenke aho basaba ko bakwishyurwa amafaranga bakoreye.

Umwe muri aba baturage Yagize ati”Tumaze amezi ane tudahembwa twarumiwe mudukorere ubuvugizi tubaza abadukuriye bakatubwira ngo bizakorwa ariko twarategereje amaso ahera mu kirere tumerewe nabi.”

Undi yagize ati”Duheruka guhembwa mu kwezi kwa Gatandatu none tugeze mu kwezi kwa Cumi Ubu se muduha agaciro koko, murabizi imibereho yo muri iki gihe ntabwo yoroshye twakabaye turi kugura agafumbire nk’abandi, ariko turashonje nawe urabibona.”

Umuyobozi w’Akarere ka Gakenke Mukandayisenga Vestine yavuze ko bitarenga tariki ya 9/10/2025 batishyuwe.
Ati”Ntabwo bizarenga ejo batishyuwe.”

Nanone kandi aba baturage barasaba ko bakongezwa umushahara ngo kuko bahembwa amafaranga y’intica nikize , uyu bahembwa ibihumbi 10000rwf ku kwezi byibuze arifuza ko bajya bahembwa ibihumbi 15000rwf.

Jean Claude Ndayambaje

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru