Tuesday . 19 May 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 12 May » Rwanda: Hazatangwa ibikombe 2 muri Shampiyona – read more
  • 9 May » Rubavu: Itorero EAR ryateguye igikorwa cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 – read more
  • 27 April » Rubavu: Rubavu Music Awards and Talent Detection igiye kongera kuba bwa kabiri – read more
  • 27 April » RDC: Hashyizweho umutwe ushinzwe kurinda ibirombe – read more
  • 23 April » AFC/M23 na Kinshasa bemeranyije guhererekanya imfungwa zikanyuzwa muri Uganda – read more

Rutahizamu Christianho Ronaldo n’umugore we berekanye izindi impanga bagiye kwibaruka

Thursday 28 October 2021
    Yasomwe na

Rutahizamu w’umupira w’amaguru mu ikipe ya Manchester united, Cristiano Ronaldo yatangaje ko we n’umugore Georgina Rodriguez biteguye kwibaruka Impanga.

Ku rukuta rwe rwa Instagram, Ronaldo yashyizeho ifoto we n’umugore we bari mu buriri, igice cyo hejuru batambaye kandi bamwenyura berekana amafoto yafashwe n’abaganga ya Ecographie agaragaza impanga z’abana mu nda ya Georgina Rodriguez atwitiye Ronaldo.

Rutahizamu yahise yandika amagambo agaragaza akanyamuneza ati “

“Twishimiye kubamenyesha ko twiteguye kubyara impanga. Imitima yacu yuzuye urukundo n’amashimwe.”

Christiano Ronaldo ukinira ikipe ya Manchester United, asanzwe afite abana bane, barimo babiri b’impanga. Harimo imfura ye Cristiano Jr w’imyaka 11, Mateo n’impanga ye Eva Maria b’imyaka 4 na Alana Martina w’imyaka 3.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru