Friday . 3 April 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 1 April » Perezida w’u Burundi yaragije Imana igihugu cye nyuma y’uko ububiko bw’intwaro z’igisirikare cy’u Burundi bufashwe n’inkongi y’umuriro – read more
  • 31 March » Spain yafunze ikirere cyayo ku ndege z’intambara z’Amerika – read more
  • 31 March » Gakenke: Bakusanyije Miliyoni zisaga 200 zo kurengera abatishoboye – read more
  • 26 March » Perezida Kagame :Iterambere ry’amadini n’amatorero n’Igihugu gitera imbere – read more
  • 26 March » VIBE yahanze imirimo igera ku bihumbi 43,000 ku rubyiruko rwo mu Rwanda – read more

Rutahizamu Christianho Ronaldo n’umugore we berekanye izindi impanga bagiye kwibaruka

Thursday 28 October 2021
    Yasomwe na

Rutahizamu w’umupira w’amaguru mu ikipe ya Manchester united, Cristiano Ronaldo yatangaje ko we n’umugore Georgina Rodriguez biteguye kwibaruka Impanga.

Ku rukuta rwe rwa Instagram, Ronaldo yashyizeho ifoto we n’umugore we bari mu buriri, igice cyo hejuru batambaye kandi bamwenyura berekana amafoto yafashwe n’abaganga ya Ecographie agaragaza impanga z’abana mu nda ya Georgina Rodriguez atwitiye Ronaldo.

Rutahizamu yahise yandika amagambo agaragaza akanyamuneza ati “

“Twishimiye kubamenyesha ko twiteguye kubyara impanga. Imitima yacu yuzuye urukundo n’amashimwe.”

Christiano Ronaldo ukinira ikipe ya Manchester United, asanzwe afite abana bane, barimo babiri b’impanga. Harimo imfura ye Cristiano Jr w’imyaka 11, Mateo n’impanga ye Eva Maria b’imyaka 4 na Alana Martina w’imyaka 3.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru