Tuesday . 3 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 1 March » Gicumbi: Abarwanashyaka ba Green Party basabwe guhangana n’ibiyobyabwenge – read more
  • 24 February » Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w’igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani – read more
  • 24 February » Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica – read more
  • 23 February » Ubumwe bw’Uburayi (EU) yatangaje ko itazemera izamurwa ry’imisoro ku bicuruzwa byoherezwa muri Amerika nyuma y’icyemezo cy’Urukiko rw’Ikirenga – read more
  • 23 February » Abantu babiri bishwe n’impanuka ku munsi wa mbere wa Tour du Rwanda – read more

Tinubu yatangajwe nk’uwatsinze amatora ya Perezida wa Nigeria

Wednesday 1 March 2023
    Yasomwe na

Bola Ahmed Tinubu yatsindiye kuba Perezida wa Nigeria ahigitse bagenzi be bari bahanganiye gusimbura Perezida Muhammadu Buhari wari usoje Manda ze ebyiri.

Amajwi y’agateganyo yabaruwe kuri uyu wa kabiri tariki ya 28 Gashyantare 2023, agaragaza ko uyu musaza w’imyaka 70 wahoze ari guverineri wa Leta ya Lagos ari we watsinze amatora.

Tinubu watsinze amatora ava mu ishyaka riri ku butegetsi

Nubwo Komisiyo y’amatora yatangaje uwatsinze amatora, amashyaka atavuga rumwe na Leta yari ahagarariwe n’abakandida bayo ari bo Peter Obi na Atiku Abubakar batangaje ko batemera ibyavuye mu matora, basaba ko amajwi yabarwa na perezida mushya wa komiaiyo y’amatora kuko uriho batamufiriye icyizere.

Mu nama yabaye ikigoroba kuwa kabiri, amajwi y’abatavuga rumwe na leta yumvikanagamo ko habaye ibibazo by’ikoranabuhanga ku munsi wo gufungura amatora, guhohotera no gutera ubwoba kimwe no guhimba imibare y’ibyavuye mu matora.

Perezida mushya wa Nigeria Tinubu n’umugore we Oluremi Tinubu

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru