Tuesday . 3 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 1 March » Gicumbi: Abarwanashyaka ba Green Party basabwe guhangana n’ibiyobyabwenge – read more
  • 24 February » Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w’igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani – read more
  • 24 February » Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica – read more
  • 23 February » Ubumwe bw’Uburayi (EU) yatangaje ko itazemera izamurwa ry’imisoro ku bicuruzwa byoherezwa muri Amerika nyuma y’icyemezo cy’Urukiko rw’Ikirenga – read more
  • 23 February » Abantu babiri bishwe n’impanuka ku munsi wa mbere wa Tour du Rwanda – read more

Turukiya igiye guhindura izina ry’igihugu mu cyongereza yanga gukomeza kwitiranwa na Dindon

Friday 21 January 2022
    Yasomwe na

Igihugu cya Turukiya (Turkey mu rurimi rw’icyongereza), cyatangaje ko kigiye guhindura iryo zina, Turkey, kikitwa Türkiye, nyuma yo kwanga guhora yitiranwa n’inkoko zizwi nka Dendon nazo zitwa Turkey muri urwo rurimi.

Mu byumweru bitatu bishize nibwo Perezida wa Turkey, Recep Tayyip Erdoğan, yavuze ko izina Turkey rikomeje guteza urujijo ku barishakisha mu rurimo rw’icyongereza kandi ubusanzwe risobanura ’Umuco,gutera imbere n’indangagaciro z’Abanyaturikiya mu buryo bwiza’.

Muri uku kwezi kwa mbere kandi abanyenganda no muri iki gihugu batangiye gusohora ibicuruzwa byakorewe imbere mu gihugu byanditseho Made in Türkiye.

Türkiye ni igihugu gikomeye ku isi, kikaba kinafite umwihariko wo kuba ku migabane ibiri, Uburayi na Asia bikagihesha amahirwe atandukanye yo kubyaza umusaruro mu bubahiranye mpuzamahanga mu bihugu byo kuri iyo migabane.

Umuryango w’Abibumbye wavuze ko utarakira ibaruwa yemewe n’amategeko isaba ubwo burenganzira.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru