Tuesday . 3 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 1 March » Gicumbi: Abarwanashyaka ba Green Party basabwe guhangana n’ibiyobyabwenge – read more
  • 24 February » Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w’igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani – read more
  • 24 February » Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica – read more
  • 23 February » Ubumwe bw’Uburayi (EU) yatangaje ko itazemera izamurwa ry’imisoro ku bicuruzwa byoherezwa muri Amerika nyuma y’icyemezo cy’Urukiko rw’Ikirenga – read more
  • 23 February » Abantu babiri bishwe n’impanuka ku munsi wa mbere wa Tour du Rwanda – read more

U Bufaransa: Umugabo akurikiranyweho gusambanya umwana we w’amezi 15

Wednesday 9 November 2022
    Yasomwe na

Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia

Umugabo w’imyaka 32 y’amavuko ari imbere y’urukiko mu Bufaransa mu gace Vendée akurikiranyweho ibyaha byo gusambanya umwana we w’amezi 15 binyuze mu gufata igitsina cye akakimushyira mu kanwa.

Iki kirego cyageze imbere y’urukiko mu mpeshyi yo mu 2019 ubwo uwo mugabo yafatwaga ari kwifata amashusho ajyanye n’imibonano mpuzabitsina ari mu bwogero bw’aho atuye.

Abashinzwe iperereza baje gusanga muri telefoni ye amashusho arenga ibihumbi 50 ajyanye no gukora imibonano mpuzabitsina amwe arimo ay’abana andi ari ay’inyamaswa.

Amashusho yafashwe n’uyu mugabo ubwe, amugaragaza ari gukorera ihohotera rishingiye ku gitsina umwana we.

Ku rundi ruhande, umugore we yaje gutahura izindi telefoni ebyiri zirimo amashusho menshi ajyanye na filimi z’imibonano mpuzabitsina ku bana.

Umwanzuro w’uru rubanza utegerejwe mu mpera z’iki Cyumweru, bivugwa ko uyu mugabo ashobora gufungwa imyaka 20.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru