Tuesday . 3 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

U Rwanda rwatangiye kugerageza application ya AI izajya ifasha abaganga gusuzuma no gufata ibyemezo byihuse

Mu rwego rwo gukomeza kunoza no kwihutisha serivisi z’ubuvuzi, Guverinoma y’u Rwanda yatangiye kugerageza porogaramu (application) ikoresha Ubwenge Buhangano (Artificial Intelligence – AI) izajya ifasha abaganga n’abaforomo gusuzuma abarwayi no gufata ibyemezo byihuse ku miti igomba gutangwa.
Iryo gerageza riri gukorwa binyuze mu mushinga wiswe Horizon 1000, uhuriyemo Guverinoma y’u Rwanda, Bill & Melinda Gates Foundation ndetse na OpenAI. U Rwanda ni rwo rwatoranyijwe nk’igihugu (…)

Musanze: Barinubira amazi yafunze umuhanda none ubuzima bwabo buri mu kaga
Musanze: Barinubira amazi yafunze umuhanda none ubuzima bwabo buri mu kaga

Umugiraneza Alice
Abaturage batuye n’abacururiza mu mudugudu wa Nganzo wo mu kagali ka Rwebeya ko mu murenge wa Cyuve ho mu karere ka Musanze baratabariza ubuzima bwabo nyuma yuko hashize igihe gisaga umwaka amazi yarafunze umuhanda none ubu akaba yaratangiye kuzana impumurombi bakaba bafite ubwoba bw’indwara ziterwa n’umwanda bashobora kwandura udasize n’imibu itera malaria ishobora kwiyongera.
Muhawenimana Modeste ni umucuruzi ukorera mu iduka risohokera muri uwo muhamda wuzuye (…)

424 Shares 4 Comments
Deaf and dumb people expose existing challenges in fulfilling efforts to prevent COVID 19
Deaf and dumb people expose existing challenges in fulfilling efforts to prevent COVID 19

MUTUNGIREHE SAMUEL
As Rwanda joined the world to celebrate the international day of people with disabilities, the cluster of deaf and dumb disability said they still face challenges by fulfilling the efforts to prevent COVID 19 when they put on face masks contrary to their sign language which requires using facial signs, face to face, for effective communication.
During celebrating international day of people with disabilities event, which took place at Kigali capital on the 3rd December (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Umwuka uhumanye wica abana 500.000 buri mwaka ku Isi
Umwuka uhumanye wica abana 500.000 buri mwaka ku Isi

Yahinduwe mu Kinyarwanda na Alphonse Rutazigwa
Raporo yo mu kigo gishinzwe umwuka mwiza ku isi igaragaza ko umwuka wo munzu utameze neza wiharira 2/3 by’impfu, kandi ukanagira ingaruka ku bataravuka
Umwana utarageza igihe cy’ukwezi kw’amavuka , ndetse n’umwana utaravuka kuba ari hafi y’umwuka wanduye bishobora gutuma inda ivamo, ndetse no gutuma umwana avukana ibiro bikeya, nkuko impuguke zibitangaza.
Ikinyamakuru cyandikirwa mu Bwongereza The Guardian ku wa 21 Ukwakira 2020, (…)

424 Shares 4 Comments
Ngoma i Mutenderi muri Guma mu Rugo abakobwa bamwe batewe inda abandi barishyingira
Ngoma i Mutenderi muri Guma mu Rugo abakobwa bamwe batewe inda abandi barishyingira

MUTUNGIREHE SAMUEL
Uwabera Sharon, Ni umukowa utuye mu murenge wa Mutenderi mu kagari ka Kibare mu mudugudu wa Ndarage, yatangaje ko nubwo atarondora amazina ariko azi bagenzi be b’abakobwa baturanye bakiri bato bagera kuri bane batewe inda abandi barishyingiye kubera Corona.
Mu rugo iwabo abana n’umubyeyi we w’umugore n’abavandimwe babiri b’abahungu na we wa gatatu w’umukobwa. Mu kiganoro n’ikinyamakuru MamaUrwagasabo, yavuze ko mu bihe bya mbere Coronavirusi ikigera mu Rwanda (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Kigali: Bamwe mu bagore bakoraga mu tubari, bishoye mu buraya kugira ngo babeho
Kigali: Bamwe mu bagore bakoraga mu tubari, bishoye mu buraya kugira ngo babeho

Bamwe mu bahoze bakora mu tubari ubu tumaze igihe dufunze kubera COVID-19, bavuga ko bahuye n’ingaruka zikomeye byatumye bamwe muribo bishora mu uburaya kugira ngo babone ibibatunga, bavuga ko ari bwo buryo bwo kubona imibereho bari basigaranye n’ubwo ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali buvuga ko bakwiye kwegera ubuyobozi bwo mu nzego z’ibanze bagafashwa.
Umwe muri aba batuganirije twahimbye Mukamunanira, ni umubyeyi w’abana 3; nta mugabo agira, inzu atuyemo aho bita Kanserege ayikodesha (…)

424 Shares 4 Comments
Coronavirus: OMS/WHO irashima ko dexamethasone ishobora 'kuyikiza'
Coronavirus: OMS/WHO irashima ko dexamethasone ishobora ’kuyikiza’

By Imfurayabo Pierre
Ishami ry’umuryango w’abibumbye rishinzwe ubuzima ku isi OMS/WHO ryatangaje ko rishima intambwe yatewe mu igerageza ry’ibanze ry’umuti wa dexamethasone mu Bwongereza rigaragaza ko ushobora gukiza abantu barembye kubera Covid-19.
Abashakashatsi bavuga ko ku barwayi bari ku byuma bibafasha guhumeka n’abakenera umwuka, uyu muti ugabanya ikigero cyo gupfa muri bo.
Mu itangazo yasohoye OMS yibutsa ko uyu muti byabonetse ko ufasha gusa abarembejwe na Covid-19, ko (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
U Rwanda ni cyo gihugu cyo mu Karere kidateye impungenge kubera COVID-19 (ubushakashatsi)
U Rwanda ni cyo gihugu cyo mu Karere kidateye impungenge kubera COVID-19 (ubushakashatsi)

Ikigo cy’Abadage gishinzwe kurinda no guhangana n’indwara, The Robert Koch Institute (RKI) kiravuga ko u Rwanda ari kimwe mu bihugu abantu bahagenda badafite ibyago byo kwanduriramo indwara ya Covid-19.
Urutonde iki kigo cyashyize ahagaragara tariki 17 Kamena 2020, rwerekana ibihugu bigifite ibyago byo kwanduriramo Covid-19, u Rwanda ni cyo gihugu cyonyine cyo mu karere kitarugaragaraho.
Mu butumwa yanyujije kuri Twitter, Minisitiri w’Ubuzima w’u Rwanda, Dr. Daniel Ngamije yavuze ko aya (…)

424 Shares 4 Comments
Nigeria: Icyorezo gishya cy'ibicurane kimaze guhitana ingurube ibihumbi 300
Nigeria: Icyorezo gishya cy’ibicurane kimaze guhitana ingurube ibihumbi 300

By Imfurayabo Pierre
Icyorezo cy’indwara y’ibicurane ifata ingurube cyadutse muri koperative yorora ingurube nyinshi mu majyepfo ashyira uburengerazuba bwa Nigeria.
Ni inshuro ya mbere mu myaka 12 ishize iyi ndwara igira ubukana bukaze muri iki gihugu kugeza kuri uru rwego.
Uretse kuba iyi ndwara ifata n’andi matungo yo mu rugo, ngo ifata n’inyamaswa zo mu ishyamba.
Icyakora ku bw’amahirwe ikaba idafata abantu, nk’uko iyi nkuru ya BBC ibivuga.
Iyo ndwara ngo ishobora kwica ingurube (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Somalia: Al-Shabab yatangije ikigo cyo kuvura Covid-19'
Somalia: Al-Shabab yatangije ikigo cyo kuvura Covid-19’

By Imfurayabo Pierre
Intagondwa zo mu mutwe ugendera ku mahame akaze y’idini ya kisilamu wa al-Shabab zisubiyeho ku byo zari zatangaje mbere zihinyura icyorezo cya coronavirus ko kitabaho, ubu noneho zatangaje ko zafunguye "ikigo cyo kuvura" abarwaye Covid-19.
Al-Shabab ivuga ko yafunguye icyo kigo mu mujyi wa Jilib mu majyepfo ya Somalia, umujyi uri mu gace uwo mutwe ugenzura.
Radio Andalus y’uyu mutwe yatangaje ko washyizeho umurongo wa telefone utishyurwa ukora amasaha 24 buri munsi (…)

424 Shares 4 Comments
MU MAFOTO: Mu gahinda kenshi, George Floyd agiye gushyingurwa i Houston
MU MAFOTO: Mu gahinda kenshi, George Floyd agiye gushyingurwa i Houston

By Imfurayabo Pierre
George Floyd wishwe n’umupolisi amushinze ivi ku ijosi, agiye gushyingurwa. Ni umuhango witabiriwe n’abantu benshi mu mujyi wa Houston.
Uyu munsi biteganyijwe ko aza gushyingurwa n’abagize umuryango we aho muri Houston. Imihango yo kumusezeraho yabaye kandi muri Minneapolisi na North Carolina aho yavukiye.
Joe Biden, umukandida w’ishyaka ry’abademokarate ku mwanya wa perezida, ejo yagiye guhura n’abo mu muryango wa Floyd i Houston ngo abihanganishe.
Hagati aho i (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru