Mu rwego rwo gukomeza kunoza no kwihutisha serivisi z’ubuvuzi, Guverinoma y’u Rwanda yatangiye kugerageza porogaramu (application) ikoresha Ubwenge Buhangano (Artificial Intelligence – AI) izajya ifasha abaganga n’abaforomo gusuzuma abarwayi no gufata ibyemezo byihuse ku miti igomba gutangwa.
Iryo gerageza riri gukorwa binyuze mu mushinga wiswe Horizon 1000, uhuriyemo Guverinoma y’u Rwanda, Bill & Melinda Gates Foundation ndetse na OpenAI. U Rwanda ni rwo rwatoranyijwe nk’igihugu (…)
Izi mpaka zazamutse cyane mu cyumweru gishize hagati y’umuhanzi Snoop Dogg n’uwahoze ari icyamamare mu mupira w’amaguru Paul Gascoigne, hibazwa ikibi kurusha ikindi - ni inzoga cyangwa ni urumogi?
Snoop Dogg yashyize ifoto kuri Instagram ye iriho we na Paul Gascoigne, agereranya uko bombi ibi byabagize nyuma y’imyaka 27 babikoresha, akibaza ikibi cyane. Paul Gascoigne yabwiye BBC ko yababajwe n’ibyo Snoop Dogg yakoze, avuga ko ameze neza kandi niba Snoop ashaka kubihinyura bahurira mu (…)
Kugira amaguru abyibushye cyane kurusha inda birinda indwara y’umutima abagore bamaze guca imbyaro, nkuko bikubiye mu bushakashatsi bushya.
Abagore bafite ibyago biri hejuru cyane byo kurwara indwara y’imitsi yo mu bwonko cyangwa indwara y’umutima, bagaragaye ko baba bafite ibinure byinshi mu nda n’ibinure bicye mu mayunguyungu no mu matako.
Ni ubushakashatsi abahanga muri siyansi bakoze maze bandika ibyabuvuyemo mu kinyamakuru cy’ubushakashatsi ku mutima cy’i Burayi cya European Heart (…)
By Imfurayabo Pierre Romeo
Ubwo indege ya Kenya Airways yendaga kugera ku kubuga cy’indge cya Heathrow ku cyumweru, umugabo yahanutse muri iyo ndege umurambo we utoragurwa mu busitani bw’umuntu uturiye ikibuga cy’indege.
Inkuru dukesha BBC ivuga ko umurambo w’uyu mugabo wabonywe ku cyumweru nimugoroba, bikekwa ko yahanutse mu gice cy’amapine y’indege ya Kenya Airways yari ivuye i Nairobi igeze i London nk’uko polisi ibivuga.
Uturiye ikibuga cy’indege, yavuze ko uyu muntu yaguye kuri (…)
By Imfurayabo Pierre Romeo
Indege yahanukiye ku kibuga k’indege ikimara guhaguruka muri leta ya Texas ihitana abantu 10 bari bayirimo.
Iyi indege nto yo mu bwoko bwa BE-350 King Air, yahanutse hashize umwanya muto ihagurutse ku kibuga k’indege cya Addison muri leta ya Texas.
Yahanutse igwa mu nzu ijyamo indege bita ’Hangar’ ku kibuga cy’indege, hahita haba guturika n’umuriro mwinshi nk’uko abayobora icyo kibuga babyemeje. Darci Neuzil, umuyobozi wungirije w’iki kibuga cy’indege, yavuze (…)
By Imfurayabo Pierre Romeo Abantu bagakwiye kwibanda ku buryo bwo kwirinda ko ’microbes’ zigira ingaruka mbi ku buzima zikwirakwira mu ngo zabo, aho kwibanda ku gusukura ahagaragara ko hasa nabi.
Ibi ni ibikubiye mu bushakashatsi bushya bw’ikigo cyigenga cyita ku buzima cyo mu Bwongereza.
Ubu bushakashatsi bw’ikigo Royal Society for Public Health (RSPH) buvuga ko gukaraba intoki, kumesa ibitambaro byo guhanagura amasahani n’ibindi byombo, no koza ahategurirwa amafunguro byose bikozwe mu (…)
Ministeri y’ubuzima yongeye gusaba abaturarwanda n’abarusura ko hagize ugaragaza ibimenyetso bya Ebola akwiye kwihutira kugana ikigo nderabuzima kimuri hafi.
Itangazo ryashyizweho umukono na Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Diane Gashumba, kuri uyu wa gatatu rirasaba abaturarwanda n’abarusura ko uwagaragaza kimwe mu bimenyetso byayo yakwihutira kugera ku kigo nderabuzima, ivuriro cyangwa ibitaro bimwegereye kugira ngo ahabwe ubufasha bwihuse.
U Rwanda nk’igihugu cyegeranye na Uganda na (…)
By Olive Mukahirwa
Bavuga ko umuntu yasamiye inyuma ya nyababyeyi iyo igi ariryo rikura rikazavamo umwana ryagiye kwitereka inyuma ya nyababyeyi, akenshi rikitereka mu miyoborantanga.
Ubu buryo bwo gutwita nta ruhare na ruto umugore cyangwa umugabo babigiramo : Ni impanuka kimwe n’izindi zose. Aho hantu igi rijya kwitereka cyakora bishobora guterwa n’impamvu zitandukanye : Kuba imiyoborantanga(trompes de fallope) ifite uburwayi runaka buyizibya butuma nyuma yo kubonana kw’intangangabo (…)
By Imfurayabo Pierre Romeo
Abategetsi mu Burundi kuri iki cyumweru bemeje ko ikirombe cya Colta kiri mu majyaruguru y’iki gihugu cyagwiriye abacukuzi hagapfa icyenda abandi 20 bagakomereka.
Iyi mpanuka yabaye kuwa gatandatu ahitwa Kabarore, abategetsi bavuga ko yatewe n’imvura nyinshi imaze iminsi igwa.
Mu bakomeretse, bane bamerewe nabi cyane mu bitaro, nkuko abategetsi muri aka gace babibwiye ibiro ntaramakuru AFP.
Kugeza kuwa gatandatu, abatabazi bo mu nzego za leta bafatanyije (…)
By Imfurayabo Pierre Romeo Abantu ku isi bararushaho kurakara no guhangayika nk’uko raporo nshya ku bushakashatsi bwakozwe ku isi ibigaragaza.
Ku bantu 151 000 bo mu bihugu 140 babajijwe, kimwe cya gatatu cyabo bavuga ko barwaye umujagararo (stress), naho umwe kuri batanu akaba afite agahinga cyangwa umujinya.
Ubu bushakashatsi bwitwa "Gallup Global Emotions Report" bubaza abantu ku byiza n’ibibi banyuramo ndetse n’amarangamutima. Igihugu kiganjemo abanyura mu bibi ni Chad, gikurikirwa (…)
By Scovia Mutesi Abagore bamwe bavuganye n’ikinyamakuru Mamaurwagasabo, bavuga ko basigaye baboneza urubyaro rwihishwa ngo bitewe ni uko abagabo babo batabibemerera, bavuga kandi ko batabemerera kuboneza urubyaro bitewe ni uko ngo imiti bakoresha ibangiriza ubuzima.
Abo bagore kandi bavuga ko abagabo babo batabemerera bitewe ni uko ngo niyo byatwite batabafasha kujya kwipimisha kwa muganga, ingaruka abo bagore bahura na zo ngo ni uko ugasanga hari n’abagore babyarira mu rugo.
Umwe muri (…)
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

























