Mu rwego rwo gukomeza kunoza no kwihutisha serivisi z’ubuvuzi, Guverinoma y’u Rwanda yatangiye kugerageza porogaramu (application) ikoresha Ubwenge Buhangano (Artificial Intelligence – AI) izajya ifasha abaganga n’abaforomo gusuzuma abarwayi no gufata ibyemezo byihuse ku miti igomba gutangwa.
Iryo gerageza riri gukorwa binyuze mu mushinga wiswe Horizon 1000, uhuriyemo Guverinoma y’u Rwanda, Bill & Melinda Gates Foundation ndetse na OpenAI. U Rwanda ni rwo rwatoranyijwe nk’igihugu (…)
Yanditswe na Alice Umugiraneza
Umusaza Nzamwita wo mudugudu wa Busoga, akagari ka Muhaza mu murenge wa Cyabingo ho mu karere ka Gakenke, avugako yanduye covid19 ntiyamenya uburwayi afite kuko atiyumvishaka ko yakwandura covid19 kuko yarazi ko ari indwara yo mu mugi kandi ikaba iy’abakire, akumva ko mu cyaro itahagera.
Nzamwita Innocent yabwiye umunyakuru wa mamaurwagasabo uko yiyumvaga igihe nawe yari atarakamenya ikibazo afite mu mubiri.
Yagize ati "Mfatwa numvaga ndwaye umutwe (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Mu gihe u Rwanda n’Isi yose muri rusange bakomeje guhangana n’icyorezo cya Covid-19 bamwe mu bayikize baravuga ko ya ashegeshe bikomeye ariko nyuma yo kugikira basaba buri wese guhindura imyumvire ku cyorezo bagakomeza ingamba zo kukirinda.
Burya ngo ukize inkuba arayiganira, umugani benshi mu bakize COVID-19 bahurizaho, bemeza ko cyabashegeshe mu buryo bukomeye nyuma yuko babanje kugira imyumvire yo gukerenza amabwiriza ya Minisiteri y’Ubuzima, ubwo (…)
Mutungirehe Samuel
Nyuma y’aho kaminuza y’u Rwanda ishami ry’ubuzima risanze abanyeshuri batari bake bafite ibibazo mu Buzima bwo mu mutwe, ku bufatanye n’Ikigo cy’igihugu cy’Ubuzima RBC batangije ubukangurambaga bugamije gusobanukirwa indwara zo mu mutwe, uko zirindwa, n’inama sosiyete n’ababyeyi bakwiye kaifashisha mu kwirinda guhutaza no guha akato umwana watangiye guhura n’ibibazo by’ubuza bwo mu mutwe.
Ni nyuma y’ubushakashatsi bwagaragaje ko icyorezo cya COVID-19 cyagize ingaruka (…)
By Scovia Mutesi
Different men are yet to understand the embrace of vasectomy as a way of birth control due to different divided views.
Vasectomy is a form of male birth control that cuts the supply of sperm to your semen.
It’s done by cutting and sealing the tubes that carry sperm.
Vasectomy has a low risk of problems and can usually be performed in an outpatient setting under local anesthesia
Emmanuel Ndayisenga is a married man in Nyanza district in Ntyazo sector.
He told this (…)
By Mutungirehe Samuel
There are some parents in Nyagatare District, Karangazi Sector, and Villages of Rwenyemera and Kizirakome who accuse their colleagues of having abandoned their responsibilities, thereby not caring about the essence of teaching their children, especially young girls when they are still young about productive health, as well as the right behavior to their children, thus making them vulnerable to fornication, whereby some conceive unwanted pregnancies.
This was said (…)
Bamwe mu rubyiruko rwo mu karere ka Musanze bavuga ko kuba rwaregerejwe serivisi zo gupima , gutanga udukingirizo ,Imiti n’ibindi ku buntu byagabanyije ubwandu bushya bwa virusi itera SIDA.
Mu mwaka wa 2017 nibwo mu Karere ka Musanze hashinzwe ikigo cy’urubyiruko gitanga serivisi zitandukanye zo kurwanya no gukumira ubwandu bushya bwa Virusi itera SIDA.
Zimwe muri izi serivisi zirimo gupima ku bushake, gutanga imiti, gutanga ubujyanama ku kwirinda virusi itera SIDA no gufasha uwayanduye (…)
Urubyiruko rwo mu kigo cy’urubyiruko cya Musanze rutangaza ko bamaze kubona ko urubyiruko rutaganirijwe ku buzima bw’imyororokere bibagirho ingaruka zitandukanye zirimo kurwara indwara zandurira mu mibonano mpuzabitsinda, gutwara inda zidateganyijwe no kwanduzwa Virusi itera SIDA.
Uwajeneza Joyeuse w’imyaka 24 ukora mu kigo cy’Urubyiruko cya Musanze yatangaje ko iyo umwana ataganirijwe ibijyanye n’ubuzima bw’imyororokere haba harimo ikibazo cyo kuba yatwara inda zitateganyijwe cyangwa (…)
Mutungirehe Samuel
Biturutse ku bufatanye bw’Ingabo z’u Rwanda MoD n’i z’Ubugiriki, iki gihugu cyatanze inkingo zo mu bwoko bwa Astra Zeneca ibihumbi magana abiri (200 000) mu rwego rwo gushyigikira gahunda yo gukingira abaturage icyorezo cya COVID19.
Inkingo za Astra Zeneca ziterwa doze ebyiri zongeye kuboneka mu nkingo u Rwanda ruri guha abaturage mu gihe hari hashize amezi hatangwa iza Phizer nazo ziterwa doze ebyiri, zikaba zije zikurikira kandi iza Johnson & Johnson nazo zitari (…)
Imibare ya Minisiteri y’Ubuzima muri Uganda ikomeje kugaragaza ubwiyongere bukabije bw’abandura Coronavirus mu gihe abahitanwa n’iki cyorezo kubera ikibazo cyo kubura umwuka nabo bari kwiyongera aho kuri uyu wa Kane babaye 34.Itangazo ryo ku wa 15 Kamena 2021, rigaragaza ko mu masaha 24 yari ashize handuye abantu bashya 1.584 bituma umubare w’abamaze kwandura bose muri Uganda ugera kuri 67.215.
Iyi mibare ya Minisiteri y’Ubuzima muri Uganda igaragaza ko abari kwandura Covid-19 muri iki (…)
Written by Imfurayabo Pierre Romeo
HVP Gatagara in partnership with Kicukiro District held an accountability event whose purpose was to celebrate their achievements, which had a theme, “All of us me and you we accomplish perform contracts.”
This theme regarding the accountability of the achievements registered by HPV Gatagara in conjunction with Kicukiro District, which took place on 20th April 2021, through the collaboration of HVP Gatagara with Kicukiro District, for the purpose of (…)
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

























