Mu rwego rwo gukomeza kunoza no kwihutisha serivisi z’ubuvuzi, Guverinoma y’u Rwanda yatangiye kugerageza porogaramu (application) ikoresha Ubwenge Buhangano (Artificial Intelligence – AI) izajya ifasha abaganga n’abaforomo gusuzuma abarwayi no gufata ibyemezo byihuse ku miti igomba gutangwa.
Iryo gerageza riri gukorwa binyuze mu mushinga wiswe Horizon 1000, uhuriyemo Guverinoma y’u Rwanda, Bill & Melinda Gates Foundation ndetse na OpenAI. U Rwanda ni rwo rwatoranyijwe nk’igihugu (…)
Yanditswe na Imfurayabo Pierre Romeo
Ari ku rutonde rw’abantu bakatiwe kwicwa muri Malawi, Byson Kaula yarokotse inshuro 3 bitewe nuko ibyo bihe byose uwagombaga kumwica amumanitse yahagaritse akazi atarasoza umubare wabo yagombaga kunyonga uwo munsi.
Amakuru dukesha BBC avuga ko umugabo ukomoka mu gihugu cya Malawi yakomeje kubaho kugeza igihe Leta ihagarikiye igikorwa cyo kunyonga abantu. Ubwo uyu mugabo yari ku rutonde rwabagomba kumanikwa, ako kazi kakorwaga n’umunyafrika yepfo (…)
Yanditswe na Romeo Imfurayabo Umuryango w’abibumbye ku wa gatatu watangaje ko abana barenga 100 bamaze guhitanwa n’indwara y’iseru muri Repubulika iharanira demokarasi ya Kongo kuva uyu mwaka wa 2019 watangira, indwara ije yiyongera ku byorezo bya cholera na Ebola muri iki gihugu.
Ubutumwa bwo kubungabunga amahoro bw’umuryango w’abibumbye muri Kongo, MONUSCO, butangaza ko abategetsi bo mu rwego rw’ubuzima bo mu ntara zo mu majyepfo ashyira uburasirazuba za Lualaba na Lomami basanze abantu (…)
Indege nto zitagira abapilote (Drones) zigiye gutangira kwifashishwa na Guverinoma y’U Rwanda mu bikorwa byo gutera imiti yica imibu itera Malaria
Drones Ubusanzwe zimenyerewe mu bikorwa bya gisirikare by’ubutasi, nko gufata amafoto n’ibindi bifitanye isano nayo gusa u Rwanda rumaze igihe ruzikoresha mu bikorwa by’ubuvuzi cyane cyane kugemura amaraso ku bitaro. Drone zizifashishwa zishobora gutwara litilo 10 z’amaraso Gutera imiti yica imibu hifashishijwe Drones, Guverinoma izabikora ku (…)
Yanditswe na: Imfurayabo Pierre Romeo
Ubushakashatsi bwakozwe n’ikigo Lancet bwemeje ibiherutse, kugaragaza ko nta rugero na rumwe rw’inzoga rutabangamira ubuzima bw’umuntu.
Abashakashatsi bemera ko kunywa inzoga ku rugero bishobora gukingira indwara z’umutima, ariko basanga uko "gukingira" nanone gushobora kugaruka umuntu mu gihe yaba arwaye indwara ya kanseri n’izindi.
Kunywa mu rugero bibangamira ubuzima gute?
Icyigo kitwa "Global Burden of Disease" cyakoze ubushakashatsi ku (…)
Bamwe mu bagore bo murenge wa Kigabiro, akarere ka Rwamagana mu ntara y’Iburasirazuba bavuga ko iyo bagiye kuboneza urubyaro babahitishamo uburyo bashaka batabanje gusuzumwa, kugira ngo bamenye uburyo bubereye umubiri wabo. Umuyobozi w’ikigo nderabuzima cya Rwamagana we ahakana aya makuru, agahamya ko babanza kubasuzuma kugira ngo babone uko babaha imiti iboneza urubyaro.
Uwihoreye Patience avuga ko amaze imyaka ibiri aboneza urubyaro, akaba yaragiye akoresha uburyo butandukanye. Gusa (…)
Umuryango Urwanya ubwa bwa Virusi itera SIDA ndetse ukanita ku banduye agakoko kayitera, SIDA AHF(Aids Health Care Foundation) Mu birori byabereye mu mujyi wa musanze kuri uyu wa gatanu,SIDA ku bushake
Kuri uyu wa gatanu tariki 30 Ugushyingo niya 1 Ukuboza. Isi yose yizihiza umunsi mukuru wo kurwanya Virusi itera SIDA.mu Rwanda uyu munsi wizihirijwe mu karere ka Musanze.
Dr Brenda Assiimwe Gatera umuyobozi mukuru wa AHF Rwanda, avuga ko uyu muryango ufite ingamba zo kwegereza imiti (…)
Polisi y’ u Rwanda ikorera mu Ntara y’Amajyepfo yasuye inashyikiriza ingemu abarwayi bakomerekeye mu mpanuka zo mu muhanda barwariye mu bitaro bya Kabgayi mu Karere ka Muhanga.
Buri murwayi yahawe amafaranga ibihumbi 72Frw nk’ingemu Polisi yamugeneye kubera impanuka kuko imiti gusa itatunga umurwayi, kandi ngo abakoze impanuka bakenera ibintu byinshi byo kubitaho. Abarwayi bavuze ko iki gikorwa polisi yakoze cyabatunguye.
Polisi igaragaza ko yabikoze mu rwego rw’ibikorwa byayo byahariwe (…)
Igikomangomakazi cya Jordan, Sarah Zeid yasuye inkambi ya Gihembe iherereye mu karere ka Gicumbi mu ntara y’amajyaruguru,agirana nazo ibiganiro bitandukanye.
Igikomangomakazi Sarah Zeid yasuye iyi nkambi ya Gihembe icumbikiye impunzi zigera ku bihumbi 13,300 zaturutse muri Repubulika iharanira demokarasi ya kongo ndetse zimaze imyaka 20 mu Rwanda agirana ibiganiro na bamwe mu bagore bayirimo aho bamugaragarije ibibazo bikomeye bafite.
Izi mpunzi zabwiye Sarah Zeid ko imbogamizi zifite (…)
Iki cyorezo kiri guhitana abantu benshi muri iyi minsi u Rwanda rwagihagurukiye, nubwo muri iki gihu iyindwara itaragaragaramo ni ngombwa gutunga ibikoresho wakwifashisha mu kuyipima iyo ndwara uwo bayisanganye agahabwa imiti.
Ibi byaganiriwe kuri uyu wa 2 tariki ya 30 ukwakira 2018, mu kiganiro nyunguranabitekerezo, n’umuryango w’abanyamakuru baharanira amahor (Pax Press) wagiranye na Minisiteri y’ubuzima ndetse(Minisante) n’ikigo cy’igihugu cy’ubuzima(RBC), aho bareberaga hamwe uko (…)
Ubu bushakashatsi buzakorwa na RPHIA n’ijambo ryimbine (Rwanda Population-Based Hiv Impact Assement)mu rurimi rwikinyarwanda ubushakashatsi ku baturage buzakorerwa mu ngo bugamije kumenya no huhangana na Virusi ya SIDA mu Rwanda.
Bizabera mu Rwanda mu gihe cy’amezi 6 bukazasiga bugaragaje uko iki cyorezo gihagaze mu Rwanda,no kureba gahunda zo kurwanya no kuvura hatangwa imiti igabanya ubukana aho bigeze n’umusaruro byatanze RPHIA ni ubushakashatsi ku baturage buzakorerwa mu ngo (…)
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

























