Tuesday . 3 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

U Rwanda rwatangiye kugerageza application ya AI izajya ifasha abaganga gusuzuma no gufata ibyemezo byihuse

Mu rwego rwo gukomeza kunoza no kwihutisha serivisi z’ubuvuzi, Guverinoma y’u Rwanda yatangiye kugerageza porogaramu (application) ikoresha Ubwenge Buhangano (Artificial Intelligence – AI) izajya ifasha abaganga n’abaforomo gusuzuma abarwayi no gufata ibyemezo byihuse ku miti igomba gutangwa.
Iryo gerageza riri gukorwa binyuze mu mushinga wiswe Horizon 1000, uhuriyemo Guverinoma y’u Rwanda, Bill & Melinda Gates Foundation ndetse na OpenAI. U Rwanda ni rwo rwatoranyijwe nk’igihugu (…)

MALAWI: YARUSIMBUTSE 3 NYUMA YUKO UWAGOMBAGA KUMWICA YAHAGARITSE AKAZI ATAMUGEZEHO
MALAWI: YARUSIMBUTSE 3 NYUMA YUKO UWAGOMBAGA KUMWICA YAHAGARITSE AKAZI ATAMUGEZEHO

Yanditswe na Imfurayabo Pierre Romeo
Ari ku rutonde rw’abantu bakatiwe kwicwa muri Malawi, Byson Kaula yarokotse inshuro 3 bitewe nuko ibyo bihe byose uwagombaga kumwica amumanitse yahagaritse akazi atarasoza umubare wabo yagombaga kunyonga uwo munsi.
Amakuru dukesha BBC avuga ko umugabo ukomoka mu gihugu cya Malawi yakomeje kubaho kugeza igihe Leta ihagarikiye igikorwa cyo kunyonga abantu. Ubwo uyu mugabo yari ku rutonde rwabagomba kumanikwa, ako kazi kakorwaga n’umunyafrika yepfo (…)

424 Shares 4 Comments
CONGO: Umuryango w'abibumbye uratangaza ko indwara y'iseru imaze guhitana abana barenga 100 kuva uyu mwaka watangira
CONGO: Umuryango w’abibumbye uratangaza ko indwara y’iseru imaze guhitana abana barenga 100 kuva uyu mwaka watangira

Yanditswe na Romeo Imfurayabo Umuryango w’abibumbye ku wa gatatu watangaje ko abana barenga 100 bamaze guhitanwa n’indwara y’iseru muri Repubulika iharanira demokarasi ya Kongo kuva uyu mwaka wa 2019 watangira, indwara ije yiyongera ku byorezo bya cholera na Ebola muri iki gihugu.
Ubutumwa bwo kubungabunga amahoro bw’umuryango w’abibumbye muri Kongo, MONUSCO, butangaza ko abategetsi bo mu rwego rw’ubuzima bo mu ntara zo mu majyepfo ashyira uburasirazuba za Lualaba na Lomami basanze abantu (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
U Rwanda rugiye gukoresha Drones mu guhashya Malaria
U Rwanda rugiye gukoresha Drones mu guhashya Malaria

Indege nto zitagira abapilote (Drones) zigiye gutangira kwifashishwa na Guverinoma y’U Rwanda mu bikorwa byo gutera imiti yica imibu itera Malaria
Drones Ubusanzwe zimenyerewe mu bikorwa bya gisirikare by’ubutasi, nko gufata amafoto n’ibindi bifitanye isano nayo gusa u Rwanda rumaze igihe ruzikoresha mu bikorwa by’ubuvuzi cyane cyane kugemura amaraso ku bitaro. Drone zizifashishwa zishobora gutwara litilo 10 z’amaraso Gutera imiti yica imibu hifashishijwe Drones, Guverinoma izabikora ku (…)

424 Shares 4 Comments
Nta rugero na rumwe rw'inzoga rutabangamira ubuzima bw'umuntu
Nta rugero na rumwe rw’inzoga rutabangamira ubuzima bw’umuntu

Yanditswe na: Imfurayabo Pierre Romeo
Ubushakashatsi bwakozwe n’ikigo Lancet bwemeje ibiherutse, kugaragaza ko nta rugero na rumwe rw’inzoga rutabangamira ubuzima bw’umuntu.
Abashakashatsi bemera ko kunywa inzoga ku rugero bishobora gukingira indwara z’umutima, ariko basanga uko "gukingira" nanone gushobora kugaruka umuntu mu gihe yaba arwaye indwara ya kanseri n’izindi.
Kunywa mu rugero bibangamira ubuzima gute?
Icyigo kitwa "Global Burden of Disease" cyakoze ubushakashatsi ku (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Rwamagana: Bamwe mu bagore baboneza urubyaro ntibemeranya na muganga uvuga ko babaha urukingo bamaze gupimwa.
Rwamagana: Bamwe mu bagore baboneza urubyaro ntibemeranya na muganga uvuga ko babaha urukingo bamaze gupimwa.

Bamwe mu bagore bo murenge wa Kigabiro, akarere ka Rwamagana mu ntara y’Iburasirazuba bavuga ko iyo bagiye kuboneza urubyaro babahitishamo uburyo bashaka batabanje gusuzumwa, kugira ngo bamenye uburyo bubereye umubiri wabo. Umuyobozi w’ikigo nderabuzima cya Rwamagana we ahakana aya makuru, agahamya ko babanza kubasuzuma kugira ngo babone uko babaha imiti iboneza urubyaro.
Uwihoreye Patience avuga ko amaze imyaka ibiri aboneza urubyaro, akaba yaragiye akoresha uburyo butandukanye. Gusa (…)

424 Shares 4 Comments
Musanze :Abaturage bishimiye udukingirizo bahawe na AHFRwanda
Musanze :Abaturage bishimiye udukingirizo bahawe na AHFRwanda

Umuryango Urwanya ubwa bwa Virusi itera SIDA ndetse ukanita ku banduye agakoko kayitera, SIDA AHF(Aids Health Care Foundation) Mu birori byabereye mu mujyi wa musanze kuri uyu wa gatanu,SIDA ku bushake
Kuri uyu wa gatanu tariki 30 Ugushyingo niya 1 Ukuboza. Isi yose yizihiza umunsi mukuru wo kurwanya Virusi itera SIDA.mu Rwanda uyu munsi wizihirijwe mu karere ka Musanze.
Dr Brenda Assiimwe Gatera umuyobozi mukuru wa AHF Rwanda, avuga ko uyu muryango ufite ingamba zo kwegereza imiti (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Polisi y' u Rwanda yatangiye gusura abakomerekeye mu mpanuka zo mu muhanda
Polisi y’ u Rwanda yatangiye gusura abakomerekeye mu mpanuka zo mu muhanda

Polisi y’ u Rwanda ikorera mu Ntara y’Amajyepfo yasuye inashyikiriza ingemu abarwayi bakomerekeye mu mpanuka zo mu muhanda barwariye mu bitaro bya Kabgayi mu Karere ka Muhanga.
Buri murwayi yahawe amafaranga ibihumbi 72Frw nk’ingemu Polisi yamugeneye kubera impanuka kuko imiti gusa itatunga umurwayi, kandi ngo abakoze impanuka bakenera ibintu byinshi byo kubitaho. Abarwayi bavuze ko iki gikorwa polisi yakoze cyabatunguye.
Polisi igaragaza ko yabikoze mu rwego rw’ibikorwa byayo byahariwe (…)

424 Shares 4 Comments
Igikomangomakazi cya Jordan, Sarah Zeid yasuye inkambi ya Gihembe ku nshuro ya kabiri
Igikomangomakazi cya Jordan, Sarah Zeid yasuye inkambi ya Gihembe ku nshuro ya kabiri

Igikomangomakazi cya Jordan, Sarah Zeid yasuye inkambi ya Gihembe iherereye mu karere ka Gicumbi mu ntara y’amajyaruguru,agirana nazo ibiganiro bitandukanye.
Igikomangomakazi Sarah Zeid yasuye iyi nkambi ya Gihembe icumbikiye impunzi zigera ku bihumbi 13,300 zaturutse muri Repubulika iharanira demokarasi ya kongo ndetse zimaze imyaka 20 mu Rwanda agirana ibiganiro na bamwe mu bagore bayirimo aho bamugaragarije ibibazo bikomeye bafite.
Izi mpunzi zabwiye Sarah Zeid ko imbogamizi zifite (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
u Rwanda rwatangiye gupima icyorezo cya Ebola
u Rwanda rwatangiye gupima icyorezo cya Ebola

Iki cyorezo kiri guhitana abantu benshi muri iyi minsi u Rwanda rwagihagurukiye, nubwo muri iki gihu iyindwara itaragaragaramo ni ngombwa gutunga ibikoresho wakwifashisha mu kuyipima iyo ndwara uwo bayisanganye agahabwa imiti.
Ibi byaganiriwe kuri uyu wa 2 tariki ya 30 ukwakira 2018, mu kiganiro nyunguranabitekerezo, n’umuryango w’abanyamakuru baharanira amahor (Pax Press) wagiranye na Minisiteri y’ubuzima ndetse(Minisante) n’ikigo cy’igihugu cy’ubuzima(RBC), aho bareberaga hamwe uko (…)

424 Shares 4 Comments
 Hagiye gukorwa ubushakashatsi mu kumenya uko virusi ya SIDA ihagaze mu Rwanda
Hagiye gukorwa ubushakashatsi mu kumenya uko virusi ya SIDA ihagaze mu Rwanda

Ubu bushakashatsi buzakorwa na RPHIA n’ijambo ryimbine (Rwanda Population-Based Hiv Impact Assement)mu rurimi rwikinyarwanda ubushakashatsi ku baturage buzakorerwa mu ngo bugamije kumenya no huhangana na Virusi ya SIDA mu Rwanda.
Bizabera mu Rwanda mu gihe cy’amezi 6 bukazasiga bugaragaje uko iki cyorezo gihagaze mu Rwanda,no kureba gahunda zo kurwanya no kuvura hatangwa imiti igabanya ubukana aho bigeze n’umusaruro byatanze RPHIA ni ubushakashatsi ku baturage buzakorerwa mu ngo (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru