Nyuma y’uko kuri uyu wa Gatandatu abantu benshi mu byiciro byose bari bagiye guherekeza Diogo Jota n’umuvandimwe we Andre Silva bitabye Imana, Liverpool yahise isezeranya umuryango wa Jota ko abana batatu asize bazishyurirwa amashuri yose baziga. Iyi kipe kandi yemerera umugore wa Jota ko amasezerano umugabo we yarasigaje mur’iyi kipe angana n’imyaka 2 imishahara iizakomeza gutangwa, n’ibindi byose byari bikubiye mu masezerano mu buryo bwo guha agaciro uyu munya mukinnyi.
INKURU ZIGEZWEHO
- 3 March » ISRAEL YEMEJE IBITERO MURI LIBAN NA IRAN ICYARIMWE – read more
- 1 March » Gicumbi: Abarwanashyaka ba Green Party basabwe guhangana n’ibiyobyabwenge – read more
- 24 February » Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w’igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani – read more
- 24 February » Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica – read more
- 23 February » Ubumwe bw’Uburayi (EU) yatangaje ko itazemera izamurwa ry’imisoro ku bicuruzwa byoherezwa muri Amerika nyuma y’icyemezo cy’Urukiko rw’Ikirenga – read more
UMURYANGO WA NYAKWIGENDERA DIOGO JOTTA BASEZERANYIJWE BYINSHI NA LIVERPOOL
Monday 7 July 2025
Yasomwe na 150
Any message or comments?
Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda irakomeza uyu munsi.
13 December 2025, by Valens Nzabonimana























