Nyuma y’uko kuri uyu wa Gatandatu abantu benshi mu byiciro byose bari bagiye guherekeza Diogo Jota n’umuvandimwe we Andre Silva bitabye Imana, Liverpool yahise isezeranya umuryango wa Jota ko abana batatu asize bazishyurirwa amashuri yose baziga. Iyi kipe kandi yemerera umugore wa Jota ko amasezerano umugabo we yarasigaje mur’iyi kipe angana n’imyaka 2 imishahara iizakomeza gutangwa, n’ibindi byose byari bikubiye mu masezerano mu buryo bwo guha agaciro uyu munya mukinnyi.
INKURU ZIGEZWEHO
- 16 March » Trump arasaba ibihugu kumufasha kurinda inzira ya Strait of Hormuz – read more
- 13 March » Donald Trump yatangaje ko yashimishijwe no kwica abayobozi ba Iran – read more
- 12 March » Inkangu zahitanye abantu 60 muri Ethiopia – read more
- 11 March » U Rwanda rwitabiriye PISA 2025 mu rwego rwo kunoza ireme ry’uburezi, ntabwo ari amarushanwa – read more
- 11 March » M23 yemeje ko FARDC yarashe muri Goma – read more
UMURYANGO WA NYAKWIGENDERA DIOGO JOTTA BASEZERANYIJWE BYINSHI NA LIVERPOOL
Monday 7 July 2025
Yasomwe na 150
Any message or comments?
Musanze: Abakinnyi batunguwe n’abaturage mu gicuku
26 June 2023























