Nyuma y’uko kuri uyu wa Gatandatu abantu benshi mu byiciro byose bari bagiye guherekeza Diogo Jota n’umuvandimwe we Andre Silva bitabye Imana, Liverpool yahise isezeranya umuryango wa Jota ko abana batatu asize bazishyurirwa amashuri yose baziga. Iyi kipe kandi yemerera umugore wa Jota ko amasezerano umugabo we yarasigaje mur’iyi kipe angana n’imyaka 2 imishahara iizakomeza gutangwa, n’ibindi byose byari bikubiye mu masezerano mu buryo bwo guha agaciro uyu munya mukinnyi.
INKURU ZIGEZWEHO
- 1 April » Perezida w’u Burundi yaragije Imana igihugu cye nyuma y’uko ububiko bw’intwaro z’igisirikare cy’u Burundi bufashwe n’inkongi y’umuriro – read more
- 31 March » Spain yafunze ikirere cyayo ku ndege z’intambara z’Amerika – read more
- 31 March » Gakenke: Bakusanyije Miliyoni zisaga 200 zo kurengera abatishoboye – read more
- 26 March » Perezida Kagame :Iterambere ry’amadini n’amatorero n’Igihugu gitera imbere – read more
- 26 March » VIBE yahanze imirimo igera ku bihumbi 43,000 ku rubyiruko rwo mu Rwanda – read more
UMURYANGO WA NYAKWIGENDERA DIOGO JOTTA BASEZERANYIJWE BYINSHI NA LIVERPOOL
Monday 7 July 2025
Yasomwe na 151
Any message or comments?
Muri Champions league ibitego byarumbutse
20 October 2021Ikipe ya APR ikomeje kwitegura gukina na Pyramids yagize icyo ivuga
27 September 2025, by Valens Nzabonimana
























