Nyuma y’uko kuri uyu wa Gatandatu abantu benshi mu byiciro byose bari bagiye guherekeza Diogo Jota n’umuvandimwe we Andre Silva bitabye Imana, Liverpool yahise isezeranya umuryango wa Jota ko abana batatu asize bazishyurirwa amashuri yose baziga. Iyi kipe kandi yemerera umugore wa Jota ko amasezerano umugabo we yarasigaje mur’iyi kipe angana n’imyaka 2 imishahara iizakomeza gutangwa, n’ibindi byose byari bikubiye mu masezerano mu buryo bwo guha agaciro uyu munya mukinnyi.
INKURU ZIGEZWEHO
- 25 May » Rubavu: Abazahembwa muri Rubavu Music Awards and Talent Detection bamaze gutoranywa – read more
- 12 May » Rwanda: Hazatangwa ibikombe 2 muri Shampiyona – read more
- 9 May » Rubavu: Itorero EAR ryateguye igikorwa cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 – read more
- 27 April » Rubavu: Rubavu Music Awards and Talent Detection igiye kongera kuba bwa kabiri – read more
- 27 April » RDC: Hashyizweho umutwe ushinzwe kurinda ibirombe – read more
UMURYANGO WA NYAKWIGENDERA DIOGO JOTTA BASEZERANYIJWE BYINSHI NA LIVERPOOL
Monday 7 July 2025
Yasomwe na 166
Any message or comments?
Ikipe ya APR ikomeje kwitegura gukina na Pyramids yagize icyo ivuga
27 September 2025, by Valens NzabonimanaTeam Rwanda yaguriwe amagare mashya ya Tour du Rwanda 2025
13 February 2025Mugisha Samuel yabonye ikipe nshya yo muri Afurika y’Epfo
14 November 2021Siporo: Abafana bongeye gukomorerwa kureba imikino
27 January 2022
























