Bamwe mu batwara bisi mu mujyi wa Kigali, barasaba ko hari ibyanozwa mu buryo bushya bw’ingendo, inzira yabo bagenewe izwi nka Only Bus ikubahirizwa. Ni nyuma yuko hakigaragara abagenzi n’ibindi binyabiziga bibera inzitizi abo mugice cyahariwe Bisi gusa, rimwe na rimwe bikaba byatera impanuka.
Nyuma y’igihe gito hatangijwe uburyo bwo gutwara abagenzi mu buryo bwa rusange, bamwe mu bagenzi banyuzwe nabyo. Bavuga ko ingendo mu buryo bwa rusange zabagoraga, rimwe na (…)
Mu muco w’Abanyarwanda basanzwe bazwiho ko kurya itungo ry’ingurube haribwa ibice by’inyuma n’uruhu ariko inyama z’imbere zikanenwa.
Mu nyama zo mu nda y’ingurube zinenwa zirimo n’amara yazo kubera isuku nke y’ibyo iri tungo rirya, dore ko ntacyo risubiza inyuma.
Mu bice by’Imirenge itandukanye y’Umujyi wa Kigali, cyane cyane y’icyaro hari abaturage basigaye barya zingaro z’amara y’ingurube.
Aba baturage barya ’brochettes’ za zingaro z’ingurube, bo bazita ’gorirosi’, ndetse bavuga ko (…)
Urubyiruko rutari ruke rwo mu turere twa Rwamagana, Kayonza, Kirehe na Nyagatare rwisanze rwatekewe umutwe n’abantu bataramenyekana barwaka amafaranga kugira ngo barurangire akazi bisanga mu maboko yabo.
Abageze aho byabereye bavuze ko bamwe nagiye baza bitwaje matela n’ibikapu biteguye kugatangira, bahageze basanga ababahamagaye ni abatekamitwe.
Aba batekamitwe bamanitse ibyapa mu turere twa Rwamagana na Kayonza bavuga ko bashaka gutanga akazi ku bantu biganjemo urubyiruko, mu kazi (…)
Perezida Ndayishimiye yavuze ko ukwizera yari afite ari ko kwamufashije kwirukana aya mashitani.
Yabitangaje kuri uyu wa 26 Werurwe 2024, ubwo yari mu isengesho ryo ku rwego rw’igihugu ryabereye mu ntara ya Bujumbura.
Yagize ati “Yezu ati ‘Umunsi mwagize ukwemera kungana n’akabuto ka Sinapi, muzabwira umusozi ngo uveho, uveho’. Ibyo murabyemera?”
Uyu Mukuru w’Igihugu yakomeje ati “Njyewe maze gusengera umuntu urimo ishitani rimuvamo. Ndababwiza ukuri. None njyewe nareka kwemera nte, (…)
Itangazo ryo guhinduza amazina
14 January 2025Umugabo yishwe azira kwishimira itsinzi ya USA
1 December 2022Itangazo ryo guhinduza amazina
18 September 2024Itangazo ryo guhinduza amazina
5 June 2024
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.























