Bamwe mu batwara bisi mu mujyi wa Kigali, barasaba ko hari ibyanozwa mu buryo bushya bw’ingendo, inzira yabo bagenewe izwi nka Only Bus ikubahirizwa. Ni nyuma yuko hakigaragara abagenzi n’ibindi binyabiziga bibera inzitizi abo mugice cyahariwe Bisi gusa, rimwe na rimwe bikaba byatera impanuka.
Nyuma y’igihe gito hatangijwe uburyo bwo gutwara abagenzi mu buryo bwa rusange, bamwe mu bagenzi banyuzwe nabyo. Bavuga ko ingendo mu buryo bwa rusange zabagoraga, rimwe na (…)
Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Uwahoze ari umudepite mu nteko ishinga amategeko ya Brezil, Roberto Jefferson, akaba anashyigikiye perezida ucyuye igihe Jair Bolsonaro, yateye amagerenade abashinzwe umutekano ikomeretsa babiri.
Byabaye kuri iki cyumweru gishize ku wa 23, Ukwakira 2022 ubwo bari baje kumuta muri yombi, nkuko abayobozi babitangaje.
Roberto yakatiwe igihano cy’igifungo n’urukiko rw’ikirenga (STF), kubera ko yarenze ku mabwiriza yo gufungirwa mu rugo rwe. Ibyo byabaye nyuma (…)
Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Urubuga rwa Twitter rwatangaje ko rugiye gutangiza uburyo bushya buzajya bwemerera abantu gukoresha amafoto, amashusho (videos) na GIFs (amfoto anyehanyega) muri tweet imwe.
Ni ibintu bitari byarigeze bikundira abakoresha uru rubuga nkoranyambaga mu gusakaza byihuse amakuru cyangwa ibitekerezo.
Mbere umuntu yemererwaga gukoresha ifoto, nazo zitarenze enye, cyangwa se agakoresha video cyangwa GIFs kimwe ukwacyo muri tweet imwe.
Ni ibintu byinubiwe na (…)
Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Ku mugoroba wok u wa 28, nibwo indege 2 zakoze impanuka ziragongana byoroheje ku kibuga cy’indege cya Heathrow mu mujyi wa London mu Bwongereza.
Iyi mpanuka yabaye hagati y’indege 2, imwe ni iyo mu bwoko bwa Icelandair indi ni iya Korean Air, nk’uko byemejwe n’umuvugizi w’ikibuga cy’indege.
Umuvugizi Haethrow yavuze ko ntamuntu numwe wagiriyemo ikibazo, amenyesha ko iperereza ryatangiye gukorwa.
Yagize ati: “Ntamuntu numwe wakomerekeyemo, gusa (…)
Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Umupadri muri Kiliziya Gatulika yo mu Burasirazuba bwa Tanzania yagejejwe imbere y’ubutabera aregwa gusambanya abana nk’uko bivugwa n’igipolisi.
Aba bana ni abanyeshuri bo kuva mu mwaka wa gatandatu kugera mu mwaka wa mbere w’amashuri yisumbuye bari biteguraga guhabwa ukarisitiya abandi biteguraga gukomezwa.
Umunyamabanga mukuru w’Inama nkuru y’Abepiskopi muri Tanzania, Padiri Charles Kitima, avuga ko Kiliziya izakorana n’ababishinzwe kugira ngo ubutabera (…)
Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Polisi yo mu Bwongereza yatangaje ko umugore yafashwe ku ngufu n’umugabo ku munsi Umwamikazi Elizabeth II yasezereweho bwa nyuma.
Uwo mugabo bikekwa ko ari uwo mu Burayi bw’Iburasirazuba bitewe n’uko avuga.
Uwafashwe ku ngufu yabwiye polisi ko ayo mahano yabereye mu nyubako ziri aho umuhanda uhurira n’undi mu mujyi wa Chichester, mu ijoro ryo ku wa mbere.
Uyu mugore yavuze ko ahagana saa moya n’igice z’umugoroba mu ihuriro ry’imihanda ya Velyn Avenue na (…)
Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Kristin Morgan w’imyaka 41 wo mu Bwongereza yaciwe amande y’Amayero £300, ni ukuvuga asaga 350,000 y’u rwanda azira kubuza amahwemo abaturanyi kubera urusaku rwe mu ijoro atera akabariro.
Nyuma yo guhanwa n’icyaha, uyyu mugore utuye mu gace ka Llay muri Wrexham, yagiriwe inama yo gushaka uburyo bwo kongerera ubushobozi inkuta z’inzu ye, ku buryo amajwi ye adasohoka hanze.
Uyu mugore yarezwe ibyaha bine ndetse arabyemera, bishingiye ku kunanirwa guhagarika (…)
Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Muri Uganda, abasivile bifuza gutunga imbunda bakomeje kubisaba ku bwinshi gusa abahabwa impushya zo kuzitunga ni mbarwa mu gihe ubusabe bwa benshi buterwa ishoti.
Ni imibare yagaragajwe n’Ikinyamakuru The Observer cyandikira muri Uganda, cyatangaje ko amakuru cyahawe n’umwe muri Polisi y’Iki Gihugu, igaragaza ko kuva muri 2016 kugeza uyu munsi, abasivile batunze imbunda bavuye kuri 3 000 bakagera kuri 5 000.
Nanone kandi iki kinyamakuru kivuga ko kuva (…)
Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Umuyobozi wa "Hoima Empowerment Church International", Pasiteri Denis Kintu, ufungiwe icyaha cyo gukubita inkoni abayoboke b’itorero rye, yireguye avuga ko yabikoze ateraga ikirenge mu cya Yesu ubwo yirukanaga abacururizaga mu rusengero rw’i Yerusalemu.
Pasiteri Kintu yatawe muri yombi kuri uyu wa Gatatu tariki ya 31 Kanama 2022, nyuma yuko ku mbuga nkoranyambaga hakwirakwijwe amashusho amugaragaza ahondagura inkoni abayoboke be baryamye hasi, bigaragara (…)
Yanditswe na Nimugire Fidelia
Abapilote babiri ba kompanyi y’Ubufaransa itwara abantu mu ndege, Air France, bahagaritswe ku kazi nyuma yo kukarwanira ndege.
Umupilote mukuru (kapiteni w’indege) n’umwungirije wa mbere bateranye ingumi ubwo bari batwaye indege yo mu bwoko bwa Airbus A320 yavaga i Genève mu Busuwisi yerekeza i Paris mu bufaransa mu kwezi kwa gatandatu, nkuko byatangajwe n’igitangazamakuru La Tribune cyo mu Busuwisi.
Umwe mu bakozi b’indege yagumye mu cyumba baba (…)
Umukinnyi w’isiganwa ku magare w’umunyakenya, yahitanwe n’impanuka ubwo yari ari mu isiganwa rya Vermont Overland muri Leta zunze Ubumwe za Amerika (USA).
Yaguye hasi ubwo yari ari ku muvuduko ukomeye cyane muri iri rushanwa mu mpera z’iki cyumweru gishize nk’uko byatangajwe n’ikipe ye.
Suleiman (Sule) Kangangi, w’imyaka 33, yari mu isigawa rya Vermont Overland ririmo aho bazamuka ku butumburuke bwa metero 2,130 bagacunshumuka bihuta.
Abanyakenya benshi bakomeje gutangaza ubutumwa (…)
Itangazo ryo guhinduza amazina
14 January 2025Umugabo yishwe azira kwishimira itsinzi ya USA
1 December 2022Itangazo ryo guhinduza amazina
18 September 2024Itangazo ryo guhinduza amazina
5 June 2024
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

























