Tuesday . 3 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 1 March » Gicumbi: Abarwanashyaka ba Green Party basabwe guhangana n’ibiyobyabwenge – read more
  • 24 February » Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w’igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani – read more
  • 24 February » Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica – read more
  • 23 February » Ubumwe bw’Uburayi (EU) yatangaje ko itazemera izamurwa ry’imisoro ku bicuruzwa byoherezwa muri Amerika nyuma y’icyemezo cy’Urukiko rw’Ikirenga – read more
  • 23 February » Abantu babiri bishwe n’impanuka ku munsi wa mbere wa Tour du Rwanda – read more

Amashusho ya Perezida w’Inteko arimo kwikinisha yavugishije benshi

Thursday 10 November 2022
    Yasomwe na

Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia

Amashusho y’umugore uyobora Inteko ishinga amategeko ya Free State muri Afurika y’Epfo, yambaye ubusa arimo kwikinisha akomeje kuvugisha abantu benshi.

Aya mashusho yashyizwe hanze nyuma y’aho umusore bakundanaga wo muri Nigeria ayashyiriye ku ka rubanda ku mpamvu z’indonke.

Bivugwa ko uyu mugore witwa Ntombizanele "Zanele" Beauty Sifuba yatekewe umutwe n’umusore bakundanaga wo muri Nigeria, wamubwiye ko agomba kumwishyura ibihumbi 300 by’ama-rand [asaga miliyoni 18 Frw] kugira ngo adashyira ayo mashusho hanze.

Uyu munya-Nigeria yaje gushyira hanze ayo mashusho nyuma y’aho uyu mugore yanze kumuha amafaranga yamusabaga.

Amafoto y’ubwambure bw’uyu mudepite yo yari yatangiye kujya hanze mbere gato y’uko amashusho nyir’izina ajya hanze.

Aya mashusho agaragaza uyu mudepite ari kwikinisha aryamye mu gitanda yambaye ubusa buri buri. Muri ayo mashusho, yari ari kuvugana n’undi mugabo hifashishijwe video, na we wari uri gukora nk’ibyo uwo mugore yakoraga.

Bivugwa ko atari ubwa mbere Abanya- Nigeria batekeye umutwe abantu bakomeye bo muri Afurika y’Epfo kuko ngo byigeze no kuba ku wahoze ari Meya w’Umujyi wa Mangaung.

Uwo Munya-Nigeria ngo yasabaga miliyoni imwe y’ama-rand kugira ngo adashyira hanze amashusho y’uwo meya.

Uwo mugore wari meya yanze ko yandagazwa maze yemera gutanga amafaranga agera kuri miliyoni 60 Frw kugira ngo ubwambure bwe butaza gusakara ku mbuga nkoranyambaga.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru