Tuesday . 3 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 1 March » Gicumbi: Abarwanashyaka ba Green Party basabwe guhangana n’ibiyobyabwenge – read more
  • 24 February » Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w’igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani – read more
  • 24 February » Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica – read more
  • 23 February » Ubumwe bw’Uburayi (EU) yatangaje ko itazemera izamurwa ry’imisoro ku bicuruzwa byoherezwa muri Amerika nyuma y’icyemezo cy’Urukiko rw’Ikirenga – read more
  • 23 February » Abantu babiri bishwe n’impanuka ku munsi wa mbere wa Tour du Rwanda – read more

AMERICA:Umwarimukazi yasambanyije abanyeshuri be 3 akoresha Siporo

Sunday 6 May 2018
    Yasomwe na

Umwarimukazi wigisha imyitozo ngororamubiri witwa Tiffany Eichler w’imyaka 36 ukomoka muri Ohio muri USA yahamwe n’icyaha cyo gusambana n’abanyeshuli be batatu barium umwe yasambaniye nawe mu biro bye akamutera indwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina.

Uyu mwarimu ufite umugabo babanye mu buryo bwemewe n’amategeko yamaze gufungwa nyuma yo gusambana n’aba banyeshuli yigishaga isomo ry’imyitozo ngororamubiri (sports).

Uyu mwarimu yabwiye abayobozi b’ikigo cye ko umwe mu babyeyi b’aba bana yamusabye guceceka akamuha amafaranga nyuma y’ibi bikorwa bibi yakoze.

Uyu mwarimu yemeye ibyaha byose ashinjwa ndetse avuga ko umunyeshuli umwe basambaniye mu biro bye byo ku ishuli rya McKinley Senior High School,undi bagasambanira mu modoka ye ubwo hari habaye umunsi mukuru w’ababyeyi.

Umuyobozi wa polisi yo mu gace iri shuli riherereyemo yatangaje ko bababajwe n’imyitwarire y’uyu mwarimu ndetse bidakwiriye ko umuntu ushinzwe uburezi yakora igikorwa kigayitse nk’iki.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru