Wednesday . 4 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 3 March » ISRAEL YEMEJE IBITERO MURI LIBAN NA IRAN ICYARIMWE – read more
  • 1 March » Gicumbi: Abarwanashyaka ba Green Party basabwe guhangana n’ibiyobyabwenge – read more
  • 24 February » Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w’igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani – read more
  • 24 February » Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica – read more
  • 23 February » Ubumwe bw’Uburayi (EU) yatangaje ko itazemera izamurwa ry’imisoro ku bicuruzwa byoherezwa muri Amerika nyuma y’icyemezo cy’Urukiko rw’Ikirenga – read more

Abakora kwa muganga bashyiriweho iminsi 10 yo kuba bikingije COVID 19 abatarabikora

Tuesday 16 November 2021
    Yasomwe na

Mutungirehe Samuel

Minisiteri y’Ubuzima yategetse ko buri mukozi ukora mu rwego rw’ubuvuzi mu bitaro bya Leta agomba kuba yikingije, ishyiraho iminsi 10 yo kuba utarabikora agomba kubyihutira.

Byasohotse mu itangazo rishyizwe ahagaragara kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 16 Ugushyingo 2021 rigenewe abakora muri urwo rwego bose.

Nyuma y’iyo minsi 10 umukoresha wese mu bitaro n’ibigo by’ubuzima ategetswe gutanga urutonde rw’abanze kwikingiza covid 19.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru