Friday . 17 July 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 16 July » Lioner Messi yageze ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Isi cya 2026 – read more
  • 14 July » France na Espagne ziracakirana mu mukino wa 1/2 cy’Igikombe cy’Isi 2026: Mbappé na Yamal bahanganiye itike yerekeza ku mukino wa nyuma – read more
  • 13 July » Lamine Yamal yujuje imyaka 19: Umwana w’igitangaza ukomeje kwandika amateka muri ruhago y’Isi – read more
  • 13 July » BK Pro League Awards 2026: Abakinnyi babaye intyoza bashimiwe ku mugaragaro – read more
  • 9 July » Morocco irashaka kwihimura kuri France mu mukino w’ishiraniro wa 1/4 cy’Igikombe cy’Isi 2026 – read more

Abantu batanu bagiye guhagararira AFC/M23 mu biganiro na DRC

Monday 17 March 2025
    Yasomwe na

Ihuriro rya Aliance Fleuve Congo (AFC/M23) yatangaje ko kuri uyu wa mbere, tariki ya 17 Werurwe 2025, yohereje itsinda ry’abantu batanu i Luanda, muri Angola mu biganiro n’abahagarariye Leta ya DRC.

Iri huriro ryaboneyeho gushimira Perezida, João Lourenço, wa Angola, ku bw’imbaraga ashyira mu gukemura amakimbirane akomeje kubera muri RDC.

Mu minsi ishize umwe mu bayobozi ba AFC/M23 yavuze ko isaba umuhuza Joao Lorenzo ko ubutaha yajya atumira AFC/M23 aho gutumira M23 gusa.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru