Wednesday . 4 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 3 March » ISRAEL YEMEJE IBITERO MURI LIBAN NA IRAN ICYARIMWE – read more
  • 1 March » Gicumbi: Abarwanashyaka ba Green Party basabwe guhangana n’ibiyobyabwenge – read more
  • 24 February » Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w’igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani – read more
  • 24 February » Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica – read more
  • 23 February » Ubumwe bw’Uburayi (EU) yatangaje ko itazemera izamurwa ry’imisoro ku bicuruzwa byoherezwa muri Amerika nyuma y’icyemezo cy’Urukiko rw’Ikirenga – read more

Afurika: Igihugu cya mbere cyabonye inkingo z’ubufatanye bwa COVAX

Wednesday 24 February 2021
    Yasomwe na

Kuva aho ibigo bitandukanye ku isi bitangiye kugurisha inkingo za Coronavirusi, ibihugu byo ku mugabane w’Afurika byagaye cyane ibyo mu Burengerazuba bw’isi kwikubira inkingo, aho 75% byazo zabyihariye.

Ibihugu by’Afurika byari byaribumbiye mu bufatanye mu by’urukingo rwa Corona, bwiswe COVAX ariko kugeza ubu byari bitaratangira kubona urukingo na rumwe muri ubwo bufatanye.

Kuri uyu wa Gatatu ni bwo igihugu cya mbere ku mugabane w’Afurika ari cyo Ghana cyahawe inkingo za coronavirusi binyuze muri gahunda ya COVAX.

Ghana yakiriye doze ibihumbi 600 by’inkingo za Astrazeneca zigiye gutangira guhabwa abaturage bahereye ku bari mu byago byinshi byo kwandura coronavirusi.

Muri Ghana hamaze kwandira abaturage barenga ibihumbi 800 mu gihe abarenga 580 imaze kubahitana.

OMS muri Ghana yavuze ko gutanga izi nkingo byabaye ikiciro cya mbere cy’inkingo za Covid-19 zigiye guhabwa ibihugu byo ku mugabane w’Afurika kimwe no mu bindi bihugu bikennye ku isi.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru