Friday . 17 July 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 16 July » Lioner Messi yageze ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Isi cya 2026 – read more
  • 14 July » France na Espagne ziracakirana mu mukino wa 1/2 cy’Igikombe cy’Isi 2026: Mbappé na Yamal bahanganiye itike yerekeza ku mukino wa nyuma – read more
  • 13 July » Lamine Yamal yujuje imyaka 19: Umwana w’igitangaza ukomeje kwandika amateka muri ruhago y’Isi – read more
  • 13 July » BK Pro League Awards 2026: Abakinnyi babaye intyoza bashimiwe ku mugaragaro – read more
  • 9 July » Morocco irashaka kwihimura kuri France mu mukino w’ishiraniro wa 1/4 cy’Igikombe cy’Isi 2026 – read more

Perezida Magufuli arashyingurwa kuri uyu wa Gatanu

Friday 26 March 2021
    Yasomwe na

Biteganyijwe ko kuri uyu wa Gatanu aribwo muri Tanzania bashyinguraho Nyakwigendera Perezida Dr.John Pome Magufuli witabye Imana ku wa 17 uku kwezi azize indwara y’umutima.

Perezida Mushya wa Tanzania Samia Suluhu Hassan yatangaje ko ashimira abatanzania bose, abakuru b’ibihugu, ibitangazamakuru, abahanzi…na „buri wese wabanye natwe muri iki gihe gikomeye ku gihugu cyacu".

Mu butumwa yatangaje mu gitondo kuri Twitter, Samia Suluhu yansditse ati: „Uyu munsi turaruhura uwo dukunda Dr John Pombe Joseph Magufuli mu nzu ye y’iteka".

Perezida Samia yasabye abantu gukomeza gusabira roho ya Magufuli ngo iruhukire mu mahoro.

Umuhango wo kumusezeraho umaze hafi icyumeeru ubera mu bice bitandukanye by’icyo gihugu, ahaheruka akaba ari ku kirwa cya Zanzibar ari naho Perezida Mushya Sami akomoka.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru