Tuesday . 3 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 3 March » ISRAEL YEMEJE IBITERO MURI LIBAN NA IRAN ICYARIMWE – read more
  • 1 March » Gicumbi: Abarwanashyaka ba Green Party basabwe guhangana n’ibiyobyabwenge – read more
  • 24 February » Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w’igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani – read more
  • 24 February » Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica – read more
  • 23 February » Ubumwe bw’Uburayi (EU) yatangaje ko itazemera izamurwa ry’imisoro ku bicuruzwa byoherezwa muri Amerika nyuma y’icyemezo cy’Urukiko rw’Ikirenga – read more

CHAN 2021: U Rwanda ruviriyemo muri 1/4 ku 0-1 Guinea

Sunday 31 January 2021
    Yasomwe na

Ikipe y’u Rwanda Amavubi isezerewe n’Inzovu za Guinea ku gutego 1-0 mu kiciro cya 1/4 mu marushanwa ari kubera muri Cameron.

Umukino wahuje U Rwanda na Guinea i Limbe muri Cameron, watangiye ugaragaramo amakosa menshi ku mpande zombi no guhabwa amakarita atukura, aho ku munota wa 60’ umuzamu w’Amavubi Kwizera Olivier yahawe ikarita y’Umutuku ava mu izamu mu buryo Abanyarwanda benshi batunguwemo.

Iyi karita yaje ikurikira iyahawe umukinnyi wa Guinea nawe ku ikosa yari akireye umukinnyi w’Amavubi.

U Rwanda ruviriyemo muri 1/4 abatari bake bashimira abakinnyi ku muhate bagaragaje kuko hari hashize imyaka 16 u Rwanda rudaheruka kugera muri icyo kiciro.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru