Thursday . 16 July 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 14 July » France na Espagne ziracakirana mu mukino wa 1/2 cy’Igikombe cy’Isi 2026: Mbappé na Yamal bahanganiye itike yerekeza ku mukino wa nyuma – read more
  • 13 July » Lamine Yamal yujuje imyaka 19: Umwana w’igitangaza ukomeje kwandika amateka muri ruhago y’Isi – read more
  • 13 July » BK Pro League Awards 2026: Abakinnyi babaye intyoza bashimiwe ku mugaragaro – read more
  • 9 July » Morocco irashaka kwihimura kuri France mu mukino w’ishiraniro wa 1/4 cy’Igikombe cy’Isi 2026 – read more
  • 6 July » Spain na Portugal ziracakirana i Saa 21:00 mu mukino ukomeye uzakugena ikipe ikomeza muri 1/4 cy’Igikombe cy’Isi – read more

Diogo Jota wakiniraga Liverpool yitabye Imana.

Thursday 3 July 2025
    Yasomwe na

Ibitangazamakuru byo muri Porutugali byatangaje ko umukinnyi Diogo Jota yapfuye nyuma y’impanuka y’imodoka yabereye muri Espagne .


Diogo Jota yitabye Imana

Bivugwa ko Jota yari yagiye mu modoka ari kumwe na murumuna we Andre bose bakaba bahitanywe niyo mpanuka. Ibi byabereye kuri A-52 mu ntara ya Zamora. Inzego zishinzwe ubutabazi mu karere ka Castilla na Leon zemeje impanuka. Uyu Jota yari amaze ibyumweru bibiri gusa akoze ubukwe yari ari mu biruhuko muri Spain.


Ifoto ya Diogo Jota ari kumwe n’umugore we Rute Cardoso

Iranzi Shema Bonheur

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru