Saturday . 18 April 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 10 April » Michigan yiyongereye kuzindi leta zibuka Jenoside yakorewe Abatutsi – read more
  • 1 April » Perezida w’u Burundi yaragije Imana igihugu cye nyuma y’uko ububiko bw’intwaro z’igisirikare cy’u Burundi bufashwe n’inkongi y’umuriro – read more
  • 31 March » Spain yafunze ikirere cyayo ku ndege z’intambara z’Amerika – read more
  • 31 March » Gakenke: Bakusanyije Miliyoni zisaga 200 zo kurengera abatishoboye – read more
  • 26 March » Perezida Kagame :Iterambere ry’amadini n’amatorero n’Igihugu gitera imbere – read more

Guhandura imvunja byatera ibindi bibazo -Meya Rwamurangwa

Tuesday 5 June 2018
    Yasomwe na

Kuba hari umwanda ugaragara mu karere ka Gasabo, niyo ntandaro yo kuba hakiri indwara y’amavunja. ibi bikomoka mu myumvire y’abaturage cyane cyane mu mirenge y’inkengero y’umugi.

ibi byavugiwe mu kiganiro n’abanyamakuru, cyabaye kuri uyu wa kabiri tariki ya 5 kamena 2018, aho batanze urugero rwa umurenge wa Bumbogo aho bakomeza kwigisha kugira isuku, bakabigira umuco.

Umuyobozi wa karere ka Gasabo Rwamurangwa Steven yagize ati"nubwo bakanguriwe kugira isuku, guhandura amavunja, nabyo bigira ingaruka kuko uhandurwa ashobora gukomereka, akanduza uwamuhanduye irwara zidakira nokuba abahandura ababikora bitari umwuga bazana ibibazo bitandukanye.

Abanyamabanga shingwabikorwa b’imirenge igize Gasabo

Yakomeje avuga ko kugeza ubu hazajya hakoresha umuti kuko abafite icyo kibazo baba batishoboye kandi iyi miti izajya itangirwa ubuntu iyi miti izajya ibavura badahanduwe kandi bavuwe imvunja bafashwa gusukura amazu yabo bayakurungira mu rwego rwo kwirinda kongera kurwara imvunja ziterwa no kugira isuku nkeya mu nzu.

Imvunja n’undi mwanda wose bididiza iterambere, inzego z’ubuyobozi ikwiriye kwita ku isuku bakanabikangurira abaturage cyane kuko kwigisha ari uguhozaho kuko iyo urangaye irwara zikomoka kumwanda ziba nyishi .

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru