Tuesday . 3 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 3 March » ISRAEL YEMEJE IBITERO MURI LIBAN NA IRAN ICYARIMWE – read more
  • 1 March » Gicumbi: Abarwanashyaka ba Green Party basabwe guhangana n’ibiyobyabwenge – read more
  • 24 February » Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w’igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani – read more
  • 24 February » Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica – read more
  • 23 February » Ubumwe bw’Uburayi (EU) yatangaje ko itazemera izamurwa ry’imisoro ku bicuruzwa byoherezwa muri Amerika nyuma y’icyemezo cy’Urukiko rw’Ikirenga – read more

ITANGAZO RYO KURANGISHA

Friday 12 April 2019
    Yasomwe na

Niyonsaba Placidie utuye Rwamagana ,arangisha ibyangombwa
byatakaye harimo Indangamuntu numero 1197170042671076 na permi yo
gutwara ibinyabiziga iriho categorie B byabuze kuri 22/3/2019
ibyo byangombwa byabuze byarimo n’izindi mpapuro harimo n’ikarita yo
kwivuza ya RAMA.
Uwazabibona yazahamagara kuri nimero zikurikira 0788461181,na
0781718081na 0788562614 cyangwa kuri numero 0784308045 .Uwabibona
kandi yabishyikiriza Bureau ya company itwara abagenzi ya STELLA
Express ari ku ma agences yayo i Remera, Rwamagana cyangwa se Nyabugogo

Uwabibona azahabwa ibihembo bishimishije

Utanze itangazo NIYONSABA Placidie

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru