Tuesday . 17 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 16 March » Trump arasaba ibihugu kumufasha kurinda inzira ya Strait of Hormuz – read more
  • 13 March » Donald Trump yatangaje ko yashimishijwe no kwica abayobozi ba Iran – read more
  • 12 March » Inkangu zahitanye abantu 60 muri Ethiopia – read more
  • 11 March » U Rwanda rwitabiriye PISA 2025 mu rwego rwo kunoza ireme ry’uburezi, ntabwo ari amarushanwa – read more
  • 11 March » M23 yemeje ko FARDC yarashe muri Goma – read more

Intumwa z’u Rwanda na RDCongo zigiye kongera guhurira i Luanda

Friday 23 August 2024
    Yasomwe na

Biteganyijwe ko mu ntangiriro z’ukwezi gutaha kwa nzeri, intumwa za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ndetse n’iz’u Rwanda, zizongera guhurira mu biganiro i Luanda muri Angola.

Radio Okapi ivuga ko ibi biganiro biteganyijwe ku matari ya 9 na 10 Nzeri 2024, bigamije kwemeranya amahoro mu burasirazuba bwa Congo no gukuraho umwuka mubi uri hagati y’ibihugu byombi.

Ibiganiro nk’ibi byaherukaga kuba mu minsi ya vuba, tariki ya 21 Kanama 2024 bikamara iminsi 2 gusa ntihatangazwa imyanzuro yafatiwe muri ibyo biganiro.

Ibi biganiro bigiye kongera kuba,bizayoborwa na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Angola, Téte António, byitabirirwe na Thérèse Kayikwamba Wagner , Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’ubutwererane wa Congo ndestse na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’U Rwanda , Olivier Nduhungirehe.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru