Thursday . 23 July 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 16 July » Lioner Messi yageze ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Isi cya 2026 – read more
  • 14 July » France na Espagne ziracakirana mu mukino wa 1/2 cy’Igikombe cy’Isi 2026: Mbappé na Yamal bahanganiye itike yerekeza ku mukino wa nyuma – read more
  • 13 July » Lamine Yamal yujuje imyaka 19: Umwana w’igitangaza ukomeje kwandika amateka muri ruhago y’Isi – read more
  • 13 July » BK Pro League Awards 2026: Abakinnyi babaye intyoza bashimiwe ku mugaragaro – read more
  • 9 July » Morocco irashaka kwihimura kuri France mu mukino w’ishiraniro wa 1/4 cy’Igikombe cy’Isi 2026 – read more

Israel: Umuntu wa Mbere yatewe urukingo rwa 4 rwa COVID-19

Tuesday 28 December 2021
    Yasomwe na

Yanditswe na Mutungirehe Samuel

Bimaze iminsi bivugwa ko abatuye isi bashobora kuzasabwa guterwa urukingo rwa 4 rwa COVID-19 nyuma yaho hadukiye ubwoko bushya bwa Omicron bufite ubukana bwinshi mu gukwirakwira mu bantu ku muvuduko utarabonerwa igipimo ku Isi.

Nkuko birimo kumenyerwa, igihugu cya Israel ni cyo cyongeye kwadukana ibyo gukingira urukingo rushya rwa 4 nyuma yuko runabimburiye ibindi bihugu gukiresha urwa Gatatu aho Delta ikangiye Isi.

Ikinyamakuru cyo muri Israel, The Jerusalem Post cyanditse inkuru ifite umutwe ushyize mu kinyarwanda) ugira uti "Umuntu wa Mbere yahawe urukingo rwa Kane".

Uru rukingo rutanzwe nyuma y’inyigo yo guhangana na coronavirusi ikomeje gucangangukisha ubwonko bw’abashakashatsi ku byorezo.

Umuyobozi Mukuru wa OMS (WHO), aherutse kuburira ibihugu cyane cyane ibikize kwirinda kwihutira gukingira abana urukingo rwa Gatatu byitwa ko ari ugushimangira ubudahangarwa, mu gihe hari abakuze batarabona na rumwe.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru