Friday . 17 April 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 10 April » Michigan yiyongereye kuzindi leta zibuka Jenoside yakorewe Abatutsi – read more
  • 1 April » Perezida w’u Burundi yaragije Imana igihugu cye nyuma y’uko ububiko bw’intwaro z’igisirikare cy’u Burundi bufashwe n’inkongi y’umuriro – read more
  • 31 March » Spain yafunze ikirere cyayo ku ndege z’intambara z’Amerika – read more
  • 31 March » Gakenke: Bakusanyije Miliyoni zisaga 200 zo kurengera abatishoboye – read more
  • 26 March » Perezida Kagame :Iterambere ry’amadini n’amatorero n’Igihugu gitera imbere – read more

Jack Wilshere wanyuze mu makipe atandukanye nka Arsenal, agiye gutoza Luton Town

Monday 13 October 2025
    Yasomwe na

Umwongereza Jack Wilshere wakiniye Arsenal imyaka 10 agiye gutoza Luton Town FC ikina mu cyiciro cya kabiri mu Bwongereza.


Jack Wilshere agiye gutoza Luton Town, ikipe yashinzwe mu 1885.

Amakuru y’uko uyu mwongereza yerekeje muri Luton Town, yamenyekanye mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki ya 13 Ukwakira 2025.

Iyi kipe ya Luton Town yakinnyeho icyiciro cya mbere mu Bwongereza muri season ya 2023-2024, iza guhita isubira mu cyiciro cya kabiri ni nyuma yo gusoza shampiyona ari iya 18.

Iyi kipe ya Luton Town FC, yashinzwe tariki ya 14 z’Ukwezi Kwa Kane mu 1885.

Uyu mwongereza Jack Wilshere w’imyaka 33, ugiye kuyitoza yanyuze muri Arsenal kuva 2008 kugera 2018, andi makipe yakiniye ni Bolton Wanderers, AFC Bournemouth, West Ham United, na AGF. Jack Wilshere Kandi yanakiniye abongereza imikino itandukanye kuva mu batarengeje imyaka 16 kugera ku ikipe nkuru.

Valens Nzabonimana

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru