Friday . 17 July 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 16 July » Lioner Messi yageze ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Isi cya 2026 – read more
  • 14 July » France na Espagne ziracakirana mu mukino wa 1/2 cy’Igikombe cy’Isi 2026: Mbappé na Yamal bahanganiye itike yerekeza ku mukino wa nyuma – read more
  • 13 July » Lamine Yamal yujuje imyaka 19: Umwana w’igitangaza ukomeje kwandika amateka muri ruhago y’Isi – read more
  • 13 July » BK Pro League Awards 2026: Abakinnyi babaye intyoza bashimiwe ku mugaragaro – read more
  • 9 July » Morocco irashaka kwihimura kuri France mu mukino w’ishiraniro wa 1/4 cy’Igikombe cy’Isi 2026 – read more

Kaminuza ya Makerere yafunze imiryango kubera COVID-19

Monday 7 June 2021
    Yasomwe na

Kubera ubwiyongere bw’ubwandu bw’icyorezo cya COVID-19 muri Uganda, byatumye leya ifata ikemezo cyo gufunga amashuri yose kugeza no kuri Kaminuza ya Makerere, kimenyabose cyane muri Afurika y’Iburasirazuba.

Ku munsi usoza icyumweru gishize ni bwo Perezida Yoweri Museni yatangaje ko amashuri yose na za kaminuza bigomba gufunga imiryango mu gihe cy’iminsi 42 guhera kuri uyu 7 Kamena, kubera itumbagira ry’imibare y’abanduye COVID-19.

Kuri uyu wa Mbere ni bwo Umuyobozi w’Akana kayobora kaminuza ya Makerere, Mrs. Lorna Magara yatangarije bagenzi be n’abanyeshuri bose b’iyi kaminuza ko bamaze kubahiriza ikemezo cy’umukuru w’igihugu Yoweri Kaguta Museveni cyo gufunga imiryango.

Gusa nubwo imiryango yabaye ifunzwe ariko ubuyobozi bwamenyesheje abakozi b’iyo kaminuza ko imirimo ya buri munsi izakomeza gukorwa n’abagera kuri 30% by anyobozi abandi bazakomeza gukora hifashishijwe ikoranabuhanga.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru