Tuesday . 3 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 3 March » ISRAEL YEMEJE IBITERO MURI LIBAN NA IRAN ICYARIMWE – read more
  • 1 March » Gicumbi: Abarwanashyaka ba Green Party basabwe guhangana n’ibiyobyabwenge – read more
  • 24 February » Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w’igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani – read more
  • 24 February » Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica – read more
  • 23 February » Ubumwe bw’Uburayi (EU) yatangaje ko itazemera izamurwa ry’imisoro ku bicuruzwa byoherezwa muri Amerika nyuma y’icyemezo cy’Urukiko rw’Ikirenga – read more

Kaminuza ya Makerere yafunze imiryango kubera COVID-19

Monday 7 June 2021
    Yasomwe na

Kubera ubwiyongere bw’ubwandu bw’icyorezo cya COVID-19 muri Uganda, byatumye leya ifata ikemezo cyo gufunga amashuri yose kugeza no kuri Kaminuza ya Makerere, kimenyabose cyane muri Afurika y’Iburasirazuba.

Ku munsi usoza icyumweru gishize ni bwo Perezida Yoweri Museni yatangaje ko amashuri yose na za kaminuza bigomba gufunga imiryango mu gihe cy’iminsi 42 guhera kuri uyu 7 Kamena, kubera itumbagira ry’imibare y’abanduye COVID-19.

Kuri uyu wa Mbere ni bwo Umuyobozi w’Akana kayobora kaminuza ya Makerere, Mrs. Lorna Magara yatangarije bagenzi be n’abanyeshuri bose b’iyi kaminuza ko bamaze kubahiriza ikemezo cy’umukuru w’igihugu Yoweri Kaguta Museveni cyo gufunga imiryango.

Gusa nubwo imiryango yabaye ifunzwe ariko ubuyobozi bwamenyesheje abakozi b’iyo kaminuza ko imirimo ya buri munsi izakomeza gukorwa n’abagera kuri 30% by anyobozi abandi bazakomeza gukora hifashishijwe ikoranabuhanga.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru