Friday . 17 July 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 16 July » Lioner Messi yageze ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Isi cya 2026 – read more
  • 14 July » France na Espagne ziracakirana mu mukino wa 1/2 cy’Igikombe cy’Isi 2026: Mbappé na Yamal bahanganiye itike yerekeza ku mukino wa nyuma – read more
  • 13 July » Lamine Yamal yujuje imyaka 19: Umwana w’igitangaza ukomeje kwandika amateka muri ruhago y’Isi – read more
  • 13 July » BK Pro League Awards 2026: Abakinnyi babaye intyoza bashimiwe ku mugaragaro – read more
  • 9 July » Morocco irashaka kwihimura kuri France mu mukino w’ishiraniro wa 1/4 cy’Igikombe cy’Isi 2026 – read more

Kicukiro: Ku munsi w’Amahoro hatewe igiti cy’Ubumwe n’Ubwiyunge hanasurwa iriba ry’Amahoro

Tuesday 21 September 2021
    Yasomwe na

Mutungirehe Samuel

Mu ihe u Rwanda rwifatanyije n’isi kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Amahoro, mu karere ka Kicukiro mu Mujyi wa Kigali hatewe igiti cy’Ubumwe n’Ubwiyunge hanasurwa Iriba ry’Amahoro n’Ubwiyunge rikaba rifasha abaturage kubona amazi meza.

Iki gikorwa cyabimburiwe no gutera igiti cy’amahoro n’ubwiyunge cyatewe muri centre y’ubucuruzi ya Gahanga nk’ikimenyetso cyo gukomeza gushimangira amahoro, ubumwe n’ubwiyunge mu batuye uyu Murenge.

Nyuma, abitabiriye iki gikorwa basuye iriba ry’amahoro ryubatswe mu Mudugudu wa Mulinja n’ibikorwa bitandukanye umufanyabikorwa "Gira inzu Developers" yakoze birimo gusana inzu z’abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi batuye muri uyu Mudugudu.

Kuri iyoi nshuro Insanganyamatsiko igira iti"Duharanire amahoro arambye dufatanye gutsinda COVID-19 n’ingaruka zayo n’ibindi."

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru