Friday . 17 April 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 10 April » Michigan yiyongereye kuzindi leta zibuka Jenoside yakorewe Abatutsi – read more
  • 1 April » Perezida w’u Burundi yaragije Imana igihugu cye nyuma y’uko ububiko bw’intwaro z’igisirikare cy’u Burundi bufashwe n’inkongi y’umuriro – read more
  • 31 March » Spain yafunze ikirere cyayo ku ndege z’intambara z’Amerika – read more
  • 31 March » Gakenke: Bakusanyije Miliyoni zisaga 200 zo kurengera abatishoboye – read more
  • 26 March » Perezida Kagame :Iterambere ry’amadini n’amatorero n’Igihugu gitera imbere – read more

Kicukiro: Ku munsi w’Amahoro hatewe igiti cy’Ubumwe n’Ubwiyunge hanasurwa iriba ry’Amahoro

Tuesday 21 September 2021
    Yasomwe na

Mutungirehe Samuel

Mu ihe u Rwanda rwifatanyije n’isi kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Amahoro, mu karere ka Kicukiro mu Mujyi wa Kigali hatewe igiti cy’Ubumwe n’Ubwiyunge hanasurwa Iriba ry’Amahoro n’Ubwiyunge rikaba rifasha abaturage kubona amazi meza.

Iki gikorwa cyabimburiwe no gutera igiti cy’amahoro n’ubwiyunge cyatewe muri centre y’ubucuruzi ya Gahanga nk’ikimenyetso cyo gukomeza gushimangira amahoro, ubumwe n’ubwiyunge mu batuye uyu Murenge.

Nyuma, abitabiriye iki gikorwa basuye iriba ry’amahoro ryubatswe mu Mudugudu wa Mulinja n’ibikorwa bitandukanye umufanyabikorwa "Gira inzu Developers" yakoze birimo gusana inzu z’abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi batuye muri uyu Mudugudu.

Kuri iyoi nshuro Insanganyamatsiko igira iti"Duharanire amahoro arambye dufatanye gutsinda COVID-19 n’ingaruka zayo n’ibindi."

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru