Komisiyo y’Ubumwe bw’Uburayi yatangaje ko nta zamurwa ry’imisoro (tariffs) izemera ku bicuruzwa byoherezwa muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, nyuma y’uko Urukiko rw’Ikirenga rwa Amerika ruhagaritse amategeko yari yemereye Perezida Donald Trump gushyiraho imisoro ya rusange ku mbuto zose ziva mu mahanga.
Nyuma y’icyo cyemezo, Perezida wa Leta zunze ubumwe z’Amerika yashyizeho misoro mishya ya 10% ku bicuruzwa byose byinjira mu gihugu, kugera kuri 15% umunsi wakurikiyeho. Ibi byateje impaka (…)
FC/M23 yatangaje ku mugaragaro ko yashyize umujyi w’ingenzi wa Uvira mu maboko y’umuryango mpuzamahanga, nk’uko bigaragara mu ibaruwa yo ku wa 15 Mutarama 2026 yandikiwe Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, António Guterres.
Iyo baruwa yashyizweho umukono na Corneille Nangaa Yobeluo, umuhuza wa politiki wa AFC/M23, ikurikiye icyemezo cyo kwikura kw’ingabo z’uwo mutwe cyatangajwe bwa mbere ku wa 15 Ukuboza 2025 kandi cyongeye gushimangirwa vuba aha, mu gihe banagaragaje (…)
Perezida wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika Donald Trump yashimangiye ko Leta ayoboye izafata ingingo zikomeye kuri Iran niramuka imanitse abigaragambya, nyuma y’uko ejo yari yabwiye abanya-Iran ko ubutabazi buri bugufi.
Ibi byaje nyuma yaho abavandimwe b’umusore w’imyaka 26, Erfan Soltani, watawe muri yombi mu cyumweru gishize babwiye BBC ishami ry’igipersi ko aza kwicwa uyu munsi. Abarenga 2400 bari mu myigaragambyo yamagana Leta nibo bamaze kugwa muri iyo myigaragambyo bishwe n’inzego za (…)
Mu gihugu cya Uganda hateganyijwe amatora azaba 15 Mutarama 2026, ubwo Perezida Kaguta Yoweri Museveni, azaba ahatanira Manda ya 7.
Yoweri Museveni ni Perezida wa Uganda watangiye kuyobora Uganda guhera 1986, bivuze ko amaze imyaka 40 ari Perezida wa Uganda.
Bivuze ko mu gihe yatorwa kuri iyi manda yayobora igihe cy’imyaka 5.
Museveni yinjiye ku butegetsi bwa mbere nyuma yo kuyobora umutwe w’inyeshyamba wahiritse ubutegetsi bwari buriho, bikaba byaragaragaje impinduka zikomeye mu (…)
Nibura abantu basaga 22 biravugwa ko bahitanywe n’impanuka y’ikimashini cyubaka muri Thailand kizwi nka Cranes cyagwiriye gariyamoshi yarimo igenda mu nzira yayo.
Amakuru atangwa n’inzego z’ubuyobozi muri Thailand avuga ko yari itwaye abantu bagera kw’195 ikaba yavaga mu mujyi wa Bangkok yerekeza mu ntara iherereye mu majyaruguru ashyira uburasirazuba bwa Thailand. biravugwa ko abantu basaga 80 bakomerekeye muri iryo sanganya- harimo umwe ufite umwaka w’amavuko.
Umwe warokotse iyo (…)
Bobi Wine yahanganye n’uburinzi bukaze muri Karamoja, bimubuza kwerekeza mu bice bya Moroto na Napak
Umukandida wa Perezida w’ishyaka NUP, Robert Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine, yagize ingorane mu rugendo rwo kwiyamamaza muri Karamoja, aho abapolisi n’ingabo bamubuza kugera mu turere twa Moroto na Napak, bituma abafana be bategereza igihe kirekire.
Nk’uko akanama ka komisiyo y’amatora kabivuga, Bobi Wine yari ateganyirijwe kwiyamamaza mu turere twa Amudat, Moroto na Napak. Ku wa kabiri, yabuze uburyo bwo kugera muri Moroto na Napak, ibintu byateje umujinya mu bafana be bategereje amasaha (…)
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko Venezuela izashyikiriza Amerika hagati ya miliyoni 30 na 50 z’ingunguru za peteroli zari zarafatiwe ibihano, zikazagurishwa ku giciro cy’isoko amafaranga avuyemo akagenzurwa na Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
Trump yavuze ko ayo mafaranga azakoreshwa mu nyungu z’abaturage ba Venezuela n’aba Amerika.
Ubuyobozi bwa Amerika buvuga ko iyo peteroli yamaze gukurwa mu butaka, igice kinini kikaba kiri mu mato kigiye kujyanwa mu (…)
AFC/M23 irashinja intumwa y’Umuryango w’Abibumbye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (MONUSCO) kuba ifite uruhare mu gitero cya drone cyahitanye nibura abantu 10 kandi bikomeretsa abandi barenga 50 ku wa 4 Mutarama muri Masisi-Centre, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.
Mu itangazo yashyize ku rubuga rwa X ku Cyumweru, umuvugizi wa AFC/M23, Lawrence Kanyuka, yavuze ko ibikorwa byo gucukumbura amakuru (reconnaissance) bya MONUSCO bifasha Ingabo zishyigikiye Leta ya Kinshasa gukora (…)
Minisitiri w’Intebe wa Qatar yaburiye ko kutubahiriza amasezerano yo guhagarika imirwano ya Gaza buri munsi bibangamira amasezerano yose, kuko yasabye ko habaho intambwe yihutirwa mu cyiciro gikurikira cy’amasezerano yo kurangiza intambara ya Isiraheli ku karere k’Abanyapalestina kagoswe.
Sheikh Mohammed bin Abdulrahman bin Jassim Al Thani yatanze ubu butumwa nyuma y’ibiganiro na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Marco Rubio i Washington kuwa gatatu, aho (…)
Hatangiye ibikorwa byo gushyingura abishwe mu gitero cyo kurasa abantu cyabereye ku mucanga wa Bondi Beach muri Sydney, aho ibihumbi by’abantu bateraniye hamwe mu gusezera Rabbi Eli Schlanger, umwe mu bishwe.
Rabbi Schlanger yari umwe mu bantu 15 bishwe ubwo abagabo babiri barasaga imbaga y’abantu bari bitabiriye umunsi mukuru wa Hanukkah, umunsi wawo wa mbere. Minisitiri w’Intebe wa Ositaraliya yatangaje ko abagabye icyo gitero bisa n’aho batumwe n’umutwe w’iterabwoba wa Islamic State (…)
Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi woroheje icyemezo wari warafashe cyo guhagarika burundu kugurisha imodoka nshya zikoresha lisansi na mazutu guhera mu mwaka wa 2035. Ibi byabaye nyuma y’igitutu cyaturutse ku nganda zikora imodoka, zivuga ko zihura n’ibibazo bikomeye birimo gutakaza imirimo, gufunga inganda no guhangana n’ipiganwa rikomeye ku isoko mpuzamahanga, cyane cyane riturutse mu Bushinwa.
Mu cyemezo gishya, abakora imodoka bazemererwa gukomeza kugurisha umubare muto w’imodoka bavuga (…)
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.























