Komisiyo y’Ubumwe bw’Uburayi yatangaje ko nta zamurwa ry’imisoro (tariffs) izemera ku bicuruzwa byoherezwa muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, nyuma y’uko Urukiko rw’Ikirenga rwa Amerika ruhagaritse amategeko yari yemereye Perezida Donald Trump gushyiraho imisoro ya rusange ku mbuto zose ziva mu mahanga.
Nyuma y’icyo cyemezo, Perezida wa Leta zunze ubumwe z’Amerika yashyizeho misoro mishya ya 10% ku bicuruzwa byose byinjira mu gihugu, kugera kuri 15% umunsi wakurikiyeho. Ibi byateje impaka (…)
Ubuyobozi bwa Trump bwongereye iminsi ku itegeko ryo guhagarika ingendo muri Amerika harimo ibihugu nka Burkina Faso, Mali, Nijeri, Sudani y’Epfo na Siriya, hanyuma banongera amabwiriza ku bashobora kujya cyangwa kwimukira muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
Ni Itangazo ryatangajwe kuwa kabiri i Washington, ryongereye ibihugu bitanu ku rutonde bihanganye n’itegeko ryo guhagarika ingendo burundu, mu gihe rishyiraho andi mategeko ku bindi bihugu 15, birimo Nijeriya, Senegali, Ivory Coast na (…)
Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi (EU) watanze ibisobanuro bishya ku mushinga wawo wo gukoresha miliyari z’amayero z’umutungo w’Uburusiya wafatiriwe mu rwego rwo gushyigikira Ukraine mu ntambara no mu bukungu mu myaka ibiri iri imbere . Uyu mushinga wahuye n’imbogamizi ziturutse mu Bubiligi, bavuga ko ushobora kugira ingaruka z’imari n’amategeko. Perezida wa Komisiyo y’Uburayi, Ursula von der Leyen, yatangaje ku wa Gatatu ko EU igamije gufasha Ukraine kubona ibice bibiri bya gatatu (…)
Perezida w’Ubufaransa, Emmanuel Macron, yatangiye uruzinduko rw’iminsi itatu mu Bushinwa, rugamije ahanini gushimangira ibiganiro kuri Ukraine, ubucuruzi, ukubangamirwa mu karere ka Pacific bitewe n’ubushinwa no ku burenganzira bwa muntu. Macron yagerageje kugaragaza umwanya ukomeye w’Uburayi ku Bushinwa ariko agasa n’ugendera kure ibyatuma Beijing igira icyo yakira nabi. Abasesenguzi bavuga ko ukwiyongera k’ubushobozi n’ubuhangange bw’Ubushinwa gushyira igitutu ku bucuruzi, (…)
Ubuyobozi bw’inzibacyuho muri Haiti bwatangaje itariki y’amatora rusange, amatora ya mbere igihugu kizaba kibonye mu myaka hafi icumi. Ni intambwe ikomeye mu kugarura ubutegetsi bwa demokarasi, n’ubwo urugomo rw’imitwe yitwaje intwaro rukomeje kubangamira umutekano w’igihugu. Inama y’Igihugu Ishinzwe Amatora (CEP) yatangaje ko icyiciro cya mbere cy’amatora ya perezida n’abo mu nteko ishingamategeko kizaba muri Kanama 2026. Ariko ikomeza ivuga ko kubanza kugarura umutekano mu gihugu ari cyo (…)
Imiryango ibiri y’itangazamakuru mu Bufaransa yajyanye ubutegetsi bwa Israel mu rukiko i Paris, ibashinja kubuza abanyamakuru b’Abafaransa kwinjira no gutara amakuru mu gace ka Gaza, ibintu byafashwe nk’igihamya cyo guca intege ubwisanzure bw’itangazamakuru. Ishyirahamwe ry’Abanyamakuru (SNJ) n’Ihuriro Mpuzamahanga ry’Abanyamakuru (IFJ) byemeje ko byatanze ikirego ku “kubangamira umwuga w’itangazamakuru”. Bivuga ko uburyo Israel ibuza abanyamakuru kwinjira mu gace ka Gaza na raporo zivuga (…)
Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky arerekeza mu Bufaransa kuri uyu wa Mbere, ku nshuro ya kabiri mu byumweru bibiri, mu gihe igihugu cye gihanganye n’ibihe bikomeye bya politiki n’intambara kuva Uburusiya bwagaba ibitero mu 2022.
Ibiganiro na Perezida Emmanuel Macron biza kuba mu gihe Leta Zunze Ubumwe za Amerika zishyira igitutu kuri Kyiv ngo yemere umugambi mushya wo kurangiza intambara, mu gihe Ukraine iri mu rusobe rw’ibibazo bya ruswa yagaragaye kubayobozi bakuru.
Perezidansi (…)
Ibihugu bya Sri Lanka na Indonesia byohereje ingabo kuri uyu wa Mbere mu gufasha abahuye n’ibyago byatewe n’imyuzure ikomeye yibasiye ibice bine by’Asia, ikaba imaze guhitana hafi abantu 1,000. Imvura idasanzwe yaguye mu cyumweru gishize yibasiye igihugu cya Sri Lanka cyose, ndetse n’uturere twa Sumatra muri Indonesia, Thailand y’Amajyepfo ndetse na Malaysia y’Amajyaruguru. Perezida wa Indonesia, Prabowo Subianto, wageze mu majyaruguru ya Sumatra kuri uyu wa Mbere, yavuze ko “ibikorwa bya (…)
Perezida Donald Trump yategetse iperereza ryihuse ryo kugenzura abantu bose bafite Green Card baturuka mu bihugu ubuyobozi bwe bwita "ibihugu biteye impungenge", nyuma y’aho abasirikare barinda umukuru w’igihugu bagabweho igitero ku wa Gatatu. Ibi byatangajwe ku wa Kane n’umuyobozi w’Ikigo gishinzwe Abimukira n’Abanyamahanga (USCIS), Joseph Edlow. Ubuyobozi bwa Trump bwemeje ko bugiye gusuzuma imiterere y’amategeko y’abimukira bose bafite uburenganzira bwo gutura muri Leta Zunze Ubumwe za (…)
Papa Leo XIV aratangira kuri uyu wa Kane uruzinduko rwe rwa mbere hanze y’Ubutaliyani kuva yatororwa muri Gicurasi, aho agiye muri Turukiya mu rwego rwo kuganira ku mahoro no gushimangira ubumwe bw’amadini. Mu murwa mukuru Ankara, biteganyijwe ko arahura na Perezida Recep Tayyip Erdogan ndetse n’abayobozi b’inzego zitandukanye, mbere yo gukomereza i Istanbul. Uyu muyobozi w’Idini Gaturiki ku Isi rifite abakirisitu bagera kuri miliyari 1.4 ni bwo bwa mbere agiye mu mahanga, uruzinduko rwe (…)
Urukiko rw’Ikirenga rw’u Bufaransa ku wa Gatatu rwemeje burundu igihano cyahawe wahoze ari Perezida Nicolas Sarkozy, cy’uko yasohoye amafaranga mu buryo bunyuranyije n’amategeko mu bukangurambaga bwo kwiyamamaza mu matora yo mu 2012. Ni imyanzuro ikomeje gukomeretsa izina rye mu murage wa politiki ya Sarkozy, umaze igihe wugarijwe n’ibibazo by’ubutabera. Iki cyemezo kije gikurikira urubanza rundi ruherutse kumushyira mu mateka nk’umuperezida wa mbere w’u Bufaransa nyuma y’Intambara ya II (…)
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.





















