Friday . 17 July 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 16 July » Lioner Messi yageze ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Isi cya 2026 – read more
  • 14 July » France na Espagne ziracakirana mu mukino wa 1/2 cy’Igikombe cy’Isi 2026: Mbappé na Yamal bahanganiye itike yerekeza ku mukino wa nyuma – read more
  • 13 July » Lamine Yamal yujuje imyaka 19: Umwana w’igitangaza ukomeje kwandika amateka muri ruhago y’Isi – read more
  • 13 July » BK Pro League Awards 2026: Abakinnyi babaye intyoza bashimiwe ku mugaragaro – read more
  • 9 July » Morocco irashaka kwihimura kuri France mu mukino w’ishiraniro wa 1/4 cy’Igikombe cy’Isi 2026 – read more

Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza yanze kuzitabira gushyingura Umugabo w’Umwamikazi w’Ubwongereza

Sunday 11 April 2021
    Yasomwe na

Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza Alexander Boris de Pfeffel Johnson yatangaje ko kubera impamvu zo kwirinda gukwirakwiza icyorezo cya Coronavirusi i Bwami mu Bwongereza atazitabira umuhango wo gushyingura Igikomangoma, Orince Philip, akaba n’Umugabo w’Umwamikazi w’Ubwongereza Elizabeth II.

Johnson yavuze ko kubera umubare muke w’abateganyijwe kujya muri ibyo birori kubera kubahiriza inganba zo kwirinda Coronavirusi, yemeye guharira ab’Ibwami hafi cyane bakaba ari bo bazajya gushyingura Prince Philip kuri Chapel yitiriwe Mutagatifu George ku Ngori ya Winsa.

Muri uyu muhango biteganyijwe ko azabawitabira batarenze 30 bityo Boris Johnson agasanga bikwiye ko hahabwa amahirwe cyane abo mu muryango wa Prince Philip n’i Bwami nk’Ibikomangoma, abuzukuru n’abavandimwe.

Prince Philip yitabye Imana ku wa Gatanu, tariki ya 9 Mata afite imyaka 99 y’amavuko.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru