Friday . 17 July 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 16 July » Lioner Messi yageze ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Isi cya 2026 – read more
  • 14 July » France na Espagne ziracakirana mu mukino wa 1/2 cy’Igikombe cy’Isi 2026: Mbappé na Yamal bahanganiye itike yerekeza ku mukino wa nyuma – read more
  • 13 July » Lamine Yamal yujuje imyaka 19: Umwana w’igitangaza ukomeje kwandika amateka muri ruhago y’Isi – read more
  • 13 July » BK Pro League Awards 2026: Abakinnyi babaye intyoza bashimiwe ku mugaragaro – read more
  • 9 July » Morocco irashaka kwihimura kuri France mu mukino w’ishiraniro wa 1/4 cy’Igikombe cy’Isi 2026 – read more

Mu minsi 7 ishize i Kigali hamaze kuboneka abantu 4 banduye coronavirus

Monday 15 June 2020
    Yasomwe na

By Imfurayabo Pierre

Icyorezo cya coronavirus cyugarije isi n’urwanda rurimo kigenda gifata indi ntera aho mu rwanda habarirwa abagera kuri 582 banduye iyindwara ya coronavirus.
Urwanda ruri mu bihugu byafashe ingamba zo guhashya icyorezo cya coronavirus gusa hagiye havuka ibibazo bimwe nabimwe byabantu bagenda baturuka hanze y’igihugu bigatuma mu rwanda umubare wabarwaye coronavirus wiyongera

Mu minsi 7 ishize i Kigali hamaze kuboneka abantu 4 banduye coronavirus

kuva kuri uyu wa mbere taliki ya 15 kamena harafatwa ibipimo by’abantu benshi hirya no hino muri kigali kugirango harebwe niba koko indwara yaba yarageze mu baturage

ibi bizamini nibyo bizagenderwaho kugirango hafatwe ingamba nshya zo gukomeza guhasya icyorezo cya coronavirus.

Minisiteri y’ubuzima iratangaza ko icyizere kigihari kandi ko kwirinda coronavirus ari inshingano za buri muturarwanda

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru