Tuesday . 3 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 3 March » ISRAEL YEMEJE IBITERO MURI LIBAN NA IRAN ICYARIMWE – read more
  • 1 March » Gicumbi: Abarwanashyaka ba Green Party basabwe guhangana n’ibiyobyabwenge – read more
  • 24 February » Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w’igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani – read more
  • 24 February » Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica – read more
  • 23 February » Ubumwe bw’Uburayi (EU) yatangaje ko itazemera izamurwa ry’imisoro ku bicuruzwa byoherezwa muri Amerika nyuma y’icyemezo cy’Urukiko rw’Ikirenga – read more

Mu minsi 7 ishize i Kigali hamaze kuboneka abantu 4 banduye coronavirus

Monday 15 June 2020
    Yasomwe na

By Imfurayabo Pierre

Icyorezo cya coronavirus cyugarije isi n’urwanda rurimo kigenda gifata indi ntera aho mu rwanda habarirwa abagera kuri 582 banduye iyindwara ya coronavirus.
Urwanda ruri mu bihugu byafashe ingamba zo guhashya icyorezo cya coronavirus gusa hagiye havuka ibibazo bimwe nabimwe byabantu bagenda baturuka hanze y’igihugu bigatuma mu rwanda umubare wabarwaye coronavirus wiyongera

Mu minsi 7 ishize i Kigali hamaze kuboneka abantu 4 banduye coronavirus

kuva kuri uyu wa mbere taliki ya 15 kamena harafatwa ibipimo by’abantu benshi hirya no hino muri kigali kugirango harebwe niba koko indwara yaba yarageze mu baturage

ibi bizamini nibyo bizagenderwaho kugirango hafatwe ingamba nshya zo gukomeza guhasya icyorezo cya coronavirus.

Minisiteri y’ubuzima iratangaza ko icyizere kigihari kandi ko kwirinda coronavirus ari inshingano za buri muturarwanda

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru