Wednesday . 4 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 3 March » ISRAEL YEMEJE IBITERO MURI LIBAN NA IRAN ICYARIMWE – read more
  • 1 March » Gicumbi: Abarwanashyaka ba Green Party basabwe guhangana n’ibiyobyabwenge – read more
  • 24 February » Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w’igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani – read more
  • 24 February » Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica – read more
  • 23 February » Ubumwe bw’Uburayi (EU) yatangaje ko itazemera izamurwa ry’imisoro ku bicuruzwa byoherezwa muri Amerika nyuma y’icyemezo cy’Urukiko rw’Ikirenga – read more

Mu rwanda hagaragaye ubwiyongere bwinshi bw’abantu barwaye coronavirus

Saturday 13 June 2020
    Yasomwe na

Kuri uyu wa Gatandatu mu Rwanda habonetse abantu 31 banduye coronavirus bituma umubare wose hamwe wabanduye ugera kuri 541
Aba Bose babonetse i Rusumo ho mu karere ka kirehe ndetse no mu karere ka rusizi gasanzwe kari muri gahunda ya guma murugo kubera icyorezo cya coronavirus cyakunze kuhagaragara

Kugeza ubu mu rwanda habarirwa abagera kuri 541 bamaze kwandura coronavirus naho abagera kuri 332 bamaze kuyikira hiyongereyeho 11 bakize uyu munsi, abakirwaye iyi ndwara murwanda ni 207. iyi ndwara kandi imaze guhitana abanyarwanda 2.

Minisiteri yubuzima mu rwanda irasaba Abaturarwanda bose gukomeza kwitwararika birinda indwara ya coronavirus kandi bakurikiza amabwiriza bahabwa na leta.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru