Friday . 17 July 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 16 July » Lioner Messi yageze ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Isi cya 2026 – read more
  • 14 July » France na Espagne ziracakirana mu mukino wa 1/2 cy’Igikombe cy’Isi 2026: Mbappé na Yamal bahanganiye itike yerekeza ku mukino wa nyuma – read more
  • 13 July » Lamine Yamal yujuje imyaka 19: Umwana w’igitangaza ukomeje kwandika amateka muri ruhago y’Isi – read more
  • 13 July » BK Pro League Awards 2026: Abakinnyi babaye intyoza bashimiwe ku mugaragaro – read more
  • 9 July » Morocco irashaka kwihimura kuri France mu mukino w’ishiraniro wa 1/4 cy’Igikombe cy’Isi 2026 – read more

Nicolas Sarkozy wayoboye Ubufaransa yagarutse mu Rwanda

Thursday 28 January 2021
    Yasomwe na

Nicolas Sarkozy wahoze ari Perezida w’u Bufaransa ari mu Rwanda mu ruzinduko rwe bwite rukurikira urundi nk’uru yahagiriye mu myaka ibiri ishize.

Sarkozy yayoboye u Bufaransa hagati ya 2007 na 2012, ni we Perezida w’u Bufaransa wasuye u Rwanda nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.

Tariki ya 25 Gashyantare 2010, yemera ko muri ayo mateka mabi hari “amakosa yakozwe n’Abanyapolitiki b’u Bufaransa, amakosa yakozwe muri Opération Turquoise".

IGIHE dukesha iyi nkuru cyatangaje ko uruzinduko rwa Sarkozy yagiriye mu Rwanda, rwabaye umwanya mwiza kuri we wo gusura bimwe mu bice nyaburanga by’igihugu, by’umwihariko kuri uyu wa Kane yasuye Ingagi mu Birunga.

Mu 2018 ubwo yazaga mu Rwanda yari kumwe n’Umuyobozi Mukuru w’Ikigo gikora Ubwikorezi bw’Ibicuruzwa byambuka Imipaka mu ndege, ku butaka no mu mazi, Cyrille Bollorép.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru