Rurindo: Hakizimana Cyprien yamenewe ikigajye kuko yanze gutanga ruswa
Ubusanzwe gucuruza no kungwa inzoga za gakondo biremewe urwangwa,ikigajye,umutobe n’ibindi bikomoka kubihingwa nibyo bituma uyumuturage Hakizimana cyprien utuye murenge wa Murambi mu karere ka Rurindo avuga ko yarenganyijwe bakamumenera ikiganjye agatanga na mande kuko yanze guha ruswa ushijwe kurwanya ibiyobyabwenge mu murenge wa masoro ariko yakorega mu mirenge itandukanye.
Hakizimana yagize ati “nenga ikigajye nka nakora amandazi, ushijwe imibereho myiza (sedo)mu kagari kacu akaza kubwira ngo muhe amafanga ninanga azavuga ko shyiramo ibindi bintu, nanze bamene ibyo cyuruza baranafungire, ntangira kujya muha amafanga we nushijwe kurwanya ibiyobya bwenge mu mirenge itandukanye muri Rurindo Ntibizigira Simeon, mbonye mpomba ndabireka bazanye n’ubuyobozi ikigajye baracyimena kuko bahasanze umusemburo wa mandanzi
inzoga bimenwa zidapimwe ngo hamenyekane uburozi burimo
kandi koranamandizi abantu bose babizi,narasobanuye ntibanyumva baca namande,hashije iminsi sedo na Ntibizagira bagaruka babwira ko ntintabaha amafanga bazafungisha aho nkorera burundu najye nkajyanwa mu bigo byinzerezi nibwo nabemereye kuyabaha, mpahamagara ababafata babarega ruswa”.
Hakizimana akomeza agira ati “Kwitariki 9/12/2018 nibwo bafashe Ntibizigira arengwa kwacyira ruswa afatirwa marenge mukabari nyamuha ajya kuburanira m’Urukiko rwa mbogo 28/12/2018 arekurwa byagateganyo kandi yarayafatangwe nagiye kubaza kurukiko rwa Mbogo babwirako babyoheje igicumbi mu Rukiko rwisumbuye ariho azaburanira.Yaraburanye katirwa imyaka 7 ariko kuko yari yararekuwe aburana arihanze yaratorotse amaze kumenyako yakatiwe, ibirero kuba icyaha kimuhama ni cyerena ko narenganye narinkwiye kwishurwa ibyajye byangiritse na mafaranga yamande na tanze”.
Gitanse yamande yatanze we avuga ko yakishyuwe
Uyu wari sedo wa kagari aho Hakizimana atuyemo nawe yafatangwe ruswa yaramuhaye ariko ageze mu Rukiko rwa gasabo rw’isumbuye agirwa umwere ibyo hakizimana yise kutagira ukurikirana uko urubanza rwaburanywe, uyu mu sedo akavuga ko yamwishuraga umwenda yari amubereyemo nkuko Ntibizigira nawe yabivuze ariko umucyamanza wa Gicumbi ntabihe agaciro kuko aterekanaga amasezerano y’umwena yari amurimo nkuko bigaragara mu nomero yurubanza RP/ECON 00001/2019/TGI/GIC mugihe umucamanze wa gasabo yagize umwere sedo nubwo urengwa yimerera ko yakiriye amafaranga hakaza na batangabuhamya bezako babonye yakira amafaranga ariko ngo hakabura icyemeza ko ari ruswa, nkuko bigaraga mu nomero yurubanza RP 01090/2017/TGI/GSBO(igituma twanze kuvuga izina rya sedo munkuru yacu nuko yagizwe umwere n’urukiko).
Umuyobozi wa karere ka Rurindo Kayiranga Emmaunel avaga ko ibyo biyoga biterwa naho byafatiwe iyo bagiye kubifata bagasanga hariyo bimwe bavangamo bitemewe, na nyirubwite akabyiyemerere barabimena tudapimishije.
Yagize ati “iyo tugiye kubifata dushingiye kumakauru twahahwe tugasanga hari yamafumbire,igisabune nibindi byishi bashyiramo bitemewe turabimena. Kuba Hakizimana avuaga ko yarenganye yari busabe gupisha inzoga ze akarekana ko ntabindi yashyizemo aho gutega abayobozi ruswa, inzoga zamenwe ntabwo twazishyura kuko uyumunsi yakwenga neza ejo akenga avangamo ubwo burozi bwose ibyo avuga ntaho bihuriye niba afite uko yabihuza azaregere indishyi m’Urukiko bamurihe naho akarere ntacyo twariha”.
Kayiranga akomeza avuga ko abaturage bakwiye kumenya ko niba inzego zimwe zamurenganyije ajya kuzisumbuye aho gushaka gutega ruswa nabyo suburyo bwiza ahubwo abaturage birinde kuyitanga batange amakuru ubuyobozi bubafashe .
Abaturage bakomeje kutanyurwa nuko inzego z’ubuyobozi zi bamenera inzoga kandi ntabyangiza bashyizemo basanga bibaye byiza bajya bapima mbere yuko bazimena iyo nyirazo abihakana,ariko bakemerako hari na bashyiramo ibyakwangiza ubuzima .


















